NTIRUSHWA Christophe
@ntirushwachris3
Umutoza w'Intore Mageragere Sector
ID: 1196348402751156225
18-11-2019 08:45:14
79 Tweet
62 Followers
17 Following
Earlier this week , from August 28 to 30,2024, AVEGA Agahozo, under the DELIVER project supported by UN Trust Fund to End Violence against Women, distributed 86 sewing machines to teen mothers. Recipients completed a 6-month training offered by AVEGA in partnership with vocational training institutions.
NDAHIRO Valens Papy Nyarugenge District City of Kigali agrunirwanda #RwOT Ubuyobozi bw'Umurenge bwakoranye inama n'uyu rwiyemezamirimo yibutswa ibyo agomba gukora biri mu masezerano afitanye n'abaturage,yatangiye kongera imodoka mu buryo bwo kumufasha kunoza akazi,kandi ubugenzuzi mu kureba ko ibiri mu masezerano byubahirizwa burakomeza
Minisitiri w'Intebe, Edouard Ngirente agiye gushyira ibuye ry'ifatizo ahazubakwa ibikorwa remezo by'umushinga wa "Kigali Innovation City" Ni mu Cyanya cy'Inganda i Masoro muri Gasabo District aho uyu mushinga witezweho gushyira u Rwanda mu myanya ya mbere y'ikoranabuhanga rigezweho.
Muri iyi nama yaguye ya komite y'inama y'igihugu y'urubyiruko #NYC mu karere ka Nyarugenge District yahuje inzego zose zihagarariye urubyiruko irimo guhuza ibitekerezo ku mihigo y'urubyiruko ya 2024-2025 kugirango izabe ari imihigo icyemura ibabazo byugarije aho dutuye. Ministry of Youth and Arts | Rwanda
IGISABO TELEVISION City of Kigali Gasabo District Ministry of Local Government | Rwanda Office of the PM | Rwanda Muraho IGISABO TELEVISION! Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge ntabwo ari we ufunga ibikorwa bitujuje ubuziranenge nka BAR-RESTO, ahubwo afatanya n’itsinda rishinzwe ubugenzuzi. Umulisa Sandrine yasuwe n'iryo tsinda asabwa kugira ibyo akosora mu isuku, kongeraho no gushyiraho
IGISABO TELEVISION Presidency | Rwanda Muraho IGISABO TELEVISION, Agace gakikije Sitade Amahoro, nka hamwe mu hantu hazajya hakira abashyitsi b’ingeri nyinshi, kashyizwe mu hantu iteka rya Minisitiri ryerekeye gufatira ubutaka by’agateganyo no gusesa amasezerano yo gutunga ubutaka ryo ku wa 10/07/2024 ryita ‘ahantu
Ku rwego rw'akarere ka Nyarugenge District muri Kigali Sector hari kubera ibirori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w'Abageze mu zabukuru, aho Abasaza n'Abakecuru babukereye baje kwishimira ibyiza bagejejweho,DDEA Uwamahoro Genevieve yifatanyije n'abakuze muri ibi birori, bagabirwa Inka.
Mu mahugurwa y'icyiciro cya kane cy'abarimu b'amateka bo mu mashuri yisumbuye yatangiye uyu munsi mu Kigo cy'Ubutore cya Nkumba, Umuyobozi Nshingwabikorwa ushinzwe Itorero no guteza imbere Umuco Julienne Uwacu yatanze ikiganiro ku Itorero mu Mashuri n'uruhare rwaryo mu iterambere
DEA wa Nyarugenge District Bwana INGANGARE Alexis yatangije Ukwezi kwahariwe Ibikorwa by'ubukorerabushake muri Kigali Sector Urubyiruko rwakoze umuganda rutera ibiti ruzirikana #GreenRwanda,rwiyemeje gufasha abaturage bafite amikoro make,no gusigasira isuku hakumirwa indwara z'ibyorezo
Ubwo se wirengagije ko abajandarume bo kwa Habyarimana n'Abasirikare be bitwa inzirabwoba ari bakoze bakanayobora Jenoside yakorewe abatutsi???People @GameChanger erega baca umugani ngo ishyano ntiribara umukuru nk'umuto waribonye ibyo abantu bavuga byabaye ku manywa y'ihangu