Nkunzimana Jean Pier (@nkunzipeter) 's Twitter Profile
Nkunzimana Jean Pier

@nkunzipeter

ID: 857533929993142272

calendar_today27-04-2017 09:56:35

55 Tweet

14 Followers

116 Following

Murunda District Hospital (@murundahospital) 's Twitter Profile Photo

Uyu munsi ku wa 20/11/2024 abakozi b'Ibitaro by'Akarere bya Murunda bazindukiye mu muganda wihariye wo gutera ibiti n'indabo. Hatewe ibiti birenga 100(imikindo, Thuja) ndetse n'indabo muri gahunda ya "Greening and beautification" Ministry of Health | Rwanda Rutsiro District Nkunzimana Jean Pier 1/2

Uyu munsi ku wa 20/11/2024 abakozi b'Ibitaro by'Akarere bya Murunda bazindukiye mu muganda wihariye wo gutera ibiti n'indabo. Hatewe ibiti birenga 100(imikindo, Thuja) ndetse n'indabo muri gahunda ya "Greening and beautification"
<a href="/RwandaHealth/">Ministry of Health | Rwanda</a> <a href="/RutsiroDistrict/">Rutsiro District</a> <a href="/nkunzipeter/">Nkunzimana Jean Pier</a> 1/2
Murunda District Hospital (@murundahospital) 's Twitter Profile Photo

Umuganda watangijwe n'Ikiganiro kigufi aho umuyobozi mukuru w'ibitaro bya #MurundaDH Dr NKUNZIMANA Jean Pierre yashimiye abakozi uburyo bakomeje kugira uruhare mu kugira ibitaro bya Murunda byiza kurushaho himakazwa umuco w'isuku. Yagize ati"umurwayi uvuriwe heza akira vuba".2/2

Umuganda watangijwe n'Ikiganiro kigufi aho umuyobozi mukuru w'ibitaro bya #MurundaDH Dr NKUNZIMANA Jean Pierre yashimiye abakozi uburyo bakomeje kugira uruhare mu kugira ibitaro bya Murunda byiza kurushaho himakazwa umuco w'isuku. Yagize ati"umurwayi uvuriwe heza akira vuba".2/2
Murunda District Hospital (@murundahospital) 's Twitter Profile Photo

In collaboration with USAID Ireme, MSH and Rutsiro District , today #MurundaDH launched a program in Leadership Management Accelerator (LMA). The program aims at "strengthening Heath system for sustainable quality service and equitable outcomes". Ministry of Health | Rwanda @USAIDIreme

In collaboration with USAID Ireme, MSH and <a href="/RutsiroDistrict/">Rutsiro District</a>  , today #MurundaDH launched a program in Leadership Management Accelerator (LMA). The program aims at "strengthening Heath system for sustainable quality service and equitable outcomes". 
<a href="/RwandaHealth/">Ministry of Health | Rwanda</a> 
@USAIDIreme
Murunda District Hospital (@murundahospital) 's Twitter Profile Photo

📢 Murararitswe📢 Tubararikiye ikiganiro Umuyobozi Mukuru w'Ibitaro bya #Murundahospital agirira kuri Radiyo Isangano yumvikanira ku 104.9 FM saa 18:00. Ni ikiganiro kigaruka ku nsanganyamatsiko igira iti" Kurandura Malariya bihera kuri njye". Ministry of Health | Rwanda Rutsiro District

📢 Murararitswe📢

Tubararikiye ikiganiro Umuyobozi Mukuru w'Ibitaro bya #Murundahospital  agirira kuri Radiyo Isangano yumvikanira ku 104.9 FM saa 18:00. Ni ikiganiro kigaruka ku nsanganyamatsiko igira iti" Kurandura Malariya bihera kuri njye". <a href="/RwandaHealth/">Ministry of Health | Rwanda</a> <a href="/RutsiroDistrict/">Rutsiro District</a>
Murunda District Hospital (@murundahospital) 's Twitter Profile Photo

Ibitaro by’Akarere bya #Murundahospital twifatanyije n’abanyarwanda bose, kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Twibuke Twiyubaka

Ibitaro by’Akarere bya #Murundahospital twifatanyije n’abanyarwanda bose, kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Twibuke Twiyubaka
Murunda District Hospital (@murundahospital) 's Twitter Profile Photo

Uyu munsi, Abakozi b’Ibitaro bya #MurundaDH bakoze umuganda ngaruka kwezi, ni umuganda wibanze ku gusukura igikoni cy'abarwayi, kuyobora amazi yanduye aho hazibuwe imiyoboro y’amazi, gutunganya ingarani, gutunganya ubusitani bukikije Ibitaro ndetse no koza Imbangukira gutabara

Uyu munsi, Abakozi b’Ibitaro bya #MurundaDH bakoze umuganda ngaruka kwezi, ni umuganda wibanze ku gusukura igikoni cy'abarwayi, kuyobora amazi yanduye aho hazibuwe imiyoboro y’amazi, gutunganya ingarani, gutunganya ubusitani bukikije Ibitaro ndetse no koza Imbangukira gutabara
Murunda District Hospital (@murundahospital) 's Twitter Profile Photo

Uyu munsi kuwa 19/08/2025, Abakozi b’Ibitaro bya #MurundaDH bahawe amahugurwa ajyanye no Kwirinda no guhangana n'ibiza bitandukanye (Disaster management), kwirinda no kurwanya inkongi y’umuriro (Fire Safety, Firefighting and Prevention). Rutsiro District Ministry of Health | Rwanda

Uyu munsi kuwa 19/08/2025, Abakozi b’Ibitaro bya #MurundaDH bahawe amahugurwa ajyanye no Kwirinda no guhangana n'ibiza bitandukanye (Disaster management), kwirinda no kurwanya inkongi y’umuriro (Fire Safety, Firefighting and Prevention).
<a href="/RutsiroDistrict/">Rutsiro District</a> <a href="/RwandaHealth/">Ministry of Health | Rwanda</a>
Murunda District Hospital (@murundahospital) 's Twitter Profile Photo

Mu rugendo arigukorera mu ntara y'Uburengerazuba, none ku wa 11/09/2025 Minisitiri w'ubuzima Dr Dr Sabin Nsanzimana yasuye Ibitato by'akarere bya #MurundaDH aho yabanje gusura amaserivisi atandukanye agize ibitaro bya Murunda. Ministry of Health | Rwanda Caritas Nyundo/Gisenyi

Mu rugendo arigukorera mu ntara y'Uburengerazuba, none ku wa 11/09/2025 Minisitiri w'ubuzima Dr <a href="/nsanzimanasabin/">Dr Sabin Nsanzimana</a> yasuye Ibitato by'akarere bya #MurundaDH aho yabanje gusura amaserivisi atandukanye agize ibitaro bya Murunda. <a href="/RwandaHealth/">Ministry of Health | Rwanda</a> <a href="/CaritasNyundo/">Caritas Nyundo/Gisenyi</a>
Rutsiro District (@rutsirodistrict) 's Twitter Profile Photo

Dr. Dr Sabin Nsanzimana yashoje ashimira umuhate n'ubwitange abakozi bo mu rwego rw'ubuzima bagaragaza abasaba gukomerezaho. Yagize ati: "Dukomereze muri uwo murongo. Ntawusiganya undi kandi twese dusenyera umugozi umwe! Mwumve ko tubafite ku mutima kandi tubashyigikiye 100%."

Dr. <a href="/nsanzimanasabin/">Dr Sabin Nsanzimana</a> yashoje ashimira umuhate n'ubwitange abakozi bo mu rwego rw'ubuzima bagaragaza abasaba gukomerezaho. Yagize ati: "Dukomereze muri uwo murongo. Ntawusiganya undi kandi twese dusenyera umugozi umwe! Mwumve ko tubafite ku mutima kandi tubashyigikiye 100%."
Murunda District Hospital (@murundahospital) 's Twitter Profile Photo

Minisitiri w'ubuzima Dr. Nsanzimana Sabin yijeje abakozi b'ibitaro bya Murunda ko kwita ku mibereho myiza y'abakozi bizakomeza gushyirwamo imbaraga. Dr. Nsanzimana Sabin kandi yatanze icyizere ku muti w'ibibazo bibangamiye ubuvuzi muri ibi bitaro ndetse n'ahandi muri rusange

Minisitiri w'ubuzima Dr. Nsanzimana Sabin yijeje abakozi b'ibitaro bya Murunda ko kwita ku mibereho myiza y'abakozi bizakomeza gushyirwamo imbaraga. Dr. Nsanzimana Sabin kandi yatanze icyizere ku muti w'ibibazo bibangamiye ubuvuzi muri ibi bitaro ndetse n'ahandi muri rusange
Ministry of Health | Rwanda (@rwandahealth) 's Twitter Profile Photo

Mu ruzinduko yagiriye mu turere twa Karongi na Rutsiro, Minisitiri Dr Sabin Nsanzimana yasuye ibitaro bya Kirinda, Kibuye, Murunda, n'ivuriro ryo ku rwego rwa kabiri rya Burunga. Ibiganiro byagarutse kuri gahunda yo kubaka ubushobozi bw'abakora kwa muganga, imibereho myiza yabo,

Mu ruzinduko yagiriye mu turere twa Karongi na Rutsiro, Minisitiri <a href="/nsanzimanasabin/">Dr Sabin Nsanzimana</a> yasuye ibitaro bya Kirinda, Kibuye, Murunda, n'ivuriro ryo ku rwego rwa kabiri rya Burunga. Ibiganiro byagarutse kuri gahunda yo kubaka ubushobozi bw'abakora kwa muganga, imibereho myiza yabo,
Murunda District Hospital (@murundahospital) 's Twitter Profile Photo

ITANGAZO Ubuyobozi bw'Ibitaro bya Murunda buramesha abantu bose ko hari inzobere z'abaganga zizaza kuvura indwara zitandukanye nk'uko zavuzwe mu itangazo. Iki gikorwa kizatangira tariki 09/11/2025 kugeza tariki 21/11/2025. "Muze dufatanye kubungabunga ubuzima bwacu"

ITANGAZO
Ubuyobozi bw'Ibitaro bya Murunda buramesha abantu bose ko hari inzobere z'abaganga zizaza kuvura indwara zitandukanye nk'uko zavuzwe mu itangazo. Iki gikorwa kizatangira tariki 09/11/2025 kugeza tariki 21/11/2025. "Muze dufatanye kubungabunga ubuzima bwacu"
Murunda District Hospital (@murundahospital) 's Twitter Profile Photo

Uyu munsi Abakozi b'ibitaro bya Murunda bazindukiye mu muganda udasanzwe w'isuku. Ibyakozwe: 1. Guharura inzira 2. Gusibura imiyoboro y'amazi 3. Gutunganya ubusitani 4. Gukuraho urubobi 5. N'ibindi Umuganda wagenze neza. Rutsiro District Ministry of Local Government | Rwanda Ministry of Health | Rwanda

Uyu munsi Abakozi b'ibitaro bya Murunda bazindukiye mu muganda udasanzwe w'isuku.
Ibyakozwe:
1. Guharura inzira
2. Gusibura imiyoboro y'amazi
3. Gutunganya ubusitani
4. Gukuraho urubobi
5. N'ibindi
Umuganda wagenze neza. <a href="/RutsiroDistrict/">Rutsiro District</a> <a href="/RwandaLocalGov/">Ministry of Local Government | Rwanda</a> <a href="/RwandaHealth/">Ministry of Health | Rwanda</a>
Murunda District Hospital (@murundahospital) 's Twitter Profile Photo

From 09/11/2025, a group of plastic surgeons from " INTERPLAST Germany" are working at #MurundaDH where they are operating the patients with various health problems especially Post burn contractures, Chronic osteomyelitis, chronic/neglected wounds including bedsores, etc. 1/2

From 09/11/2025, a group of plastic surgeons from " INTERPLAST Germany" are working at #MurundaDH where they are operating the patients with various health problems especially Post burn contractures, Chronic osteomyelitis, chronic/neglected wounds including bedsores, etc. 1/2
Ministry of Health | Rwanda (@rwandahealth) 's Twitter Profile Photo

Ibyo kwitwararika ku ndwara y’ibicurane: Mu bihe nk'ibi by'imvura n’ubukonje, hagaragara cyane indwara y'ibicurane. Dore uko wakwirinda: ✅ Karaba intoki kenshi n’amazi meza n’isabune ✅ Irinde kwegerana n’abafite ibimenyetso ✅ Hanagura kenshi ibintu n’ahantu hakunda

Ibyo kwitwararika ku ndwara y’ibicurane: 

Mu bihe nk'ibi by'imvura n’ubukonje, hagaragara cyane indwara y'ibicurane.
Dore uko wakwirinda: 
✅ Karaba intoki kenshi n’amazi meza n’isabune
✅ Irinde kwegerana n’abafite ibimenyetso
✅ Hanagura kenshi ibintu n’ahantu hakunda
Dr Sabin Nsanzimana (@nsanzimanasabin) 's Twitter Profile Photo

IBICURANE biriyongera mu gihe cy’ imvura Bigira ubukana iyo virus (influenza) ihahuriye na bagiteri,cyane ku bana bari munsi y’imyaka 5 Irinde,urinde n’abandi ibicurane Ihutire kuvuza umwana urwaye Umwana uryaye ntakwiye kujya kwiga atarakira, kuko yakwanduza abandi Murakoze

IBICURANE biriyongera mu gihe cy’ imvura

Bigira ubukana iyo virus (influenza) ihahuriye na bagiteri,cyane ku bana bari munsi y’imyaka 5

Irinde,urinde n’abandi ibicurane

Ihutire kuvuza umwana urwaye

Umwana uryaye ntakwiye kujya kwiga atarakira, kuko yakwanduza abandi

Murakoze
Murunda District Hospital (@murundahospital) 's Twitter Profile Photo

Ni imodoka ibitaro byemerewe ubwo Minisitiri w’ubuzima Dr NSANZIMANA Sabin yagiriraga uruzinduko muri ibi bitaro muri Nzeri, 2025. 2/2

Ni imodoka ibitaro byemerewe ubwo Minisitiri w’ubuzima Dr NSANZIMANA Sabin yagiriraga uruzinduko muri ibi bitaro muri Nzeri, 2025. 2/2