Gigi_
@gigiijojo
Freelancer Journalist
ID: 865898587896631298
20-05-2017 11:54:45
473 Tweet
685 Takipçi
487 Takip Edilen
🔥🔥BREAKING NEWS 🔥🔥 Amavubi yamenyeshejwe ko azitabira CHAN ya 2025 izabera muri #Kenya #Uganda na #Tanzania. IsangoStar
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yakiriye mu Presidency | Rwanda Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Ibihugu bikoresha Ururimi rw'Igifaransa, Louise Mushikiwabo, baganira ku mikoranire isanzweho hagati y'u Rwanda na IOF.
Abanye-Congo babarirwa mu magana bakomeje kwambuka umupaka bahungira mu Rwanda. Bari kwinjira muri Rubavu District bakoresheje umupaka munini uhuza Goma na Gisenyi, mu gihe umupaka muto umaze gufungwa ku ruhande rwa Repuburika ya Demokarasi ya Congo. M23 yateguje gufata Goma.
Rulindo District mu majyaruguru Northern Province/ Rwanda :Imodoka nini yavaga Kigali ijya Musanze ikoze impanuka ikomeye bikekwa ko ihitanye abantu benshi Polisi y’u Rwanda mu ntara y’amajyaruguru ibwiye Isango star ko bakiri mu bikorwa by’ubutabazi andi makiru ni mukanya
MUHANGA District Umugeni witwa Aisha arimo gushakisha umugabo we uzwi nka Kevin,watorotse urugo anibye imyenda y'abasore bamwambariye kd bamaze iminsi 3 bakoze ubukwe, Gitifu wa #Nyamabuye yavuze ko iyi case yayimenyesheje Rwanda Investigation Bureau ngo yapfuye ko umugabo yashaka gukoresha agakingirizo
Jenoside irategurwa Igategurirwa kumara ubwoko runaka, abantu runaka, ….. Iwacu aha: 👇🏾 ✍🏾Jenoside yateguriwe kumara Abatutsi ✍🏾Yateguriwe kurimbura ubwoko Tutsi (Muzasome #MoiLeDernierTutsi mukurikire n’ibiganiro by’abahanga ku mateka y’u Rwanda Dr. Jean Damascene BIZIMANA abigarukaho
Nyabihu: Impuruza ku baturage batuye mu kagari ka Kanyove, Umurenge wa Mukamira bakomeje gusembera kubera amazi ava mu birunga yarengeye inzu zabo, Barasaba ubutabazi bamwe barimo kurara hanze abandi barimo gucumbika mu baturanyi. #MamaUrwagasaboTv Ministry of Local Government | Rwanda
UYU MUNSI, ubukangurambaga #GerayoAmahoro unakoresha #KasikeIkwiye bwakomereje muri Nyagatare District aho inzego zitandukanye zaganiriye n'abamotari barenga 1300. Kubungabunga umutekano wo mu muhanda ni ukubungabunga ubuzima, twese uratureba! #RWOX
Abarwanashyaka b’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, Democratic Green Party of Rwanda 🇷🇼, bari mu Nteko Rusange y’ishyaka muri Northern Province/ Rwanda. Iyi nteko iri kubera muri Musanze District yitabiriwe na Perezida w'Ishyaka Dr.Frank Habineza