
GAHINI SECTOR
@sectorgahini1
Institution that Serves community while upholding values that reflects citizens' satisfaction!
ID: 1504111515602980872
16-03-2022 15:05:24
1,1K Tweet
600 Followers
151 Following


Muri Kayonza District ,mu murenge wa Kabare huzuye ibiro by' akagari ka Rubumba. Aka kagari nubwo Kari kure yakaburimbo ariko abaturage bavuga ko bishimira ibikorwa remezo birimo Sacco Kungahara, Ivuriro , EP KAMARASHAVU ndetse n' amashanyarazi ! #Visitkayonza #InvestInKayonza


Mu Karere ka Kayonza District, gahunda yo guhuriza hamwe ubutaka bw’abaturage yabaye igisubizo gikomeye mu kurwanya ubukene no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage. Nyuma y’imyaka hafi itanu y’akazi katoroshye, abaturage bo muri aka karere batangiye kwishimira inyungu


Mu Kagari ka Nkondo mu Murenge wa Rwinkwavu Sector muri Kayonza District hubatswe umudugudu wo gutuzamo abaturage bari batuye ahakorerwa ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro bo mu Kagari ka Gihinga muri uyu Murenge, n'abo mu Kagari ka Bunyetongo mu Murenge wa MURAMA SECTOR ...




#ABIRWINKWAVU #BARISHIMYE Imiryango 66 ya Rwinkwavu Sector mu Karere ka @Kayonza ahakorerwa ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro irimo kubakirwa inzu zigezweho. Imiryango 10 ya mbere yamaze gutuzwa. Imiryango irimo kwimurwa n’isanzwe ituye ahakorerwa ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro




Uyu munsi, Visi Meya Munganyinka Hope, yakiriye itsinda ry’abakozi ba Rwanda Energy Group bari kumwe na rwiyemezamirimo #LTC uzageza amashanyarazi mu Mirenge ya Kabare, Nyamirama, Ruramira na Gahini, muri gahunda ya "Amashanyarazi kuri bose". izatuma abaturage bose bagezwaho umuriro.





Mu Murenge wa GAHINI SECTOR hagiye kuzura umuyoboro uzatanga amazi muri Kayonza District na Gatsibo, muri Kayonza uzaha amazi imirenge ya GAHINI SECTOR Murundi Sector Rukara Sector ni muri gahunda ya leta yo kwegereza amazi meza abaturage, imirimo igeze kuri 78%.


Uyu munsi GAHINI SECTOR mu tugari twose umuganda usoza ukwezi kwa5 wibanze kubikorwa byo gukemura ibibazo bya #HSI


Perezida w'Inteko Ishingamategeko Umutwe w'Abadepite Kazarwa Gertrude ari kumwe n’abandi badepite, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa 𝐄𝐚𝐬𝐭𝐞𝐫𝐧 𝐏𝐫𝐨𝐯𝐢𝐧𝐜𝐞 | 𝐑𝐰𝐚𝐧𝐝𝐚, Jeanne Nyirahabimana, Meya Nyemazi John Bosco n’inzego z’umutekano bifatanyije n'abaturage bo mu Murenge wa Rwinkwavu muganda rusange. 1/4


Perezida w’Inteko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite Kazarwa Gertulde Kazarwa Gertrude yitabiriye umuganda rusange usoza ukwezi kwa Gicurasi, aho yasuye inzu 10 zubakiwe abaturage bakuwe ahaturikirizwaga intambi mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro i Rwinkwavu. Abo baturage barashima


Ese wari ubizi ko muri Kayonza District ariho hantu hari icyanya cya mbere mu gihugu gihinzeho imbuto k'ubuso bunini? Ni icyanya cy'imbuto za Avoka, ibinyamacunga, imyembe n'ibifenesi, bihinze k'ubuso bwa Hegitari 1337.


Umuyobozi w'Akarere ka Kayonza Nyemazi John Bosco yagaragaje ishusho mu iterambere n'imibereho by'abaturage. Ministry of Local Government | Rwanda Pudence RUBINGISA Tito Hare INTORE || SAM NDAGIJE CAGUWA Byose wabisanga kuri iyi link: youtu.be/mlWsL3mZW3g
