I LoVe @Frica (@sam882021) 's Twitter Profile
I LoVe @Frica

@sam882021

Inyenyeri nubwo yapfukiranwa irakomeza ikamurika.

ID: 1376905867480678407

calendar_today30-03-2021 14:35:35

2,2K Tweet

219 Followers

543 Following

I LoVe @Frica (@sam882021) 's Twitter Profile Photo

Abanyamerika n’Abanyaburayi kudufata gutyo si byiza. Ariko se iyo utereye amaso muri Afrika, ubona ibyo bavuga bidahari? Inkunga, inguzanyo n’ubufasha byose biturukayo. Inama yanjye: kebura abanyabubasha ba Afrika bagafashe ababo kuva mu bukene. Imitungo ijyanwa i Burayi ni ???

I LoVe @Frica (@sam882021) 's Twitter Profile Photo

Umunyamabanga ushinzwe ingabo z'Amerika zirwanira mu mazi yavanywe ku mwanya we 'aka kanya' – Pentagon bbc.in/3QhfOBv #US

I LoVe @Frica (@sam882021) 's Twitter Profile Photo

Uwigisha mu mashuri abanza agomba kuba yararangije Kaminuza: Impinduka zitezwe mu burezi mobile.igihe.com/amakuru/rwanda…

I LoVe @Frica (@sam882021) 's Twitter Profile Photo

I don’t care about people who go to nightclubs. If you don’t have money, stay at home. Where are you going? - President Museveni

I LoVe @Frica (@sam882021) 's Twitter Profile Photo

Ingabo za Amerika zinjiye mu bwato butwaye ibitoro bya Iran’ mu nyanja y’Ubuhinde Amashusho yerekanye amasirikare bamanukira ku migozi bava muri kajugujugu binjira ku bwato butwaye ibyo bitoro... bbc.in/3Qnts64

Oswald Oswakim (@oswaki) 's Twitter Profile Photo

Si ngaho! Moto zikoresha lisansi zigiye gukumirwa ku isoko ry’u Rwanda Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Amb Jean de Dieu Uwihanganye, yatangaje ko moto zikoresha lisansi cyangwa mazutu zigiye guhagarikwa kwinjira ku isoko ry’u Rwanda, abantu bakayoboka

Si ngaho! 

Moto zikoresha lisansi zigiye gukumirwa ku isoko ry’u Rwanda

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Amb Jean de Dieu Uwihanganye, yatangaje ko moto zikoresha lisansi cyangwa mazutu zigiye guhagarikwa kwinjira ku isoko ry’u Rwanda, abantu bakayoboka
Mama Urwagasabo Tv (@mamaurwagasabo1) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa Kane, ahagana saa munani z'amanywa, ku ishuri rya G.S Saint Augustin Giheke, riri mu murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi, umunyeshuri yakubise umwarimu ingumi hejuru y'ijisho, ubwo yari amuhaye igihano. Uyu munyeshuri yahise atoroka mu gihe umwarimu yajyanwe kwa

Kuri uyu wa Kane, ahagana saa munani z'amanywa, ku ishuri rya G.S Saint Augustin Giheke, riri mu murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi, umunyeshuri yakubise umwarimu ingumi hejuru y'ijisho, ubwo yari amuhaye igihano. Uyu munyeshuri yahise atoroka mu gihe umwarimu yajyanwe kwa