Njyewe Munyakazi Sadate sinigeze mpitamo kuvukira mu Rwanda, sinigeze mpitamo kuba Umunyarwanda kandi nta muntu numwe wabigizemo uruhare, ahubwo iri ni igeno.
Kuba rero kuba Umunyarwanda ntarabigizemo uruhare cyangwa ngo hagire ubigiramo uruhare, niyo mpamvu nta nugomba na rimwe