UKWELITIMES (@ukwelitimes) 's Twitter Profile
UKWELITIMES

@ukwelitimes

The voice of EastAfrican People, Truth is our choice everyday

ID: 1129245178101936129

linkhttp://ukwelitimes.com calendar_today17-05-2019 04:40:05

60,60K Tweet

66,66K Takipçi

711 Takip Edilen

UKWELITIMES (@ukwelitimes) 's Twitter Profile Photo

Perezida Donald Trump yasabye ko umuhanzi Beyoncé akurikiranwaho kwakira indonke ya miliyoni 11 z’Amadolari y'Amerika kugira ngo ashyigikire Kamala Harris bari bahanganye mu matora y’umukuru w’igihugu aheruka. ✍️ ANSELME TUYIZERE

Perezida Donald Trump yasabye ko umuhanzi Beyoncé akurikiranwaho kwakira indonke ya miliyoni 11 z’Amadolari y'Amerika kugira ngo ashyigikire Kamala Harris bari bahanganye mu matora y’umukuru w’igihugu aheruka.

✍️ <a href="/Anselme_tuyizer/">ANSELME TUYIZERE</a>
UKWELITIMES (@ukwelitimes) 's Twitter Profile Photo

Umukundwa Clemence uzwi cyane nka Cadette mu myidagaduro ndetse akaba yaranitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda rya 2019, agiye gutangira kumvikana nk’umunyamakuru kuri radio nshya mu Rwanda yitwa Urban Radio. ✍️ ANSELME TUYIZERE

Umukundwa Clemence uzwi cyane nka Cadette mu myidagaduro ndetse akaba yaranitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda rya 2019, agiye gutangira kumvikana nk’umunyamakuru kuri radio nshya mu Rwanda yitwa Urban Radio.

✍️ <a href="/Anselme_tuyizer/">ANSELME TUYIZERE</a>
UKWELITIMES (@ukwelitimes) 's Twitter Profile Photo

KWAMAMAZA: #PremiumConstructionGroup Twubaka ejo hazaza hawe, duhereye ku musingi ukomeye w’ubunyamwuga #kigaliconstruction #rwandarealestate #rwandarealestate #constructionexperts #RwandaBuilds

UKWELITIMES (@ukwelitimes) 's Twitter Profile Photo

DOC METALIQUE: ESE MINISITIRI W'INTEBE MUSHYA AZARWANYA UBUKENE GUTE?? KO HARI ABAVUGA KO NTABUHARI?? Kurikira ikiganiro kirambuye ⬇️ ⬇️ ⬇️ youtu.be/2gEjiZNtYS8?si…

UKWELITIMES (@ukwelitimes) 's Twitter Profile Photo

Komisiyo y’uburezi, ikoranabuhanga, umuco, siporo n’urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite iri kuganira n’Ubuyobozi bw'Inama nkuru y'amashuri makuru na Kaminuza mu Rwanda (HEC) ku bibazo byagaragaye muri raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta. Bimwe mu

Komisiyo y’uburezi, ikoranabuhanga,
umuco, siporo n’urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite iri kuganira n’Ubuyobozi bw'Inama nkuru y'amashuri makuru na Kaminuza mu Rwanda (HEC) ku bibazo byagaragaye muri raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta. 

Bimwe mu
UKWELITIMES (@ukwelitimes) 's Twitter Profile Photo

Mu rwego rwo gushimira abakinnyi b'ikipe y'igihugu y'abagore ya Nigeria begukanye igikombe cya Afurika cya 2024, Perezida w'iki gihugu Bola Ahmed Tinubu, yabashimiye mu buryo bwihariye. Buri mukinnyi muri aba, yahawe ibihumbi $100, inzu, ndetse n'ibihumbi $50 ku batoza. ✍️

Mu rwego rwo gushimira abakinnyi b'ikipe y'igihugu y'abagore ya Nigeria begukanye igikombe cya Afurika cya 2024, Perezida w'iki gihugu Bola Ahmed Tinubu, yabashimiye mu buryo bwihariye. 

Buri mukinnyi muri aba, yahawe ibihumbi $100, inzu, ndetse n'ibihumbi $50 ku batoza.

✍️
UKWELITIMES (@ukwelitimes) 's Twitter Profile Photo

DOC METALIQUE: ESE NI INDE UZASHYIRAHO UBUTEGETSI MURI CONGO?? NI M23 CYANGWA NI KINSHASA?? Kurikira ikiganiro kirambuye ⬇️ ⬇️ ⬇️ youtu.be/2iLWYOTLv1o?si…

UKWELITIMES (@ukwelitimes) 's Twitter Profile Photo

Mu Bushinwa, ababyeyi bagiye kujya bahabwa ibihumbi 3,600 by'Amayuwani (arenga 700,000Rwf) ku mwaka, kuri buri mwana uri munsi y'imyaka itatu muri gahunda ya Leta y'iki gihugu yo gushishikariza abantu kubyara. ✍️ ANSELME TUYIZERE

Mu Bushinwa, ababyeyi bagiye kujya bahabwa ibihumbi 3,600 by'Amayuwani (arenga 700,000Rwf) ku mwaka, kuri buri mwana uri munsi y'imyaka itatu muri gahunda ya Leta y'iki gihugu yo gushishikariza abantu kubyara.

✍️ <a href="/Anselme_tuyizer/">ANSELME TUYIZERE</a>
UKWELITIMES (@ukwelitimes) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa Kabiri, Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite irasuzuma ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo na Repubulika y’u Rwanda, yashyiriweho umukono i Washington D.C, ku wa 27 Kamena

Kuri uyu wa Kabiri, Inteko Rusange  y’Umutwe w’Abadepite irasuzuma ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo na Repubulika y’u Rwanda, yashyiriweho umukono i Washington D.C, ku wa 27 Kamena
UKWELITIMES (@ukwelitimes) 's Twitter Profile Photo

Polisi ikorera mu Murenge wa Ndera n'uwa Rusororo ndetse n'uwa Gikomero yo mu Karere ka Gasabo, yafashe abantu bateka bakanakwirakwiza ikiyobyabwenge cya kanyanga mu baturage. ✍️ANSELME TUYIZERE

Polisi ikorera mu Murenge wa Ndera n'uwa Rusororo ndetse n'uwa Gikomero yo mu Karere ka Gasabo, yafashe abantu bateka bakanakwirakwiza ikiyobyabwenge cya kanyanga mu baturage.

✍️<a href="/Anselme_tuyizer/">ANSELME TUYIZERE</a>
UKWELITIMES (@ukwelitimes) 's Twitter Profile Photo

Amerika na Israel ntibyitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku kibazo cya Palestine, iri kubera ku cyicaro cya UN i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. ✍️ ANSELME TUYIZERE

Amerika na Israel ntibyitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku kibazo cya Palestine, iri kubera ku cyicaro cya UN i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

✍️ <a href="/Anselme_tuyizer/">ANSELME TUYIZERE</a>