
UKWELITIMES
@ukwelitimes
The voice of EastAfrican People, Truth is our choice everyday
ID: 1129245178101936129
http://ukwelitimes.com 17-05-2019 04:40:05
60,60K Tweet
66,66K Takipçi
711 Takip Edilen

Perezida Donald Trump yasabye ko umuhanzi Beyoncé akurikiranwaho kwakira indonke ya miliyoni 11 z’Amadolari y'Amerika kugira ngo ashyigikire Kamala Harris bari bahanganye mu matora y’umukuru w’igihugu aheruka. ✍️ ANSELME TUYIZERE


Umukundwa Clemence uzwi cyane nka Cadette mu myidagaduro ndetse akaba yaranitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda rya 2019, agiye gutangira kumvikana nk’umunyamakuru kuri radio nshya mu Rwanda yitwa Urban Radio. ✍️ ANSELME TUYIZERE





🚨Dore uko ivunja n’ivunjisha rihagaze ku isoko ry’u Rwanda kuri uyu wa 29 Nyakanga 2025. ✍️ Xander_nyawe






Mu Bushinwa, ababyeyi bagiye kujya bahabwa ibihumbi 3,600 by'Amayuwani (arenga 700,000Rwf) ku mwaka, kuri buri mwana uri munsi y'imyaka itatu muri gahunda ya Leta y'iki gihugu yo gushishikariza abantu kubyara. ✍️ ANSELME TUYIZERE


FC Barcelona yashyize hanze umwambaro izambara kuri El-Clasco ya Saison 2025/2026. Imfura ya mama




Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thadee, yantenze imitoreze ya Afhamia Lotfi Imfura ya mama


Perezida wa Rayon Sports yatangaje ko bagiye gufata umwanzuro hakagira ibikosoka mu mikinishirize y'abakinnyi. Imfura ya mama



Polisi ikorera mu Murenge wa Ndera n'uwa Rusororo ndetse n'uwa Gikomero yo mu Karere ka Gasabo, yafashe abantu bateka bakanakwirakwiza ikiyobyabwenge cya kanyanga mu baturage. ✍️ANSELME TUYIZERE


Amerika na Israel ntibyitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku kibazo cya Palestine, iri kubera ku cyicaro cya UN i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. ✍️ ANSELME TUYIZERE
