
GITWE District Hospital
@hospitalgitwe
Official X handle of GITWE District Hospital . Established in 1997 and located in Rwanda, Southern Province, Ruhango District,Bweramana Sector
ID: 1779484785620013056
14-04-2024 12:20:41
176 Tweet
137 Takipçi
348 Takip Edilen

Nyuma y'uko gahunda yo kuvura abarwaye Malariya mu mudugudu mu turere twibasiwe kurusha utundi igeze muri Gisagara District , dore ibyavuyemo: = Outcomes of 1-3-7 Approach for #Malaria Surveillance and Response in most affected areas in Gisagara District. #ZeroMalariaStartsWithMe


Meya wa Ruhango District Habarurema Valens yasabye urubyiruko kurangwa no kwanga ababigisha amacakubiri ndetse yibutsa APAG ko bazakomeza kuba inzigiro ry'amahoro no gukomeza #kwibuka31 bahaharanira kwanga ibikorwa byose byatuma igisobanuro cya Jenoside kizima.


Biri kuba: Abakozi ba @Gitwehospital barimo guhabwa amahugurwa n'Umukozi muri Rwanda Biomedical Centre ukora mu ishami rishinzwe gukumira Malaria,Muhashyi Anastase ku buryo bwo kuvura Malaria hakoreshejwe imiti mishya yagaragaje ko ishobora guca intege ubukana igaragaza.



Umuyobozi Mukuru w'ibitaro bya GITWE HOSPITAL Dr Habituza Benjamin yahaye ikaze inzobere z'abaganga 26 baturutse mu bitaro bikuru bya kaminuza bya CHUB bakaba baje gutanga ubuvuzi ku ndwara zitandukanye zirimo izo mu mubiri no gupima igifu (Endoscopie)kubaga indwara zisanzwe.


Ibikorwa by'ubuvuzi byatangirwaga mu bitaro bya GITWE HOSPITAL n'inzobere zaturutse mu bitaro bya #CHUB birasojwe,Nyiransabiyera Jeannette akaba umuyobozi w'Itsinda ashimira uko ibikorwa byagenze n'ubufatanye bw'Ibigo 2 mu gufasha abaturage kubona ubuvuzi bubegerejwe.



Tuributsa abanyeshuri bakoze ikizamini cyanditse kuwa 30/06/2025 ko bakwihutira gukora 'Online Application for Examination' bitarenze tariki 9/7/2025 kugira ngo bahabwe kode ivuye muri system izakoreshwa mu kizamini cya 'pratique' no kureba amanota yabo.Ministry of Health | Rwanda Menelas Nkeshimana



Umuyobozi Mukuru GITWE District Hospital Dr Habituza Benjamin yagiriye uruzinduko muri Muremure HC ikorera mu murenge wa Kinihira agirana ibiganiro n'abakozi bahakorera ndetse bajya Inama z'uko hazamurwa ireme ry'ubuvuzi mu kuzamura ibipimo by'ubuzima by'abaza kuhivuriza.



Umuyobozi Mukuru wa GITWE District Hospital yasuye abaturage bo mu #Kinihira mu kagali ka Gitinda bivuriza kuri #Muremure bamugezaho ibitekerezo birimo no kubegereza serivisi zo kubavura amenyo kuko bagorwa no gukora ibirometero bisaga 42 bajya gusaba serivisi ku bitaro bikuru.



Kuri uyu wa mbere, Rwanda Parliament yatoye itegeko rigenga serivisi z'ubuvuzi mu Rwanda. Iyi ni intambwe ikomeye mu guteza imbere urwego rw'ubuzima mu Rwanda. Dore zimwe mu mpamvu iri tegeko rije rikenewe: --------- This Monday, Rwanda Parliament passed the law regulating