RWIMITERERI CELL- MURAMBI SECTOR
@rwimiterer
Rwimitereri cell is located in Murambi sector -Murambi sector located in Gatsibo district where this cell has good plantation and π fishing near the L.Muhazi.
ID: 1880592279427022848
18-01-2025 12:25:32
441 Tweet
27 Followers
86 Following
Biri kuba: Umuyobozi w'Akarere Bwana Emmanuel NZABONIMPA yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri Ministry of Health | Rwanda Bwana Yvan Butera uri muri ruzinduko rw'akazi mu karere ka Gicumbi. Aka kanya hakaba hari gusurwa ivuriro ry'ibanze ryo ku rwego rwa kabiri rya Gatuna.
Murambi habaye inama yahuje komite ya Pan African Movement kurwego rw'umurenge nibyiciro birimo: Abayobozi bibigo by'amashuri , amavuriro,PSF inzego zabaturutse mu tugari... β‘οΈBaganiriye ku mateka ya PAM, impamvu yayo β‘οΈGuhindura imitekerereze no gukunda igihugu...Gatsibo District
Rwanda Energy Group mwiriweneza umuriro wabuze hano muri Gatsibo district umurenge wa Murambi center y'idihiro mwadufasha rwose ubuzima bumeze nabi.
Rwanda Energy Group murakoze cyane rwose tubashimiye kubwo kutwitaho abatekenisiye banyu batugezeho umuriro wabonetse.
Kuri uyu wa Gatandatu, mu Murenge wa Ngarama hakorewe ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko & gushishikariza abaturage kugira umuco w'isuku n'isukura. Umuhanzi SENDERI International Hit yasusurukije abaturage agaruka ku ntego y'Ubukangurambaga. Ministry of Local Government | Rwanda
Ku munsi wa Kabiri wβuruzindiko rwβAbadepite Gatsibo District, basuye ikigo cyβUrubyiruko cya Kiramuruzi n'ikigo cyβishuri cy'Umutara polytechnic (UPN). Rwanda Parliament Ministry of Local Government | Rwanda Ministry of Gender & Family Promotion | Rwanda Ministry of Education | Rwanda πππ¬πππ«π§ ππ«π¨π―π’π§ππ | ππ°ππ§ππ
Kuri uyu wa Mbere, Umuyobozi w'Akarere wungirije MUKAMANA Marceline yakiriye itsinda rw'Abadepite ba Komisiyo y'Ububanyi n'Amahanga, Ubutwererane n'Umutekano Rwanda Parliament baganira ku bibazo bikigaragara mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro bibangamiye umutekano w'abaturage.
Nyuma yβinama nβibyiciro bitandukanye ku rwego rw'Akarere, itsinda ryβAbadepite hamwe n'izindi nzego basuye ahakorerwa ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro butemewe banaganira n'abahagarariye ibyiciro bitandukanye mu Murenge wa Remera. Rwanda Parliament Ministry of Local Government | Rwanda πππ¬πππ«π§ ππ«π¨π―π’π§ππ | ππ°ππ§ππ
Uyu munsi, hirya no hino mu Tugari twa Gatsibo District haraterana inteko z'Abaturage; by'umwihariko Umuyobozi w'Akarere arifatanya n'Abaturage b'Akagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kiziguro. Ministry of Local Government | Rwanda πππ¬πππ«π§ ππ«π¨π―π’π§ππ | ππ°ππ§ππ
Good morning Rwanda. Good morning Nyagatare District Nyagatare Youth Volunteers , mu masaha make urubyiruko rw'Abakorerabushake rwo muri πππ¬πππ«π§ ππ«π¨π―π’π§ππ | ππ°ππ§ππ baraba basesekaye iwanyu mugusoza ukwezi kwahariwe ibikorwa byubukorerabushake,mubakirane urugwiro rwose , ubumwe nizo mbaraga Rwanda Youth Volunteers
πππ¬πππ«π§ ππ«π¨π―π’π§ππ | ππ°ππ§ππ
@rwandaeastGusoza ukwezi kwahariwe ibikorwa byβubukorerabushake, byabanjirijwe nβumuganda wo gutera ibiti mu Kagari ka Tabagwe, Umurenge wa Tabagwe mu Karere ka Nyagatare District, aho abayobozi bafatanyije n'abaturage ndetse nβurubyiruko bw'abakorerabushake bateye ibiti bisaga ibihumbi 9.
Kuri uyu wa Kane tariki 06 Ugushyingo 2025 Urubyiruko Rwabakorera Bushakake bo mukarere ka Gatsibo District na Nyagatare District bari kumwe na Minisitiri UTUMATWISHIMA na DG muri Rwanda Youth Volunteers mu gusoza ukwezi kwahariwe ibikorwa by'ubukorera bushake.Ministry of Local Government | Rwanda
Ministry of Local Government | Rwanda πππ¬πππ«π§ ππ«π¨π―π’π§ππ | ππ°ππ§ππ Mugiraneza S.Saidi GASANA Richard Sekanyange J.Leonard MUKAMANA Marceline Radio Nyagatare 95.5 FM Umuyobozi wa Plan International Rwanda Emilie Fernandes yavuze ko bafite ubufatanye bwiza na Gatsibo District bugamije gufasha umuturage, ati: " Ntabwo igenamigambi ari irya Plan International Rwanda gusa ahubwo rihuriweho n'inzego zitandukanye z'Ubuyobozi rigamije guteza imbere umuturage".
Kubufatanye n'inzego zitandukanye, mu Kagari ka Kiburara mu Murenge wa Rwimbogo hamenwe inzoga z'uruganda rwa B&N Home Ltd rukora inzoga yitwa Agakeye itujuje ubuziranenge ndetse hafungwa n'Uruganda. Ministry of Local Government | Rwanda πππ¬πππ«π§ ππ«π¨π―π’π§ππ | ππ°ππ§ππ
Ku bufatanye n'inzego zitandukanye, i Gatsibo District habereye igikorwa cyo kumena inzoga z'uruganda rwa B&N Home Ltd rukora inzoga yitwa Agakeye byagaragaye ko itujuje ubuziranenge, ndetse hafungwa n'Uruganda rwayo ruherereye mu Kagari ka Kiburara mu Murenge wa Rwimbogo Sector.
Ni nyuma y'uko hakozwe ubugenzuzi ku bufatanye n'Ikigo Rwanda Food and Drugs Authority bikagaragara ko uru ruganda rukora ibinyuranye n'ibyangombwa rwahawe. Ubuyobozi bwasabye abaturage guhora bashishoza ku kintu cyose gishobora kwangiza ubuzima bwabo, bubasaba no kujya batangira amakuru ku gihe.
Umuyobozi w'Akarere, Hildebrand Niyomwungeri yaganirije abayobozi, abarezi na bamwe mu banyeshuri bo muri GS. Saint Annibal Kaduha kuri gahunda ya "Ndi Umunyarwanda." Yabasobanuriye uburyo mbere y'uko abakoloni baza mu Rwanda, Abanyarwanda bari babanye neza. 1/2