Gatoya Theophile
@gatoyatheophile
Eng. in Rural Development and Agribusiness
ID: 3869096608
https://www.facebook.com/tgatoya 05-10-2015 07:22:04
60 Tweet
125 Followers
533 Following
#Hon.NyiragwanezaAthanasi n'abakozi ba Bugesera District basuye ingo mbonezamikurire zo mu murenge wa@NtaramaBugesera harebwa isuku,uko biga,ibyo barya hamwe n'uruhare rw'ababyeyi aho bashimye imikorere y'urugo mbonezamikurire ruterwa inkunga na@GSF_RC ๐๐๐ฌ๐ญ๐๐ซ๐ง ๐๐ซ๐จ๐ฏ๐ข๐ง๐๐ | ๐๐ฐ๐๐ง๐๐ Ministry of Local Government | Rwanda
Nyuma y'uko Bugesera District isabye buri wese ufite ubutaka butabyazwa umusaruro yakwihutira kubuhinga cg akabutiza ababishoboye,ubu Umurenge wa Ntarama - Akarere ka Bugesera hamaze gutizwa ubutaka burenga 6Ha ngo buhingwe bubyazwe umusaruro. ๐๐๐ฌ๐ญ๐๐ซ๐ง ๐๐ซ๐จ๐ฏ๐ข๐ง๐๐ | ๐๐ฐ๐๐ง๐๐ Ministry of Local Government | Rwanda Richard Mutabazi Gasore S. Foundation
Harokotse mbarwa kuko abatutsi babaga batishwe nโamasasu bicwaga nโinterahamwe zazaga nyuma gutema abatarashiramo umwuka. Abatutsi bari barahungiye ku musozi wa Kayumba bo bari bahanganye nโigitero cyโinterahamwe nyuma y'aho zimariye kwisuganya. #BugeseraTuribuka #Kwibuka29 2/4
Mu rugo kwa Karangwa hari hahungiye Abatutsi barenga 600 barahiciwe bajugunywa mu byobo byacukuwe muri uru rugo. Abaturage baje kuhibukira ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 bacanye urumuri rw'icyizere. Uyu muhango witabiriwe na Mayor Richard Mutabazi n'abandi 2/2
None kuwa 12.05.2023 Umurenge wa Gashora - Akarere ka Bugesera mu rwego rwo kugenzura uko imyaka ihagaze mu mirima muri iki gihe, twasuye imirima itandukanye dusanga ibihe bikomeje kuba byiza twazabona umusaruro ushimishije kuko imyaka imeze neza. Abesamihigo. Bugesera District ๐๐๐ฌ๐ญ๐๐ซ๐ง ๐๐ซ๐จ๐ฏ๐ข๐ง๐๐ | ๐๐ฐ๐๐ง๐๐
None 08.06.2023 Umurenge wa Gashora - Akarere ka Bugesera hamwe nโabaturage twatashye ibikorwa byakozwe kโumuhigo No. 20 wo kurwanya isuri hakorwa amaterasi yikora mu mwaka wโingengo yโimari 2022-2023 kandi bimeze neza, ni mu rwego rwo gushishikariza abaturage kugira amakuru ahagije ku mihigo twesheje.
#๐๐ฆ๐ฎ๐ ๐๐ง๐ฎ๐ซ๐๐๐๐๐:Uyu munsi,hirya no hino muri Bugesera kimwe nโahandi mu Gihugu hose,abaturage bitabiriye ibirori byo kwizihiza umunsi wโ๐๐ฆ๐ฎ๐ ๐๐ง๐ฎ๐ซ๐. Ni umunsi ufite insanganyamatsiko igira iti: โ๐๐ฆ๐ฎ๐ ๐๐ง๐ฎ๐ซ๐; Isรดoko yโubumwe nโishingiro ryo kudaheranwaโ
Uyu munsi tariki ya 30/08/2023 Umurenge wa Umurenge wa Ruhuha - Akarere ka Bugesera wakiriye amahugurwa y'iminsi ibiri yateguwe n'Akarere ka Bugesera District ku ๐บ๐ถ๐๐ผ๐ฏ๐ผ๐ฟ๐ฒ๐ฟ๐ฒ ๐ป'๐ถ๐บ๐ถ๐ฐ๐๐ป๐ด๐ถ๐ฟ๐ฒ ๐'๐ถ๐ฏ๐๐ฎ๐ป๐๐ฎ ๐ฏ๐๐ฎ๐๐๐ป๐ด๐ฎ๐ป๐๐ถ๐ฟ๐ถ๐ท๐๐ฒ ๐ธ๐๐ต๐ถ๐ฟ๐ฎ ibihingwa.
Guverineri CG (Rtd) Emmanuel K GASANA, Inzego zโumutekano ku Ntara nโUmuyobozi wโAkarere Richard Mutabazi basuye abaturage batijwe ubutaka bwo guhinga buherereye ahari imirimo yo kubaka Ikibuga cyโIndege Mpuzamahanga cya Bugesera. Ni mu rwego rwo gufasha abaturage kongera umusaruro wโibiribwa.