Rwezamenyo Sector
@rwezamenyos
Official account of the Rwezamenyo Sector, Umuyoboro w'amakuru y'umurenge wa Rwezamenyo, (Kanda Follow&Notification)
ID: 1320744401858142211
26-10-2020 15:10:10
613 Tweet
378 Takipçi
52 Takip Edilen
Samuel DUSENGIYUMVA Mayor wa City of Kigali yashimiye abanyamuryango ba AVEGA Agahozo uburyo babaye indashyikirwa bakagira uruhare mukubaka igihugu nyuma y’ibihe bikomeye banyuzemo, bakita ku mfubyi nyamara bamwe muri bo bari bakiri bato, yabijeje ko Leta izakomeza kwita ku mutekano
Urubyiruko mu murenge wa Rwezamenyo ku bufatanye n'inzego z'ubuyobozi muri uyu murenge, basuye urwibutso rwa "Jenoside yakorewe Abatutsi1994 rwa "Bisesero, bashyira indabo ku mva, bunamira abahashyinguye. Ministry of National Unity and Civic Engagement IBUKA Rwanda Nyarugenge District City of Kigali Karongi District
Uyu munsi abagize inzego zitandukanye z'umurenge wa Rwezamenyo zirimo iz'Urubyiruko, Abagore,inama njyanama ndetse n'ubuyobozi bw'Umurenge, basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Bisesero mu rwego rwo kunamira abahashyinguye no kurushaho kumenya amateka. Nyarugenge District
Uyu munsi Urubyiruko rw'abakorerabushake mu City of Kigali batangije ukwezi kwibikorwa bafite bitandukanye byo kwigisha Urubyiruko amateka yaranze igihugu cyacu mu minsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi, bakoze umuganda w'isuku ni sukura mu karere ka Nyarugenge District 1/2
2/ Ibi bikorwa byatangiri muri Mageragere Sector official Page Nyarugenge District aho bakoze ibikorwa byo gufasha abakecuru b'#Intwaza batujwe mu Kagari ka #Nyarurenzi hubakwa ubwiherero butandatu (6),Gukora amasuku n'ibindi bitandukanye. Rwanda Youth Volunteers Rwanda National Police Kubana Richard Eric Bayisenge T. @
Mageragere Sector official Page Nyarugenge District Rwanda Youth Volunteers Rwanda National Police Kubana Richard Eric Bayisenge T. City of Kigali 3/ Mu biganiro byatanzwe umuhuzabikorwa w'urubyiruko rw'abakorerabushake City of Kigali ualexia yongeye kwibutsa urubyiruko impamvu y'ubukorerabushake abasaba kuba intangarugero mu bikorwa biteza imbere igihugu binyuze mu bukorerabushake kuko aribwo butwari. Ministry of Local Government | Rwanda
Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko Hon.Karemera Emmanuel na Kanyange Phoibe,ku munsi wabo wa 2 w'uruzinduko mu Murenge wa Rwezamenyo,baganiriye n'abaturage ku Bumwe n'ubudaheranwa bw'abanyarwanda,Imitangire ya serivise no Kurwanya amakimbirane mu muryango. Rwanda Parliament.
None ku wa 28.06.2025 ku bufatanye bw'ubuyobozi bw'umurenge wa Rwezamenyo Sector n'inama y'Igihugu y'urubyiruko bakoze #inteko_rusange y'inama y'igihugu y'urubyiruko yabereye muri salle y'Umurenge ku insanganyamatsiko "Uruhare rw'urubyiruko mu rugendo rwo kubaka Igihugu" Nyarugenge District
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyarugenge District ingangare alexis ari kumwe n'inzego z'umutekano bitabiriye umuhango wo kwambika Impuzankano nshya, abanyerondo b'umwuga basaga 120 bakorera mu Murenge wa Rwezamenyo,yabasabye kurangwa na discipline mu kazi kabo ka buri munsi.
Turamenyesha abafatabuguzi bacu batuye Nyarugenge District mu Mirenge ya Rwezamenyo Sector na Nyakabanda Sector mu Tugari twa #Kabuguru II, #Rwezamenyo II, #Nyakabanda II na #Munanira II ko kubera iyangirika ry'umuyoboro ryabereye hafi ya Green Corner badafite amazi. Twatangiye gusana ahangiritse
Umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Rwezamemyo yitabiriye Inama Rusange y'Inama y'Igihugu y'abagore yabereye mu cyumba cy'Inama mu murenge, Insanganyamatsiko"MUTIMA W'URUGO KU ISONGA MU GUHARANIRA KUBAKA UMURYAMGO USHOBOYE KANDI UTEKANYE. Nyarugenge District CNF NYARUGENGE