
Unity Club
@unityclubrw
Forum where current and former Rwandan leaders and their spouses network and collaborate to address community issues.
ID: 525218924
http://www.unity-club.rw 15-03-2012 09:50:25
6,6K Tweet
23,23K Takipçi
400 Takip Edilen


Kuri uyu mugoroba, mu rugo rw’Impinganzima rwo mu Karere ka Rusizi District , Unity Club yifatanyije n’Ababyeyi b'Intwaza, Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Hibutswe by’umwihariko abari bagize imiryango y’aba babyeyi batujwe muri uru rugo. Mu izina



Mu ijambo rye, Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ishami ry'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Ubudaheranwa Alice KAYUMBA UWERA, yashimiye Intwaza ku mbaraga n'ubutwari bakomeje kugaragaza mu kubaka ubudaheranwa bw'Abanyarwanda, nyuma yo kwicirwa imiryango muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Yakanguriye


Guverineri wa Western Province I Rwanda nawe wifatanyije n' ababyeyi bo mu Impinganzima ya Rusizi District yihanganishije ababyeyi agira ati : “Babyeyi mutuye muri uru rugo ndabashimira kuba mwaremeye kongera kubaho no gutwaza, mukemera kuba urumuri, mugatandukana n’umwijima mwabayemo.


Mu izina ry’Umuyobozi Mukuru wa Unity Club, Nyakubahwa Madamu Jeannette KAGAME, @FirstladyRwanda, Intwararumuri vincent munyeshyaka , umushyitsi Mukuru muri uyu Muhango wo kwibuka 31 mu rugo rw’Impinganzima Rusizi District Yihanganishije ababyeyi agira ati: “Kwibuka ni inzira nyayo


Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi District yashimiye Leta y’u Rwanda ku bwo kugarura ubuzima n’icyizere cyo kubaho. Ubuzima ni impano ikomeye kandi y’agaciro. Yagize ati: “Kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 ni uburyo bwiza bwo kongera kubwira urubyiruko n’abato ko ibyabaye


Since yesterday at AVEGA-Agahozo HQ, we continued our medical outreach for Genocide widows in partnership with Access Bank (Rwanda) PLC . The initiative focused on screening AVEGA members for non-communicable diseases (NCDs) and offering vital services including ophthalmology, dental


Muri Lemigo Hotel Kigali, hari kubera umuhango wo gusoza icyiciro cya 4 cy'umushinga wo kwimakaza "Ndi Umunyarwanda" mu Mashuri Makuru na Kaminuza agera kuri 41. Uyu mushinga watangijwe mu mwaka wa 2019 ukaba ushyirwa mu bikorwa na Unity Club ku bufatanye na Ministry of Youth and Arts | Rwanda ,


Aka kanya: Umunyamabanga Uhoraho Eric Mahoro n'abandi bayobozi, bitabiriye igikorwa cyo gusoza icyiciro cya kane cy'umushinga wo kwimakaza Ndi Umunyarwanda mu mashuri makuru na kaminuza; ushyirwa mu bikorwa kuva muri 2019. Uyu mushinga umaze kugera mu mashuri makuru na kaminuza



This afternoon at Urugwiro Village, President Kagame received Dr. Akinwumi Adesina, outgoing President of the African Development Bank Group (African Development Bank Group), who is in Rwanda for the 28th Annual Conference on Global Economic Analysis. Their discussion focused on the fruitful


🚨 MURARARITSWE 🚨 Kuzakurikirana ikiganiro #DusangireIjambo kizaba kuri iki Cyumweru, tariki ya 29 Kamena 2025, gifite insanganyamatsiko igira iti: “Uruhare rw’urubyiruko mu Kwimakaza Ndi Umunyarwanda” 📍 Kuri: Rwanda Broadcasting Agency (RBA) na RADIO RWANDA 🕚 Isaha: Saa 11:00 - 12:00 za






