BPlus TV Rwanda(@BPlusTvRwanda) 's Twitter Profileg
BPlus TV Rwanda

@BPlusTvRwanda

OFFICIAL TWITTER OF BPLUS TV RWANDA
Music-Sport-Movie-Entertainment

ID:1503720391243612160

calendar_today15-03-2022 13:11:22

5,2K Tweets

280 Followers

70 Following

BPlus TV Rwanda(@BPlusTvRwanda) 's Twitter Profile Photo

Ababyeyi b’abana 32 boherejwe na kaminuza ya UTB kwimenyereza umwuga mugi wa ku bufatanye na leta y’u , bashimiye umukuru w’igihugu wabafashije iyi gahunda mu itangwa ry'itike y’indege ku babonye aya mahirwe n'iri shuri. Ministry of Foreign Affairs & Int'l Cooperation Ministry of Education | Rwanda

account_circle
BPlus TV Rwanda(@BPlusTvRwanda) 's Twitter Profile Photo

Umuyobozi w'Umujyi wa Samuel DUSENGIYUMVA yifatanyije n'abaturage b'Umurenge wa Kanombe, Akagari ka Rubilizi mu muganda wo gutunganya umuhanda hanashyirwamo Laterite. Hatewe kandi ibiti ku nkengero z'uyu muhanda mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije.

Umuyobozi w'Umujyi wa #Kigali @dusengiyumvas yifatanyije n'abaturage b'Umurenge wa Kanombe, Akagari ka Rubilizi mu muganda wo gutunganya umuhanda hanashyirwamo Laterite. Hatewe kandi ibiti ku nkengero z'uyu muhanda mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije.
account_circle
BPlus TV Rwanda(@BPlusTvRwanda) 's Twitter Profile Photo

Umubare w'imanza Ubushinjacyaha butsinda muri dosiye z'abaregwa gukoresha nabi umutungo wa Leta wavuye ku kigero cya 76% mu 2018/2019, ugera ku kigero cya 81% mu 2023. Muri iyi myaka itanu hakiriwe dosiye 4698.

Umubare w'imanza Ubushinjacyaha butsinda muri dosiye z'abaregwa gukoresha nabi umutungo wa Leta wavuye ku kigero cya 76% mu 2018/2019, ugera ku kigero cya 81% mu 2023. Muri iyi myaka itanu hakiriwe dosiye 4698.
account_circle
BPlus TV Rwanda(@BPlusTvRwanda) 's Twitter Profile Photo

Umuvugizi w’Ubushinjacyaha, Nkusi Faustin, yavuze ko Leta yagaruje asaga miliyari 3 Frw yari yanyerejwe mu mutungo wayo hagati ya 2015-2021.

Abaregwa muri izi dosiye ni abantu 526 barimo abaciwe ihazabu n'abategetswe ko bagomba gusubiza amafaranga.

Umuvugizi w’Ubushinjacyaha, Nkusi Faustin, yavuze ko Leta yagaruje asaga miliyari 3 Frw yari yanyerejwe mu mutungo wayo hagati ya 2015-2021. Abaregwa muri izi dosiye ni abantu 526 barimo abaciwe ihazabu n'abategetswe ko bagomba gusubiza amafaranga.
account_circle
BPlus TV Rwanda(@BPlusTvRwanda) 's Twitter Profile Photo

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, Rwanda Biomedical Centre, cyatangaje ko hari ‘drones’ ziri kwifashishwa cyane mu gutera imiti mu bishanga hagamijwe guhashya imibu itera malaria usanga ibiturukamo.

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, @RBCRwanda, cyatangaje ko hari ‘drones’ ziri kwifashishwa cyane mu gutera imiti mu bishanga hagamijwe guhashya imibu itera malaria usanga ibiturukamo.
account_circle
BPlus TV Rwanda(@BPlusTvRwanda) 's Twitter Profile Photo

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Secretary Antony Blinken , yatangaje ko igihugu cye cyabonye ibimenyetso byerekana ko Leta y'u Bushinwa ifite umugambi wo kwivanga mu matora y'Umukuru w'Igihugu ateganijwe mu mpera z’uyu mwaka.

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, @SecBlinken , yatangaje ko igihugu cye cyabonye ibimenyetso byerekana ko Leta y'u Bushinwa ifite umugambi wo kwivanga mu matora y'Umukuru w'Igihugu ateganijwe mu mpera z’uyu mwaka.
account_circle
BPlus TV Rwanda(@BPlusTvRwanda) 's Twitter Profile Photo

Uruganda rwa Brewery rwifatanyije n'abaturage bo mu Murenge wa Gatsata mu muganda wo gutera ibiti muri gahunda y'ubufatanye rufitanye na Rayon Sports WFC na Orions Basketball Club.

Kuri iyi nshuro hatewe ibiti 1000 byiganjemo iby'imbuto ziribwa zirimo avoka n'imyembe.

Uruganda rwa #SKOL Brewery rwifatanyije n'abaturage bo mu Murenge wa Gatsata mu muganda wo gutera ibiti muri gahunda y'ubufatanye rufitanye na Rayon Sports WFC na Orions Basketball Club. Kuri iyi nshuro hatewe ibiti 1000 byiganjemo iby'imbuto ziribwa zirimo avoka n'imyembe.
account_circle
BPlus TV Rwanda(@BPlusTvRwanda) 's Twitter Profile Photo

Abanyeshuri b'ikigo cya Green Hills Academy, basobanuriwe amateka y’u , bamenyeshwa ko iyo ingabo za zitarwana urugamba rwo kubohora iki gihugu, Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 itari guhagarikwa.

Abanyeshuri b'ikigo cya Green Hills Academy, basobanuriwe amateka y’u #Rwanda, bamenyeshwa ko iyo ingabo za #RPAInkotanyi zitarwana urugamba rwo kubohora iki gihugu, Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 itari guhagarikwa.
account_circle
BPlus TV Rwanda(@BPlusTvRwanda) 's Twitter Profile Photo

Nyuma y’igihe kinini Amerika yaravuze ko itazongera kohereza intwaro karundura muri , yavuye ku izima yemera kohereza izindi zikakaye muri icyo gihugu.
RussiaWar

Nyuma y’igihe kinini Amerika yaravuze ko itazongera kohereza intwaro karundura muri #Ukraine, yavuye ku izima yemera kohereza izindi zikakaye muri icyo gihugu. #UkraineRussiaWar
account_circle
BPlus TV Rwanda(@BPlusTvRwanda) 's Twitter Profile Photo

Ambasaderi w’u Rwanda muri Pologne, Prof Shyaka Anastase yatangaje ko hakiri inyandiko z’ibirego by’abantu bakekwaho ibyaha bya Jenoside zirenga 1000, bityo ko ibihugu bihishemo bikwiye gukorana na Leta y’u Rwanda bakagezwa imbere y’ubutabera.

Ambasaderi w’u Rwanda muri Pologne, Prof Shyaka Anastase yatangaje ko hakiri inyandiko z’ibirego by’abantu bakekwaho ibyaha bya Jenoside zirenga 1000, bityo ko ibihugu bihishemo bikwiye gukorana na Leta y’u Rwanda bakagezwa imbere y’ubutabera.
account_circle
BPlus TV Rwanda(@BPlusTvRwanda) 's Twitter Profile Photo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Rwanda Investigation Bureau rwasubije amafaranga yari yibwe n’abasore babiri bavukana angana n’ibihumbi umunani by’amadorali y’amerika, n’andi ibihumbi birenga 700 Frw.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha @RIB_Rw rwasubije amafaranga yari yibwe n’abasore babiri bavukana angana n’ibihumbi umunani by’amadorali y’amerika, n’andi ibihumbi birenga 700 Frw.
account_circle