MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile
MY250TV 🇷🇼

@my250tv

Amakuru nyayo mu gihugu no hanze kandi abonekera ku gihe..

Facebook: web.facebook.com/My250TvOfficial

ID: 1163747710232604672

linkhttp://My250tv.com calendar_today20-08-2019 09:41:00

2,2K Tweet

1,1K Followers

17 Following

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Perezida Ndayishimiye Évariste umaze amezi abiri mu mitwe yo gucuruza impunzi z’Abanye-Congo zamuhungiyeho birangiye akamye ikimasa kuko yamaze gutegekwa kuzireka zigasubira iwabo. my250tv.com/2026/02/25/per…

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Umunyagitugu Ndayishimiye ufite ipfune ryo kuba AFC/M23 yaramutsinze muri Uvira yatangiye gutura umujinya urubyiruko rwe aho ubu yategetse igipolisi na za nterahamwe ze zizwi nk’Imbonerakure kujya batangira buri musore wese babonye atambuka i Bujumbura bakamusaka

Umunyagitugu Ndayishimiye ufite ipfune ryo kuba AFC/M23 yaramutsinze muri Uvira yatangiye gutura umujinya urubyiruko rwe aho ubu yategetse igipolisi na za nterahamwe ze zizwi nk’Imbonerakure kujya batangira buri musore wese babonye atambuka i Bujumbura bakamusaka
MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Imyaka ibiri irihiritse Ndayishimiye Évariste utegeka u Burundi afashe icyemezo gishaririye ku mubereho y’Abarundi cyo gufunga imipaka yose yo ku butaka ihuza iki gihugu n’u Rwanda, ibikomeje gutuma abaturage bishora mu bikorwa bishyira mu kaga ubuzima bwabo.

Imyaka ibiri irihiritse Ndayishimiye Évariste utegeka u Burundi afashe icyemezo gishaririye ku mubereho y’Abarundi cyo gufunga imipaka yose yo ku butaka ihuza iki gihugu n’u Rwanda, ibikomeje gutuma abaturage bishora mu bikorwa bishyira mu kaga ubuzima bwabo.
MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Nyuma yo guhura n’umunyagitugu Antoine Felix Tshisekedi wigize mukerarugendo, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yatangaje ko igihugu cye gishyigikiye imigambi y’amahoro kugira ngo ku buryo burambye amahoro asagambe mu Burasirazuba bwa Congo. my250tv.com/2026/02/27/kun…

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kugaragara urusaku rw’agahungu gafite umunwa ukaruta kitwa Eric Niyongabo aho kasizoye mu gukwirakwiza ibihuha no gutuka bya gishumba ubuyobozi bw’u Rwanda. my250tv.com/2026/02/27/udu…

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Abarundi ntibiyumvisha uburyo bakomeje kwirizwa ku mirongo bategereje kugerwaho ngo bishyure lisansi bo bita “igitoro”, bajya kuyigura mu ngo z’abaturage ho bakayibona byihuse ariko ku giciro cy’umurengera, aho bahera bibaza aho baba bacururiza mu ngo bo bayivana.

Abarundi ntibiyumvisha uburyo bakomeje kwirizwa ku mirongo bategereje kugerwaho ngo bishyure lisansi bo bita “igitoro”, bajya kuyigura mu ngo z’abaturage ho bakayibona byihuse ariko ku giciro cy’umurengera, aho bahera bibaza aho baba bacururiza mu ngo bo bayivana.
MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Umujenosideri kabombo Muhayimana Claude ufungiye mu Bufaransa agomba kuguma muri gereza kugeza mu mwaka wa 2040 nyuma y’uko imigambi yo kujurira imupfubanye n’ubundi agakatirwa igifungo cy’imyaka 14. my250tv.com/2026/03/02/u-b…

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Intagondwa z’interahamwe n’abajenosideri bihishe i Burayi bibumbiye mu gatsiko ka FDU-Inkingi, bongeye guhurira i Buruseli mu Bubiligi mu gikorwa cyo guhemba abahezanguni bahize abandi mu guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. my250tv.com/2026/03/02/int…

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Amakuru aturuka i Bujumbura aremeza ko kubera impamvu y’ibura ry’imiti rimaze igihe, ubu abayicuruza ku buryo bwa magendu aribo barimo kugaragara hirya no hino muri uyu mujyi ndetse no mu tundi duce tw’igihugu. my250tv.com/2026/03/02/per…

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Abanzi b’u Rwanda barangajwe imbere n’interahamwe, ibigarasha n’abandi bagome bihishe hirya no hino ku Isi baraye mu nkweto bishimira kuba Leta zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ibihano bibogamye ku ngabo z’u Rwanda, gusa ibyo barimo ni amafuti bitewe n’imiterere y’ibyo bihano.

Abanzi b’u Rwanda barangajwe imbere n’interahamwe, ibigarasha n’abandi bagome bihishe hirya no hino ku Isi baraye mu nkweto bishimira kuba Leta zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ibihano bibogamye ku ngabo z’u Rwanda, gusa ibyo barimo ni amafuti bitewe n’imiterere y’ibyo bihano.
MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Umuhezanguni Mukunzi Rubens wamenyekanye mu itangazamakuru ry’u Rwanda nka “Mr Bean” ubu akaba yarigize impunzi muri Amerika akomeje kugumura urubyiruko rw’u Rwanda ruba mu mahanga arucengezamo ingabitekerezo y’urwango n’amacakubiri. my250tv.com/2026/03/03/ind…

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Imbere y’imbaga y’abakirisitu gaturika muri Cathédrale Regina Mundi kuri iki Cyumweru tariki ya Mbere Gicurasi 2026, Padiri Steve Mike yumvikanye asabira u Burundi ko Imana yabakiza ubutegetsi kirimbuzi bwa CNDD-FDD my250tv.com/2026/03/04/pad…

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Safi Eric umuvandimwe w’ikigarasha akaba n’inzererezi Mupende Ramadhan uzwi mu myidagaduro nka Bad Rama yagaragaje agahinda uyu muvandimwe we yabateye nk’umuryango nyuma yo guhitamo inzira yo kwisunga abasebya bakanarwanya ubuyobozi bw’u Rwanda. my250tv.com/2026/03/04/abo…

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Umuyobozi wa komisiyo ya Sena ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Senateri Jim Risch yatangaje ko ibihano biherutse gufatirwa bamwe mu basirikare bakuru b’u Rwanda bitari mu kuri, ndetse ashimangira ko birimo kubogama gukomeye. my250tv.com/2026/03/05/umu…

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Umuyobozi wa komisiyo ya Sena ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Senateri Jim Risch yatangaje ko ibihano biherutse gufatirwa bamwe mu basirikare bakuru b’u Rwanda bitari mu kuri, ndetse ashimangira ko birimo kubogama gukomeye. my250tv.com/2026/03/05/umu…

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Amakuru mashya y’ubutasi agaragaza ko u Burundi bwari ku ruhembe rw’ibitero by’iterabwoba byahitanye inzirakarengane z’Abanyarwanda 15 mu Karere ka Musanze mu Ukwakira 2019. my250tv.com/2026/03/05/ubu…

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Rwalinda Pierre Celestin, Perezida w’interahamwe zahoze muri MDR na CDR ubu zibarizwa muri gatsiko ka FDU-Inkingi yumvikanye mu buhanuzi budafite epfo na ruguru, ari nako aca igikuba ku ngabo z’u Rwanda, ibintu byatumye hari abamwita umurwayi wo mu mutwe. my250tv.com/2026/03/06/int…

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Ku mbuga nkoranyambaga Ikigarasha akaba n’inzererezi Mupende Ramadhan uzwi mu myidagaduro nka Bad Rama akomeje gukwirakwiza ibinyoma bigamije guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda ashimangira urwo yanywanye n’Interahamwe. my250tv.com/2026/03/06/inz…

MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Hakomeje kugaragara urusaku rw’interahamwe n’ibigarasha rugamije kugira Jean Luc Habyarimana, umwana w’umunyagituguru Habyarimana Juvénal “Kinani” wategetse u Rwanda ndetse akarugusha muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 igitangaza kandi mu by’ukuri nta cyo ari cyo.

Hakomeje kugaragara urusaku rw’interahamwe n’ibigarasha rugamije kugira Jean Luc Habyarimana, umwana w’umunyagituguru Habyarimana Juvénal “Kinani” wategetse u Rwanda ndetse akarugusha muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 igitangaza kandi mu by’ukuri nta cyo ari cyo.
MY250TV 🇷🇼 (@my250tv) 's Twitter Profile Photo

Interahamwe zihishe hirya no hino ku Isi ntizikigoheka nyuma y’uko Leta zunze Ubumwe za Amerika zifatiye ibihano bamwe mu basirikare b’u Rwanda aho izi nyangabirama ziri kubyuriririraho zikwirakwiza ibihuha bishingiye ku byifuzo by’ubutindi n’ubugome zifitiye u Rwanda.

Interahamwe zihishe hirya no hino ku Isi ntizikigoheka nyuma y’uko Leta zunze Ubumwe za Amerika zifatiye ibihano bamwe mu basirikare b’u Rwanda aho izi nyangabirama ziri kubyuriririraho zikwirakwiza ibihuha bishingiye ku byifuzo by’ubutindi n’ubugome zifitiye u Rwanda.