KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile
KIGARAMA SECTOR/KIREHE

@kigaramasec

Official Twitter handle of Kigarama Sector/Kirehe District- Eastern Province.

ID: 1630134542643212289

linkhttp://www.kirehe.gov.rw calendar_today27-02-2023 09:17:18

484 Tweet

144 Followers

79 Following

KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile Photo

Kiri iyi tariki ya 14.05.2024 umwanditsi w'irangamimere mu Murenge wa kigarama yayoboye umuhango w'ishyingirwa kuri Couples 2.nshyashya.

Kiri iyi tariki ya 14.05.2024 umwanditsi w'irangamimere mu Murenge wa kigarama yayoboye umuhango w'ishyingirwa kuri Couples 2.nshyashya.
KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile Photo

None tariki ya 14.05.2024 umwanditsi w'irangamimere mu Murenge wa kigarama yasezeranyije couples 2abasore n'inkumi mu buryo bwemewe n'amategeko.

None tariki ya 14.05.2024 umwanditsi w'irangamimere mu Murenge wa kigarama yasezeranyije couples 2abasore n'inkumi mu buryo bwemewe n'amategeko.
KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile Photo

Nku ko bisanzwe buri wa kabiri mu tugari twose two mu Murenge wa kigarama haba inteko z'abaturage aho ES w'umurenge yufatanyije n'abaturage mu kagari ka kigarama haganirwa kuri gahunda za leta harimo n'amatora hanakemurwa ibibazo by'abaturage.

Nku ko bisanzwe buri wa kabiri mu tugari twose two mu Murenge wa kigarama haba inteko z'abaturage aho ES w'umurenge yufatanyije n'abaturage mu kagari ka kigarama haganirwa kuri gahunda za leta harimo n'amatora hanakemurwa ibibazo by'abaturage.
KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile Photo

Mu rwego rwo kwitegura kwizihiza ku nshuro ya 30 umunsi mukuru wo kwibohora mu Murenge wa Kigarama hateguwe amarushanwa y'imiyoborere myiza mu midugudu yose mu rwego rwo kwishimira ibyagezweho kubera imiyoborere myiza. Insanganyamatsiko:Imiyoborere myiza, umunsi w'ibyagezweho.

Mu rwego rwo kwitegura kwizihiza ku nshuro ya 30 umunsi mukuru wo kwibohora mu Murenge wa Kigarama hateguwe amarushanwa y'imiyoborere myiza mu midugudu yose mu rwego rwo kwishimira ibyagezweho kubera imiyoborere myiza. Insanganyamatsiko:Imiyoborere myiza, umunsi w'ibyagezweho.
KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile Photo

None tariki ya 18.05.2024 muri gahunda yiswe Mutima w'urugo niryo zina rinkwiriye, Es w'Umurenge wa kigarama Mme UWANYIRIGIRA Esperance ari kumwe na CNF yakoranye inama na komite ya CNF kuva ku mudugudu kugeza ku kagari mu kagari ka kigarama. haganirwa ku myiteguro y'amatora.

None tariki ya 18.05.2024 muri gahunda yiswe Mutima w'urugo niryo zina rinkwiriye, Es w'Umurenge wa kigarama Mme UWANYIRIGIRA Esperance ari kumwe na CNF yakoranye inama na komite ya CNF kuva ku mudugudu kugeza ku kagari mu kagari ka kigarama. haganirwa ku myiteguro y'amatora.
KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile Photo

Mu Murenge wa kigarama twakiriye itsinda rigizwe n'umuyobozi w'Akarere Bwana Bruno RANGIRA ari kumwe nabandi bagize inama y'umutekano itaguye y'Akarere Bari baje gusura Site zahazatorerwa harebwa imyiteguro y'amatora.

Mu Murenge wa kigarama twakiriye itsinda rigizwe n'umuyobozi w'Akarere Bwana Bruno RANGIRA ari kumwe nabandi bagize inama y'umutekano itaguye y'Akarere Bari baje gusura Site zahazatorerwa harebwa imyiteguro y'amatora.
KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile Photo

Ku bufatanye n'Akarere ka KIREHE mu Murenge wa kigarama none tariki ya 23.05.2024 mu Murenge wa kigarama twakiriye inka 5 zizorozwa abatishoboye muri gahunda ya Girinka.

Ku bufatanye n'Akarere ka KIREHE mu Murenge wa kigarama  none tariki ya 23.05.2024 mu Murenge wa kigarama twakiriye inka 5 zizorozwa abatishoboye muri gahunda ya Girinka.
KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile Photo

Mu Murenge wa kigarama twakomeje gahunda yo kwegera no gukemura ibibazo by'abaturage byahujwe n'inteko z'abaturage binyuze mun marushanwa y'imiyoborere myiza yateguwe n'ubuyobozi b w'umurenge wa kigarama

Mu Murenge wa kigarama twakomeje gahunda yo kwegera no gukemura ibibazo by'abaturage byahujwe n'inteko z'abaturage binyuze mun marushanwa y'imiyoborere myiza yateguwe n'ubuyobozi b w'umurenge wa kigarama
KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile Photo

Amarushwanwa y'imiyoborere myiza afite insanganyamatsiko :::imiyoborere myiza, umusingi w'ibyagezweho mu Murenge wa kigarama ararimbanyije aho yahujwe n'inteko z'abaturage maze abatuye akagari kabo bashima ibyagezweho muri iyi myaka 30 ishize.

Amarushwanwa y'imiyoborere myiza afite insanganyamatsiko :::imiyoborere myiza, umusingi w'ibyagezweho mu Murenge wa kigarama ararimbanyije aho yahujwe n'inteko z'abaturage maze abatuye akagari kabo bashima ibyagezweho muri iyi myaka 30 ishize.
National Electoral Commission | Rwanda (@rwandaelections) 's Twitter Profile Photo

Harabura iminsi 30 gusa kugira ngo Abanyarwanda baba mu mahanga bitorere Perezida wa Repubulika n'Abadepite. Ihutire kureba aho uzatorera cyangwa kwiyimura unyuze kuri amatora.nec.gov.rw #AmatoraMuMucyo

Harabura iminsi 30 gusa kugira ngo Abanyarwanda baba mu mahanga bitorere Perezida wa Repubulika n'Abadepite. Ihutire kureba aho uzatorera cyangwa kwiyimura unyuze kuri amatora.nec.gov.rw
#AmatoraMuMucyo
KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile Photo

Uyu munsi tariki ya 19.06.2024 mu Murenge wa kigarama hatanzwe certificate ku bantu bakuze 128 muri 137 bigaga gusoma no kwandika.

Uyu munsi tariki ya 19.06.2024 mu Murenge wa kigarama hatanzwe certificate ku bantu bakuze 128 muri 137 bigaga gusoma no kwandika.
KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile Photo

Muri gahunda yo kwegera abaturage tubakemurira ibibazo biciye mu bukangurambaga bw'imiyoborere myiza bufite insanganyamatsiko;imiyoborere myiza umusingi w'ibyagezweho bwatangiye ku wa 21.5-21.06 2024 bwashoje

Muri gahunda yo kwegera abaturage tubakemurira ibibazo biciye mu bukangurambaga bw'imiyoborere myiza bufite insanganyamatsiko;imiyoborere myiza umusingi w'ibyagezweho bwatangiye ku wa 21.5-21.06 2024 bwashoje
KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile Photo

Muri ubu bukangurambaga Kandi bugamije kwishimira ibyagezweho mu myaka 30 ishize haremewe utishoboye wamugariye ku rugamba mu rwego rwo kumushimira umusanzu yatangiye mu Kubohora Igihugu afatanyije n'abandi .

Muri ubu bukangurambaga Kandi bugamije kwishimira ibyagezweho mu myaka 30 ishize haremewe utishoboye wamugariye ku rugamba mu rwego rwo kumushimira umusanzu yatangiye mu Kubohora Igihugu afatanyije n'abandi .
KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile Photo

Ni igikorwa cyaranzwe na moral nyinshi y'abaturage hakaba hahembwe imidugudu yabaye indashyikirwa ndetse hashimirwa abayobozi babigizemo uruhare.

KIGARAMA SECTOR/KIREHE (@kigaramasec) 's Twitter Profile Photo

Biroroshye nawe wabyikorera ejo tariki ya 7.08.2024 ku mupaka wa Rusumo hazakorwa ubukangurambaga kuri service zitangirwa ku irembo muri Gahunda ya Byikorere ntimuzacikwe.

Kazarwa Gertrude (@gkazarwa) 's Twitter Profile Photo

Ntewe ishema n’inshingano nahawe zo kuba Perezida w’Umutwe w’Abadepite. Ndashimira Paul Kagame ku miyoborere myiza y’igihugu cyacu cy’u #Rwanda. Ku banyarwanda mwese, icyizere mwangiriye cyanteye imbaraga zo gukorana umurava.

Ntewe ishema n’inshingano nahawe zo kuba Perezida w’Umutwe w’Abadepite.
Ndashimira <a href="/PaulKagame/">Paul Kagame</a> ku miyoborere myiza y’igihugu cyacu cy’u #Rwanda.
Ku banyarwanda mwese, icyizere mwangiriye cyanteye imbaraga zo gukorana umurava.