NTYAZO Sector (@ntyazos) 's Twitter Profile
NTYAZO Sector

@ntyazos

ID: 1054320856762060802

calendar_today22-10-2018 10:37:35

119 Tweet

294 Followers

146 Following

Nyanza District (@nyanzadistrict) 's Twitter Profile Photo

Atangiza ku mugaragaro uyu mwiherero, Umuyobozi w'Akarere Erasme NTAZINDA yavuze ko Akarere kishimira imikorere n'imikoranire hagati y'ubuyobozi na #JADF yifuza ko umwiherero waba umwanya wo kwivugurura no kongera imbaraga mu nshingano kugira ngo umuturage agire imibereho myiza

Atangiza ku mugaragaro uyu mwiherero, Umuyobozi w'Akarere <a href="/Erasmen/">Erasme NTAZINDA</a> yavuze ko Akarere kishimira imikorere n'imikoranire hagati y'ubuyobozi na #JADF yifuza ko umwiherero waba umwanya wo kwivugurura no kongera imbaraga mu nshingano kugira ngo umuturage agire imibereho myiza
Nyanza District (@nyanzadistrict) 's Twitter Profile Photo

Mu ruzinduko rwe, Umunyamabanga wa Leta muri Ministry of Health | Rwanda Dr Tharcisse MPUNGA ari gusura Ibitaro bya Nyanza aho amaze gutaha imbangukiragutabara nshya bahawe n'Akarere, Ikigega cy'amazi meza yo kunywa ndetse n'inkongoro y'umurwayi aho abarwayi by'umwihariko abana bazajya baherwa amata.

Mu ruzinduko rwe, Umunyamabanga wa Leta muri <a href="/RwandaHealth/">Ministry of Health | Rwanda</a> <a href="/DrMpunga/">Dr Tharcisse MPUNGA</a> ari gusura Ibitaro bya Nyanza aho amaze gutaha imbangukiragutabara nshya bahawe n'Akarere, Ikigega cy'amazi meza yo kunywa ndetse n'inkongoro y'umurwayi aho abarwayi by'umwihariko abana bazajya baherwa amata.
NTYAZO Sector (@ntyazos) 's Twitter Profile Photo

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Ntyazo muri Nyanza District burasaba Urubyiruko rwose kuzitabira uyu muganda uteganijwe kuwa 23.03.2024 guhera i saa mbiri, ukazabera ahavuzwe muri iyi baruwa.

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Ntyazo muri <a href="/NyanzaDistrict/">Nyanza District</a> burasaba Urubyiruko rwose kuzitabira uyu muganda uteganijwe kuwa 23.03.2024 guhera i saa mbiri, ukazabera ahavuzwe muri iyi baruwa.
Inteko y'Umuco | Rwanda Cultural Heritage Academy (@intekoyumuco) 's Twitter Profile Photo

Gucikwa n'ibirori byo 'š‘²š’–š’Žš’–š’“š’Šš’Œš’‚ š‘°š’š’šš’‚š’Žš’ƒš’' ni ukunyagwa zigahera! Umuyobozi wa Nyanza District Erasme NTAZINDA arasobanura ibikorwa biteganyijwe muri iri murika, ndetse n'aho bizabera. Kwinjira ni ubuntu! Muratumiwe mwese!

Nyanza District (@nyanzadistrict) 's Twitter Profile Photo

Gahunda y'ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Nyanza. Gahunda yose mwayireba munyuze kuri iyi linkšŸ‘‡nyanza.gov.rw/index.php?eID=… #Kwibuka30 Erasme NTAZINDA

Gahunda y'ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Nyanza. Gahunda yose mwayireba munyuze kuri iyi linkšŸ‘‡nyanza.gov.rw/index.php?eID=…  #Kwibuka30 <a href="/Erasmen/">Erasme NTAZINDA</a>
NTYAZO Sector (@ntyazos) 's Twitter Profile Photo

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Ntyazo bunejejwe no kubatumira mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri uwo murenge, kikazahuzwa no gutangiza icyumweru k'icyunamo ku rwego rw'Akarere ka Nyanza District .

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Ntyazo bunejejwe no kubatumira mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri uwo murenge, kikazahuzwa no gutangiza icyumweru k'icyunamo ku rwego rw'Akarere ka <a href="/NyanzaDistrict/">Nyanza District</a> .
Nyanza District (@nyanzadistrict) 's Twitter Profile Photo

Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu gihe cy'iminsi 100 ndetse no gutangiza icyumweru cy'icyunamo ku rwego rw'Akarere ka Nyanza biri kubera mu murenge wa Ntyazo, Akagari ka Cyotamakara ahazwi nk'i Karama ka Shali. Erasme NTAZINDA #TwibukeTwiyubaka

Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu gihe cy'iminsi 100 ndetse no gutangiza icyumweru cy'icyunamo ku rwego rw'Akarere ka Nyanza biri kubera mu murenge wa Ntyazo, Akagari ka Cyotamakara ahazwi nk'i Karama ka Shali. <a href="/Erasmen/">Erasme NTAZINDA</a>  #TwibukeTwiyubaka
Nyanza District (@nyanzadistrict) 's Twitter Profile Photo

Nyuma y'umunota wo kwibuka n'isengesho; mu ijambo ry'ikaze, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Ntyazo aragaragaza uko Jenoside yashyizwe mu bikorwa n'uburyo Abatutsi bari bahungiye kuri uyu musozi bagerageje kwirwanaho ariko bakicwa kubera imbaraga z'abakoraga Jenoside.

Nyuma y'umunota wo kwibuka n'isengesho; mu ijambo ry'ikaze, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Ntyazo aragaragaza uko Jenoside yashyizwe mu bikorwa n'uburyo  Abatutsi bari bahungiye kuri uyu musozi bagerageje kwirwanaho ariko bakicwa kubera imbaraga z'abakoraga Jenoside.
NTYAZO Sector (@ntyazos) 's Twitter Profile Photo

Nonaha: Umuyobozi ushinzwe abinjira n'abasohoka muri Nyanza District , ku bufatanye bw'Umurenge wa Ntyazo, arimo kwakira no gukemura ibibazo by'abaturarwanda badafite ibyangombwa, ndetse n'abadafite ubwenegihugu buzwi (stateless).Erasme NTAZINDA

Nonaha:
Umuyobozi ushinzwe abinjira n'abasohoka muri <a href="/NyanzaDistrict/">Nyanza District</a> , ku bufatanye bw'Umurenge wa Ntyazo, arimo kwakira no gukemura ibibazo by'abaturarwanda badafite ibyangombwa, ndetse n'abadafite ubwenegihugu buzwi (stateless).<a href="/Erasmen/">Erasme NTAZINDA</a>
Nyanza District (@nyanzadistrict) 's Twitter Profile Photo

Minisitiri wa Ministry of Sports | Rwanda Aurore Mimosa Munyangaju ni we mushyitsi mukuru mu gikorwa cyo #Kwibuka30 Jenoside yakorewe Abatutsi i Nyanza. Uyu munsi kandi mu Rwibutso rwa Nyanza harabaho gushyingura mu cyubahiro imibiri 75. Erasme NTAZINDA

Minisitiri wa <a href="/Rwanda_Sports/">Ministry of Sports | Rwanda</a>  <a href="/AuroreMimosa/">Aurore Mimosa Munyangaju</a> ni we mushyitsi mukuru mu gikorwa cyo #Kwibuka30 Jenoside yakorewe Abatutsi i Nyanza. Uyu munsi kandi mu Rwibutso rwa Nyanza harabaho gushyingura mu cyubahiro imibiri 75.  <a href="/Erasmen/">Erasme NTAZINDA</a>
Nyanza District (@nyanzadistrict) 's Twitter Profile Photo

Mu murenge wa Ntyazo hari gutangirizwa ubukangurambaga bw'iminsi 16 bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Insangamyatsiko iragira iti:" Twubake umuryango uzira ihohotera." Igikorwa cyitabiriwe n'Umuyobozi w'Akarere Erasme NTAZINDA, Visi Meya NadineK n'izindi nzego

Mu murenge wa Ntyazo hari  gutangirizwa ubukangurambaga bw'iminsi 16 bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Insangamyatsiko iragira iti:" Twubake umuryango uzira ihohotera." Igikorwa cyitabiriwe n'Umuyobozi w'Akarere <a href="/Erasmen/">Erasme NTAZINDA</a>, Visi Meya <a href="/NadineKayites/">NadineK</a> n'izindi nzego
Nyanza District (@nyanzadistrict) 's Twitter Profile Photo

Ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyagisozi hatangirijwe ku rwego rw'Akarere icyumweru cy'icyunamo n'iminsi 100 yo #Kwibuka31 Jenoside yakorewe Abatutsi. Twifatanyije na Guverineri Kayitesi Alice, abayobozi batandukanye n'inzego z'umutekano Southern Province | Rwanda Erasme NTAZINDA

Ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyagisozi hatangirijwe ku rwego rw'Akarere icyumweru cy'icyunamo n'iminsi 100 yo #Kwibuka31 Jenoside yakorewe Abatutsi. Twifatanyije na Guverineri <a href="/AKayitesiAlice/">Kayitesi Alice</a>, abayobozi batandukanye n'inzego z'umutekano <a href="/RwandaSouth/">Southern Province | Rwanda</a>
<a href="/Erasmen/">Erasme NTAZINDA</a>
NTYAZO Sector (@ntyazos) 's Twitter Profile Photo

Ku mugezi w'Akanyaru, mu kagari ka Katarara, hatangirijwe ku rwego rw'Umurenge, icyumweru k'icyunamo, kinatwinjiza mu gihe k'iminsi 100 yo #Kwibuka31 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ibi kandi byabereye no mu midugudu itandukanye igize Umurenge wa Ntyazo, muri Nyanza District .

Ku mugezi w'Akanyaru, mu kagari ka Katarara, hatangirijwe ku rwego rw'Umurenge, icyumweru k'icyunamo, kinatwinjiza mu gihe k'iminsi 100 yo #Kwibuka31 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ibi kandi byabereye no mu midugudu itandukanye igize Umurenge wa Ntyazo, muri <a href="/NyanzaDistrict/">Nyanza District</a> .
NIDA Rwanda (@nidarwanda) 's Twitter Profile Photo

Sobanukirwa ibyiza bya #eNdangamuntu Gana umwanditsi w’irangamimerere k’umurenge ukwegereye, urebe imyirondoro yawe koĀ yanditseĀ neza. Ushobora no guhamagara 3500 kugira ngo ubone ibisobanuroĀ birambuye.

Sobanukirwa ibyiza bya #eNdangamuntu

Gana umwanditsi w’irangamimerere k’umurenge ukwegereye, urebe imyirondoro yawe koĀ yanditseĀ neza.

Ushobora no guhamagara 3500 kugira ngo ubone ibisobanuroĀ birambuye.
Nyanza District (@nyanzadistrict) 's Twitter Profile Photo

Guverineri wa Southern Province | Rwanda Kayitesi Alice ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere Kajyambere Patrick bifatanyije n'abaturage b'Akagari ka Cyotamakara, Umurenge wa Ntyazo muri gahunda yo gukemura ibibazo by'abaturage, banaganira kuri gahunda zitandukanye za Leta.

Guverineri wa <a href="/RwandaSouth/">Southern Province | Rwanda</a> <a href="/AKayitesiAlice/">Kayitesi Alice</a> ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere <a href="/P_Kajyambere/">Kajyambere Patrick</a> bifatanyije n'abaturage b'Akagari ka Cyotamakara, Umurenge wa Ntyazo muri gahunda yo gukemura ibibazo by'abaturage, banaganira kuri gahunda zitandukanye za Leta.
NIDA Rwanda (@nidarwanda) 's Twitter Profile Photo

Igikorwa cy’iyandikwa, kwemeza imyirondoro no gufotora mu guhabwa #eNdangamuntu kigiye gutangira! Abaturage bose barasabwa kwitegura no gukurikirana amakuru yiki gikorwa ku mbuga zacu, kizatangirira mu turere twa Nyanza, Huye na Gisagara, badacikanwa n’amatariki y’utundi turere.

Igikorwa cy’iyandikwa, kwemeza imyirondoro no gufotora mu guhabwa #eNdangamuntu kigiye gutangira!

Abaturage bose barasabwa kwitegura no gukurikirana amakuru yiki gikorwa ku mbuga zacu, kizatangirira mu turere twa Nyanza, Huye na Gisagara, badacikanwa n’amatariki y’utundi turere.
NYC NYANZA District (@nycnyanza) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa 3, Mu murenge wa Ntyazo, Nyanza District mu bigo by'amashuri hatanzwe Ikiganiro kigamije gukumira #Isambanywa ry'abana. Cyahawe Abanyeshuri biga muri GS Rugarama TSS, GS Ruyenzi, EP Ntyazo, na EP Kagunga, kikaba cyatanze ku bufatanye bw'inzego z'ibanze n'iz'umutekano.

Kuri uyu wa 3, Mu murenge wa Ntyazo, <a href="/NyanzaDistrict/">Nyanza District</a> mu bigo by'amashuri hatanzwe Ikiganiro kigamije gukumira #Isambanywa ry'abana. Cyahawe Abanyeshuri biga muri GS Rugarama TSS, GS Ruyenzi, EP Ntyazo, na EP Kagunga, kikaba cyatanze ku bufatanye bw'inzego z'ibanze n'iz'umutekano.
NTYAZO Sector (@ntyazos) 's Twitter Profile Photo

None, kuwa 23.10.2025, mu murenge wa Ntyazo, muri Nyanza District , hakozwe inama yo gusobanurira abayobozi ku gikorwa cyo gufasha abaturage kwemeza imyirondoro no gufotorwa kugira ngo bahabwe e-indangamuntu, tukaba twifatanije n'Umukozi wa NIDA Rwanda, Bwana Ndayishimiye Vivens

None, kuwa 23.10.2025, mu murenge wa Ntyazo, muri <a href="/NyanzaDistrict/">Nyanza District</a> , hakozwe inama yo gusobanurira abayobozi ku gikorwa cyo gufasha abaturage kwemeza imyirondoro no gufotorwa
kugira ngo bahabwe e-indangamuntu, tukaba twifatanije n'Umukozi wa <a href="/NidaRwanda/">NIDA Rwanda</a>, Bwana Ndayishimiye Vivens
Nyanza District (@nyanzadistrict) 's Twitter Profile Photo

Mu murenge wa Busoro habereye ibirori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Amakoperative 2025 ku rwego rw’Akarere. Umushyitsi Mukuru yari Jean Marie Kamana Jean, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere. Hanamuritswe ibikorwa, hashimirwa indashyikirwa hanatangwa ibiganiro kuri #EjoHeza

Mu murenge wa Busoro habereye ibirori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Amakoperative 2025 ku rwego rw’Akarere. Umushyitsi Mukuru yari <a href="/kamanajm/">Jean Marie Kamana</a> Jean, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere. Hanamuritswe ibikorwa, hashimirwa indashyikirwa hanatangwa ibiganiro kuri #EjoHeza