Prudence KWIZERA
@prudencekwizer1
University of Rwanda/ School of Journalism and Communication.
Chief Editor of Radio Salus.
ID: 968365106487812096
27-02-2018 06:00:07
3,3K Tweet
1,1K Takipçi
876 Takip Edilen
The Minister of Ministry of Youth and Arts | Rwanda, UTUMATWISHIMA, has encouraged university students to strengthen their command of Kinyarwanda and use it effectively. He also urged them to acquire foreign languages to enhance their employability and access diverse career opportunities.
Umugabo w’imyaka 27 wo muri Rutsiro District yishwe n’inkuba, uwo bari kumwe agwa igihumure. Ministry in charge of Emergency Management itangaza ko kuva mu 2016, inkuba zimaze guhitana abarenga 560, abarenga 1500 barakomereka, zica amatungo arenga 800. Ahahurira abantu benshi hakwiye imirindankuba ikora.
Hagati ya 21-28/02/2026 hateganyijwe imvura ishobora gutera imyuzure n'inkangu. Ministry in charge of Emergency Management yasabye abaturarwanda kwirinda no kurinda abandi, bakurikize inama bagirwa n'ubuyobozi.
Nyaruguru,Nyaruguru,Nyaruguru weeee….Tubahaye Ikaze #KibehoHolyLand & #TeaIndustry .Nyaruguru District
#TdRwanda2026 Kuva kuri Gare ya Huye yari yabasize yashyizemo intera, agera ku muhanda ujya i Nyamagabe intera ikirimo. Agiye kugera kuri Stade ya Huye yagiye ku ruhande arareka igikundi kimucaho❗️ Ibi byasobanurwa na Kayishema Tity Thierry. Kuki yagiye ku ruhande asa n'utanga inzira?
VIDEO: Minisitiri wa Ministry of Health | Rwanda, Dr Sabin Nsanzimana yasuye CHUB afungura ku mugaragaro ibikorwa bitandukanye by'ubuvuzi, bigamije kugeza serivise nziza ku baturage. #SalusAmakuru
Turashimira Government of Rwanda kongerera ubushobozi ibitaro CHUB no kuba izi serivisi zegerejwe abaturage ba @Rwandasouth na Western Province I Rwanda kandi zitangwa ku bakoresha ubwishingizi bwa Mituweli. Ubwisungane Bwacu nibwo Shingiro #Mituweli25
Muri Rubavu District kuri uyu wa Gatandatu, ikamyo yagonze ivatiri, moto n’abaturage bagenderaga ku ruhande rw’umuhanda, ihitana abantu 11, barimo umugore, umugabo n'abana babo 2. Iyi mpanuka yabaye ahagana 14:00 mu Murenge wa Gisenyi. Imana ibakire mu bayo.