Nyakiliba Sector
@nyakilibasector
The official X Account of Nyakiliba Sector | Rubavu District | Rwanda.
ID: 1389630331670700036
http://www.rubavudistrict.gov.rw 04-05-2021 17:18:00
344 Tweet
874 Followers
52 Following
#NyakilibaSector : ES Sector Tuyishime Bosco yasuye abanyeshuri bari gutegura ibizamini bya Leta, abifuriza kuzatsinda neza kdi abamenyesha ko gututubikana k’umuntu ariko kumuhesha umutsima. Rubavu District Rwanda Basic Education Board Western Province I Rwanda Ministry of Local Government | Rwanda NESA Rwanda Ministry of Education | Rwanda
#NyakilibaSector: ES Tuyishime Bosco paid a visit to the National Examination site, extending his best wishes to candidates. He encouraged them to give their best, reminding them that a knowledge-based economy is the foundation of sustainable dev’t. Rwanda Basic Education Board Rubavu District
#NyakilibaSector: Urubyiruko ruri mu biruhuko rwiyemeje gushyikikira indangagaciro remezo: Ubumwe, Umurimo, Ubupfura, Umurimo, Gukunda igihugu. My Right mindset, My better Future. Rubavu District Western Province I Rwanda Ministry of Local Government | Rwanda Tuyishime Bosco
#NyakilibaSector: Inama y’Inama Njyanama y’Umurenge irateranye uyu munsi kandi iremeza: 1. Imihigo y’Umurenge 2. Ibikorwa by’Umurenge 3. Ingengo y’imari izakoreshwa Harakabaho imiyoborere myiza ishyira umuturage ku isonga. Rubavu District Western Province I Rwanda Ministry of Local Government | Rwanda
Muri #Nyakiliba Hehe n’ingwingira! Bisigaye ari amateka! Dukomeze imihigo baturage bacu beza! Rubavu District Western Province I Rwanda Ministry of Local Government | Rwanda Tuyishime Bosco
#NyakilibaSector: Abaturage biyemeje kugaburira abana indyo yuzuye bababarinda igwingira n’indwara ziterwa n’imirire mibi, ni muri gahunda y’ubukangurambaga yateguwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire y’abana bato no kurengera Umwana (NCDA). Rubavu District Western Province I Rwanda
Muri iyi nama hanashimiwe Umurenge wa Nyakiliba Sector n'utugari 3 turi imbere muri iyi gahunda ku bw'uruhare bakomeje kugaragaza mu gukangurira abaturage kwitabira iyi gahunda yo kwizigamira.