RUKUNDO Elie
@rukelie02
ID: 772420119985328129
04-09-2016 13:04:42
262 Tweet
34 Takipçi
97 Takip Edilen
#Kwibuka30 Abayobozi mu nzego zitandukanye mu Karere ka Nyarugenge District muri City of Kigali imiryango y'Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bateraniye kuri St Famille aharimo kwibukwa ibihumbi by'Abatutsi baguye muri Rugenge, CELA, St Paul na Calcutta muri Jenoside MUHIMA SECTOR
1/2. Umuryango wa #IBUKA mu Murenge wa Kimisagara ku bufatanye n'Ubuyobozi bw'uwo murenge bishimiye ibyiza byagezweho mu myaka 30 ishize u Rwanda rwibohoye igikorwa cyitabiriwe n'umuyobozi wa IBUKA ku rwego rw'akarere. Unity Club
🎥AMASHUSHO🎥 Mu gihe kuri uyu munsi, i Dallas, Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hatangiye #RwandaConvention2025, ikigo cy'ubwishingizi SONARWA General Insurance kibukije Abanyarwanda batuye mu mahanga, ko igihe bagiye gushora imari mu Rwanda bajya bazirikana gufata ubwishingizi.
Rameck Gisanintwari Indirimbo iri muruhe rurimi ko bose mbona bayizi
Rameck Gisanintwari Tekereza ko baruta abafana ba Rayon😂
Rameck Gisanintwari Ngirango ntago bitwa Abayehova ahubwo bitwa Abahamya ba Yehova
Rameck Gisanintwari Reba abantu iyo bagiye muri arena ukuntu imihanda yuzura 🤌🏾🤌🏾 Ibaze stade iyo uyujuje icyumweru cyose !! Ambutiyaje urayibona kugera mumihanda nyabugogo na kanzenze 🥱🥱🥱
Rameck Gisanintwari Iyi nimwe munyungu ya VisitRwanda campain bro. Tekereza igiceri basize mu Rwanda 🔥🔥🔥 bya bigarasha byarangiza ngo uRwanda rusesagura umutungu w’igihugu muri VisitRwanda 🇷🇼🇷🇼. Urebe ko haricyo bari bubivugeho kandi babimenye ko hari more than 40K JW From across the world
Rameck Gisanintwari Genda Rwanda uri nzizaa, 🫡 Kubayehova
Rameck Gisanintwari Nkunda kuntu binywera akantu hhhh
Rameck Gisanintwari Iyo ibikorwaremezo nk'iriya stade bihari events Zose ziraryoha.Harakabaho ubuyobozi butegura ejo hazaza heza cyanecyane mu bikorwaremezo.
Nyuma y'inkuru y'umukecure utuye mu Murenge wa Murunda, mu Karere ka Rutsiro District, igaragaza akababaro yaterwaga n'ipoto y'amashanyarazi yari ishinze mu gikoni cy'inzu atuyemo nta n'umuriro agira, ubu Rwanda Energy Group iri ku mufasha gukemura iki kibazo aho iri kwimura ipoto.