Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi

@manyagiro_g

The Official X account of Manyagiro Sector | Gicumbi District | Norther Province |

ID: 1947254407189401600

calendar_today21-07-2025 11:17:09

38 Tweet

27 Followers

57 Following

Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

Tariki ya 3 Ukwakira 2025, mu Murenge wa @Manyagiro, habereye inama y’abikorera n’abavuga rikumvikana igamije kurebera hamwe uko iterambere ry'umurenge ryanozwa, by’umwihariko hibandwa ku bibazo bibangamiye imibereho myiza y’abaturage.

Tariki ya 3 Ukwakira 2025, mu Murenge wa @Manyagiro, habereye inama y’abikorera n’abavuga rikumvikana igamije kurebera hamwe uko iterambere ry'umurenge ryanozwa, by’umwihariko hibandwa ku bibazo bibangamiye imibereho myiza y’abaturage.
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

Mu Murenge wa #Manyagiro wizihirije Umunsi w’Abageze mu zabukuru ku rwego rw'umurenge wizihirijwe mu Kagari ka Remera. wari umwanya wo gushimira Leta y’u Rwanda ku buryo ikomeje kwita ku basaza n’abakecuru, no kwibutsa ko kubitaho ari inkingi y’iterambere rirambye.

Mu Murenge wa #Manyagiro wizihirije Umunsi w’Abageze mu zabukuru ku rwego rw'umurenge wizihirijwe mu Kagari ka Remera.
 wari umwanya wo gushimira Leta y’u Rwanda ku buryo ikomeje kwita ku basaza n’abakecuru, no kwibutsa ko kubitaho ari inkingi y’iterambere rirambye.
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

Kuwa 15/10/2025 @ManyagiroSector hizihijwe umunsi mpuzamahanga w'Umugore wo mu cyaro ku nsanganyamatsiko: " Umugore ni uw' agaciro"ni umunsi waranzwe no gushimira abagore bakoze ibikorwa by'indashyikirwa no kuremera abagore no gusinya imihigo ya mutimawurugo. Gicumbi District

Kuwa 15/10/2025 @ManyagiroSector  hizihijwe umunsi mpuzamahanga w'Umugore wo mu cyaro ku nsanganyamatsiko: " Umugore ni uw' agaciro"ni umunsi waranzwe no gushimira abagore bakoze ibikorwa by'indashyikirwa no kuremera abagore no gusinya imihigo ya mutimawurugo.
<a href="/GicumbiDistrict/">Gicumbi District</a>
Gicumbi District (@gicumbidistrict) 's Twitter Profile Photo

Turi mu kwezi kwahariwe uruhare rw'umuturage mu Igenamigambi ry'Akarere. Muturage w'Akarere ka Gicumbi, ushobora gutanga ibitekerezo byawe wuzuza iyi fishi, uciye kuri iyi link.⤵️ forms.gle/yoaojkeJKKzgqR…

Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

Tariki ya 20 Ukwakira 2025, mu Murenge wa @Manyagiro habereye amahugurwa y’abagenerwabikorwa yihariye ku baturage bazorozwa muri gahunda ya Girinka 2025-2026.Amasomo yibanze ku kubungabunga ubuzima bw’inka, imyitwarire iboneye y’ufata inka, n’uburyo bwo kuzibyaza umusaruro.

Tariki ya 20 Ukwakira 2025, mu Murenge wa @Manyagiro habereye amahugurwa y’abagenerwabikorwa
yihariye ku baturage bazorozwa muri gahunda ya Girinka 2025-2026.Amasomo yibanze ku kubungabunga ubuzima bw’inka, imyitwarire iboneye y’ufata inka, n’uburyo bwo kuzibyaza umusaruro.
Gicumbi District (@gicumbidistrict) 's Twitter Profile Photo

Biri kuba: Umuyobozi w'Akarere Bwana Emmanuel NZABONIMPA yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Ministry of Health | Rwanda Bwana Yvan Butera uri muri ruzinduko rw'akazi mu karere ka Gicumbi. Aka kanya hakaba hari gusurwa ivuriro ry'ibanze ryo ku rwego rwa kabiri rya Gatuna.

Biri kuba: Umuyobozi w'Akarere Bwana <a href="/NzabonimpaEmmy/">Emmanuel NZABONIMPA</a> yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri <a href="/RwandaHealth/">Ministry of Health | Rwanda</a> Bwana <a href="/YvanButera/">Yvan Butera</a> uri muri ruzinduko rw'akazi mu karere ka Gicumbi. Aka kanya hakaba hari gusurwa ivuriro ry'ibanze ryo ku rwego rwa kabiri rya Gatuna.
Gicumbi District (@gicumbidistrict) 's Twitter Profile Photo

Uyu munsi, Umuyobozi w'Akarere yifatanyije n'abaturage bo muri Umurenge wa Nyankenke/Akarere ka Gicumbi, Akagari ka Butare mu nteko z'abaturage akaba yabasabye kurangwa n'isuku aho ariho hose no gukomeza kwirinda amakimbirane yo mu muryango ahubwo bakaba ba nkoreneza bandebereho.

Uyu munsi, Umuyobozi w'Akarere yifatanyije n'abaturage bo muri <a href="/Nyankenke_G/">Umurenge wa Nyankenke/Akarere ka Gicumbi</a>, Akagari ka Butare mu nteko z'abaturage akaba yabasabye kurangwa n'isuku aho ariho hose no gukomeza kwirinda amakimbirane yo mu muryango ahubwo bakaba ba nkoreneza bandebereho.
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

Uyu munsi, 28 Ukwakira 2025, mu tugari twose tugize umurenge wa Manyagiro habaye inteko y’abaturage yibanze ku isuku n’isukura. Abaturage basabwe gukomeza kugira uruhare mu kubungabunga isuku no kurwanya umwanda.

Uyu munsi, 28 Ukwakira 2025, mu tugari twose tugize umurenge wa Manyagiro habaye  inteko y’abaturage yibanze ku isuku n’isukura.
Abaturage basabwe gukomeza kugira uruhare mu kubungabunga isuku no kurwanya umwanda.
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

Umurenge wa Manyagiro,kuwa 8/11/2024,ES w’Umurenge wa Manyagiro,Bwana Rwitare Lambert,yifatanyije n’abagore mu muganda wihariye wo kubakira utishoboye muKagari ka Ryaruyumba.Umuganda wagaragajemo ubufatanye n’ubwitange,ukaba wari n’umwanya wo gukangurira abaturage kwimakaza isuku

Umurenge wa Manyagiro,kuwa 8/11/2024,ES w’Umurenge wa Manyagiro,Bwana Rwitare Lambert,yifatanyije n’abagore mu muganda wihariye wo kubakira utishoboye muKagari ka Ryaruyumba.Umuganda wagaragajemo ubufatanye n’ubwitange,ukaba wari n’umwanya wo gukangurira abaturage kwimakaza isuku
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

Kuwa 11Ugushyingo2025,mu tugari twose tugize #Manyagiro habaye intekoz’abaturage zigamije gukangurira abaturage kwitabira gahunda za Leta no kurushaho gukomeza isuku n’isukura mu ngo no mu midugudu.Abaturage bashimangiye ubushake bwogukomeza kuba intangarugero mu isuku

Kuwa 11Ugushyingo2025,mu tugari twose tugize #Manyagiro habaye intekoz’abaturage zigamije gukangurira abaturage kwitabira gahunda za Leta no kurushaho gukomeza isuku n’isukura mu ngo no mu midugudu.Abaturage bashimangiye ubushake bwogukomeza kuba intangarugero mu isuku
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

Uyu munsi, tariki ya 12 Ugushying2025 #Manyagirosector Kubufatanye na @ProfemmeTweseHamwe na porogaramu Value Added Initiative to Boost Employment (VIBE), hahuguwe urubyiruko n’abagore ku buryo bwo kwihangira imirimo binyuze mu kongerera agaciro ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi

Uyu munsi, tariki ya 12 Ugushying2025 #Manyagirosector
Kubufatanye na @ProfemmeTweseHamwe na porogaramu Value Added Initiative to Boost Employment (VIBE), hahuguwe urubyiruko n’abagore ku buryo bwo kwihangira imirimo binyuze mu kongerera agaciro ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

Kuwa 14/11/2025 mu cyumba cy’Inama cy’Umurenge #Manyagiro habereye amahugurwa yisuku n’isukura yahuje Komite z'Isuku z’Utugari twose tugize umurenge. Amahugurwa yibanze ku kongera ubumenyi no kunoza imikorere mu guteza imbere isuku mu ngo n’ahantu hose hahurira abantu benshi.

Kuwa 14/11/2025
 mu cyumba cy’Inama cy’Umurenge #Manyagiro habereye amahugurwa yisuku n’isukura yahuje Komite z'Isuku z’Utugari twose tugize umurenge. Amahugurwa yibanze ku kongera ubumenyi no kunoza imikorere mu guteza imbere isuku mu ngo n’ahantu hose hahurira abantu benshi.
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 25/11/2025 mu tugari twose tugize Umurenge wa Manyagiro habaye inteko z'abaturage hatangwa ibiganiro bitandukanye birimo kurwanya ihohoterwa rishingiye Ku gitsina, Isuku , Ejo Hez, n'ibindi bijyanye no kwitabira gahunda za Leta.Gicumbi District

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 25/11/2025 mu tugari twose tugize Umurenge wa Manyagiro habaye inteko z'abaturage hatangwa ibiganiro bitandukanye birimo kurwanya ihohoterwa rishingiye Ku gitsina, Isuku , Ejo Hez, n'ibindi bijyanye no kwitabira gahunda za Leta.<a href="/GicumbiDistrict/">Gicumbi District</a>
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

“Mu Murenge wa Manyagiro kuri 29/11/2025 twakoze umuganda rusange w’isuku mu tugari twose: isuku yo mu ngo, ahahurira abantu benshi n’imihanda y’imigenderano. Nyuma, abaturage baganirijwe ku isuku, kwirinda amakimbirane no kuyakemura mu bwumvikane. #GicumbiDistrict #Umuganda

“Mu Murenge wa Manyagiro kuri 29/11/2025 twakoze umuganda rusange w’isuku mu tugari twose: isuku yo mu ngo, ahahurira abantu benshi n’imihanda y’imigenderano. Nyuma, abaturage baganirijwe ku isuku, kwirinda amakimbirane no kuyakemura mu bwumvikane. #GicumbiDistrict #Umuganda
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

Kuwa 02/12/2025mu tugari twose tugize umurenge #Manyagiro habaye inteko y’Abaturage ku rwego rw'umurenge yabereye mu Kagari ka Ryaruyumba iyobowe na ES w’Umurenge #RwitareLambert ku bufatanye n’Inzego z'umutekano.hatangizwa irondo ry’umwuga ryaTaba no kwitabira gahunda za leta

Kuwa 02/12/2025mu tugari twose tugize umurenge #Manyagiro habaye inteko y’Abaturage ku rwego rw'umurenge yabereye mu Kagari ka Ryaruyumba iyobowe na ES w’Umurenge #RwitareLambert ku bufatanye n’Inzego z'umutekano.hatangizwa irondo ry’umwuga ryaTaba no kwitabira gahunda za leta
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

Kuwa 02/12/2025 #Manyagiro, hatangijwe Irondo ry’Umwuga ribereye mu Mudugudu wa Taba-Ryaruyumba Cell, dufatanyije na Army Commander ndetse na Police Commander wa Cyumba Station. Dushimiye ubufatanye bw’inzego z’umutekano mu gukomeza kubaka umutekano urambye mu baturage.

Kuwa 02/12/2025 #Manyagiro, hatangijwe Irondo ry’Umwuga ribereye mu Mudugudu wa Taba-Ryaruyumba Cell, dufatanyije na Army Commander ndetse na Police Commander wa Cyumba Station. Dushimiye ubufatanye bw’inzego z’umutekano mu gukomeza kubaka umutekano urambye mu baturage.
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

#Manyagiro kuwa 03/12/2025 hijijwe Umunsi Mpuzamahanga w’Abafite Ubumuga ku rwego rw'umurenge wabereye mu Kagari ka Rusekera #Kavure, witabiriwe na ES w’Umurenge. Haremewe abafite ubumuga batishoboye, bahabwa intama zo korora no kuziturana mu guteza imbere imibereho myiza.

#Manyagiro kuwa 03/12/2025 hijijwe  Umunsi Mpuzamahanga w’Abafite Ubumuga ku rwego rw'umurenge wabereye mu Kagari ka Rusekera #Kavure, witabiriwe na ES  w’Umurenge.
Haremewe abafite ubumuga batishoboye, bahabwa intama zo korora no kuziturana mu guteza imbere imibereho myiza.
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

Kuri iki Cyumweru ,lmu Murenge wa Manyagiro habereye siporo rusange ibera ku kibuga cya Rusebeya mu Kagari ,ka Nyiravugiza,yitabirwa n’ingeri zitandukanye.ES w’umurenge yibukije abaturage ko siporo ari ubuzima.Nyuma y’imyitozo,abitabiriye bapimwe indwara zitandura.

Kuri iki Cyumweru ,lmu Murenge wa Manyagiro habereye siporo rusange ibera ku kibuga cya Rusebeya mu Kagari ,ka Nyiravugiza,yitabirwa n’ingeri zitandukanye.ES w’umurenge yibukije abaturage ko siporo ari ubuzima.Nyuma y’imyitozo,abitabiriye bapimwe indwara zitandura.
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

Kuwa 12/12/2025,#Manyagiro, hizihijwe Umunsi Mukuru wa Mwalimu ku nsanganyamatsiko igira iti “Uburezi ni umwuga usaba ubufatanye"Abarezi bose bashimiwe ururahe rwabo mu kwita ku burere bw'abana banasabwa gukomeza gushyira imbere ireme ry’uburezi n’ubufatanye mu kurera ejo hazaza

Kuwa 12/12/2025,#Manyagiro, hizihijwe Umunsi Mukuru wa Mwalimu ku nsanganyamatsiko igira iti “Uburezi ni umwuga usaba ubufatanye"Abarezi bose bashimiwe ururahe rwabo mu kwita ku burere bw'abana banasabwa gukomeza gushyira imbere ireme ry’uburezi n’ubufatanye mu kurera ejo hazaza
Umurenge wa Manyagiro/ Akarere ka Gicumbi (@manyagiro_g) 's Twitter Profile Photo

None kuwa 19 Ukuboza 2025, mu Murenge wa Manyagiro, abayobozi b’imidugudu bahuguwe ku kamaro ko kumenyekanisha urupfu rukorewe ku mudugudu. Amahugurwa yatangijwe n’Umuyobozi w’Umurenge, hagamijwe kunoza imitangire ya serivisi no gukurikiza amategeko.

None kuwa 19 Ukuboza 2025, mu Murenge wa Manyagiro, abayobozi b’imidugudu bahuguwe ku kamaro ko kumenyekanisha urupfu rukorewe ku mudugudu. Amahugurwa yatangijwe n’Umuyobozi w’Umurenge, hagamijwe kunoza imitangire ya serivisi no gukurikiza amategeko.