Alice M.A (@alicekesha8) 's Twitter Profile
Alice M.A

@alicekesha8

Journaliste , Reporter and writter
Radio and news paper.

ID: 928556147375779841

calendar_today09-11-2017 09:33:32

176 Tweet

97 Followers

263 Following

Alice M.A (@alicekesha8) 's Twitter Profile Photo

Indatwa n'Inkesha ndabasuhuje , muri iyi midari niba harimo uwo wahataniye wubahwe. Isabukuru nziza y'imyaka 95 ishuri ryareze abahanga benshi rimaze. Groupe Scholaire ni nyinshi ariko Groupe Scholaire Officiel ni imwe mu Rwanda .

KINYAMATEKA (@kinyamateka_km) 's Twitter Profile Photo

Kuri iki cyumweru tariki ya 14 Nyakanga 2024, Urubyiruko rugera kuri 55 rwasoje inyigisho mu ishuri ry'urukundo n'ubutumwa ECM (Ecole de Charite et de Mission) mu Ruhango. Ni ishuri ryashyizweho na Kominote ya Emmanuel ari nayo irifasha ,rigamije gufasha urubyiruko rurangije

Kuri iki cyumweru tariki ya 14 Nyakanga 2024, Urubyiruko rugera kuri 55 rwasoje inyigisho mu ishuri ry'urukundo n'ubutumwa ECM (Ecole de Charite et de Mission) mu Ruhango. Ni ishuri ryashyizweho na  Kominote ya Emmanuel ari nayo irifasha  ,rigamije gufasha urubyiruko rurangije
RUHENGERI DIOCESE (@ruhengeridioces) 's Twitter Profile Photo

Ku wa 16/07 ni Umunsi mukuru wa Bikira Mariya Umwamikazi w'ubwiza bwa Karumeli. Mu Gahunga hahuriye Abaskapulari ku rwego rw'Igihugu. Misa yayobowe na Padri Audace Ishimwe, Padri Mukuru wa Paruwasi Gahunga. Abakristu 50 bambaye Sikapulari ya Bikira Mariya Umwamikazi wa Karumeli.

Ku wa 16/07 ni Umunsi mukuru wa Bikira Mariya Umwamikazi w'ubwiza bwa Karumeli. Mu Gahunga hahuriye Abaskapulari ku rwego rw'Igihugu. Misa yayobowe na Padri Audace Ishimwe, Padri Mukuru wa Paruwasi Gahunga. Abakristu 50 bambaye Sikapulari ya Bikira Mariya Umwamikazi wa Karumeli.
Alice M.A (@alicekesha8) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa 12 Kanama 2024. Papa Fransisko yotereye Padiri Jean Bosco Ntagungira kuba Umwepiskopi wa Diyosezi ya Butare. Padiri Jean Bosco yari Padiri Mukuru wa Paruwasi Regina Pacis I Remera muri Arikidiyosezi ya Kigali Ari nawe washinze Television ya Pacis. Radio Maria Rwanda

Kuri uyu wa 12 Kanama 2024. Papa Fransisko yotereye Padiri Jean Bosco Ntagungira kuba Umwepiskopi wa Diyosezi ya Butare. Padiri Jean Bosco yari  Padiri Mukuru wa Paruwasi Regina Pacis I Remera muri Arikidiyosezi ya Kigali Ari nawe washinze  Television ya Pacis. <a href="/RwandaMaria/">Radio Maria Rwanda</a>
KINYAMATEKA (@kinyamateka_km) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Kamena 2025, mu bitaro bya Mibilizi byaragijwe mutagatifu Yosefu, Mgr Edouard Sinayobye, Umwepiskopi wa Diyosezi Gatolika ya Cyangugu yayoboye umuhango wo Gushyira ibuye ry'ifatizo ahari kubakwa inzu y'ababyeyi( Maternité) no guha umugisha ikiciro

Kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Kamena 2025, mu bitaro bya Mibilizi byaragijwe mutagatifu Yosefu, Mgr Edouard Sinayobye, Umwepiskopi wa Diyosezi Gatolika ya Cyangugu yayoboye umuhango wo  Gushyira ibuye ry'ifatizo ahari kubakwa inzu y'ababyeyi( Maternité)  no guha umugisha ikiciro
Alice M.A (@alicekesha8) 's Twitter Profile Photo

Amakuru mashya. Kiliziya Gatolika igiye gutangiza Kaminuza izajya ifasha abihayimana n'abalayiki kwiga amasomo ya Tewologiya bityo bakagira impamyabumenyi za Kaminuza zemewe na Kikiziya . Source: Kinyamateka

Isabelle Dusengimana (@duduisabelle) 's Twitter Profile Photo

Umunsi wa 2 w'amahugurwa ku buringanire n’umutekano w'abanyamakuru:Kugira ngo ubashe gutara inkuru y'ahantu hatari umutekano,bisaba kwitegura neza kugira ngo iyo nkuru uyibone itagushyize mu kaga kuko umunyamakuru mwiza ni uriho Basutama Judith Solange AYANONE Rwanda Journalists Association - ARJ IFJ

Umunsi wa 2 w'amahugurwa ku buringanire n’umutekano w'abanyamakuru:Kugira ngo ubashe gutara inkuru y'ahantu hatari umutekano,bisaba kwitegura neza kugira ngo iyo nkuru uyibone itagushyize mu kaga kuko umunyamakuru mwiza ni uriho <a href="/BasutamaJ/">Basutama Judith</a>  <a href="/SolangeAyanone/">Solange AYANONE</a> <a href="/ARJ_Rwanda/">Rwanda Journalists Association - ARJ</a> <a href="/IFJGlobal/">IFJ</a>
Alice M.A (@alicekesha8) 's Twitter Profile Photo

Gender and safety , good topic for discussion. Aya mahugurwa ni ingirakamaro ku buringanire n’umutekano w'abanyamakuru, Rwanda Journalists Association - ARJ na IFJ mwakoze cyane kuri aya mahugurwa.

Alice M.A (@alicekesha8) 's Twitter Profile Photo

Abana bato barererwa mw'irerero rya Caritas Diocésaine Kabgayi, basuye CEFOPPAK ikigo gitanga amahugurwa y'ubuhinzi n'ubworozi bubungabunga ibidukikije. Basuye bimwe mu bikorwa by'icyo kigo banaganirizwa n'abahakorera. Ni urugero rwiza rwo kwigisha abakiri bato kwita ku bidukikije.

Abana bato barererwa mw'irerero rya  <a href="/KabgayiCaritas/">Caritas Diocésaine Kabgayi</a>, basuye <a href="/cefoppaka/">CEFOPPAK</a> ikigo gitanga amahugurwa y'ubuhinzi n'ubworozi bubungabunga ibidukikije. 
Basuye bimwe mu bikorwa by'icyo kigo banaganirizwa n'abahakorera. Ni urugero rwiza rwo kwigisha abakiri bato kwita ku bidukikije.
KINYAMATEKA (@kinyamateka_km) 's Twitter Profile Photo

Minisiteri y'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango ivuga ko hakenewe ubufatanye bw'inzego zitandukanye mu gukemura ibibazo byugarije umuryango kinyamateka.rw/#/anyuranye/Tm…

Minisiteri y'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango ivuga ko hakenewe ubufatanye bw'inzego zitandukanye mu gukemura ibibazo byugarije umuryango kinyamateka.rw/#/anyuranye/Tm…
Alice M.A (@alicekesha8) 's Twitter Profile Photo

Kibeho yatangaje gahunda izagenderwaho k'umunsi mukuru wa Asomusiyo uzaba ku wa Gatanu tariki ya 15/08 n'ibyo abantu bazajya guhimbaza umunsi mukuru w'ijyanwa mu ijuru rya Bikiramariya bazitwaza .Kibeho Radio Maria Sanctuaire Notre-Dame de Kibeho Nyaruguru District muriteguye kwakira abashyitsi ?

Kibeho yatangaje gahunda izagenderwaho k'umunsi mukuru wa Asomusiyo uzaba  ku wa Gatanu tariki ya 15/08 n'ibyo abantu bazajya guhimbaza umunsi mukuru w'ijyanwa mu ijuru rya Bikiramariya bazitwaza .<a href="/kibehoradiomari/">Kibeho Radio Maria</a> <a href="/kibehosanctuary/">Sanctuaire Notre-Dame de Kibeho</a> <a href="/NyaruguruDistr/">Nyaruguru District</a> muriteguye kwakira abashyitsi ?
KINYAMATEKA (@kinyamateka_km) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2025, Papa Leo XIV aratangira uruzinduko mu bihugu bya Turukiya na Libani. Uru ruzinduko rwa mbere Papa Leo XIV agiye kugirira mu kindi gihugu ruteganyijwemo igikorwa cyo guhimbaza imyaka 1700 y'Inama ya Niseya yemerejwemo igice kinini

Kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2025, Papa Leo XIV aratangira uruzinduko mu bihugu bya Turukiya na Libani. 

Uru ruzinduko rwa mbere Papa Leo XIV agiye kugirira mu kindi gihugu ruteganyijwemo igikorwa cyo guhimbaza imyaka 1700 y'Inama ya Niseya yemerejwemo igice kinini
Alice M.A (@alicekesha8) 's Twitter Profile Photo

Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Mata 2026 ku Rwibutso rw'akarere rwa Kinazi mu karere ka Ruhango habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 no gushyingura mu cyubahiro imibiri 35 yimuwe.

Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Mata 2026  ku Rwibutso rw'akarere rwa  Kinazi  mu karere ka Ruhango habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 no gushyingura mu cyubahiro imibiri 35 yimuwe.