Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr Murangira B. Thierry, yagaragaje uko ibyaha bya ruswa byakozwe n’ibyiganje cyane mu Mujyi wa Kigali.
#RBAAmakuru
#DusangireIjambo
🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀🚨
Urwego rw'u Rwanda Rushinzwe Igorora yemeje urutonde rw'abakozi basabirwa igihano cyo kwirukanwa burundu mu kazi, bakurikiranyweho amakosa akomeye bakoze mu rwego rw'akazi, anyuranye n'imyitwarire ikwiye kubaranga.
#MamaUrwagasabo #Amakuru Rwanda Investigation Bureau
Umukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere [RGB], Dr Kaitesi Usta, yasobanuye impamvu y'ingenzi yo kuvugurura itegeko rigenga imiryango itari iya Leta.
Ati 'Turebye ibishingiye ku mategeko n'ibihe tugezemo tubona ari ngombwa ko itegeko rivugururwa.'' #RBAAmakuru
3.Bakaba bahamagariw kuba ijisho ry'umugambwe aho bari hose. #Amos_Ndayishimye arongoye Imbonerakure k'urwego gw'amakaminuza yari yariyabagendeye yasavy izo mbonerakure kuba akarorero mu kuvavanura n'amarigara,bagakura amaboko mu mpuzu umwe wese muco ashoboye mu kurangura imigambi
Muri ibi birori kandi,DG wa Nyagatare District Hospital ashimiye ubuyobozi bwa Nyagatare District ishyaka n'ubushake byihariye bugaragaza mu gushyigikira urwego rw'ubuzima.
Umukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere [RGB], Dr Kaitesi Usta, yavuze ko mbere yo gutangiza umushinga w'itegeko rigenga imiryango itari iya Leta, hakusanyijwe ibitekerezo bitandukanye byavuye mu bagize sosiyete sivile. #RBAAmakuru
Urwego (Rwanda Investigation Bureau) rwataye muri yombi uwitwa Niyitanga Wilfride ufite Imyaka 33,wari umaze umwaka yaracitse.Akekwaho kwiba nyina umubyara witwa Mukarugabira Aloysie w'imyaka 66 inka yari yarahawe muri gahunda ya #Girinka .Niyitanga afungiye kuri RIB ya Nyagisozi Nyanza District
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Rwanda Investigation Bureau rwasubije amafaranga yari yibwe n’abasore babiri bavukana angana n’ibihumbi umunani by’amadorali y’amerika, n’andi ibihumbi birenga 700 Frw.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ari mu Mujyi wa Riyadh muri Arabie Saoudite, aho yitabiriye Inama yihariye y’Ihuriro ry’Ubukungu ku Isi (WEF) yibanda ku mikoranire ihuriweho ndetse n’iterambere ry’urwego rw’ingufu.
Munyakazi Sadate
KARANGWA Sewase🇷🇼
Sir. Uracyaryamye
🚨AMAKURU AGEZWEHO🚨
Perezida Kagame yasesekaye i Riyadh muri Saudi Arabia aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga ku by'Ubukungu izibanda byihariye ku mikoranire ihuriweho ndetse n'iterambere ry'urwego rw'ingufu.
#thechoicelive #thechoiceupdates