EAR Butare Diocese (@earbutare250) 's Twitter Profile
EAR Butare Diocese

@earbutare250

Anglican Church of Rwanda ; EAR Diocese Butare! Theme of The Year 2025 1Corinthians 15:58

ID: 1724824293308264448

calendar_today15-11-2023 16:20:14

314 Tweet

237 Followers

71 Following

EAR Butare Diocese (@earbutare250) 's Twitter Profile Photo

EAR Butare Diocese,twifatanije na EAR Diyoseze ya #SHYOGWE mu byishimo by'umuhango wo kurobanura no kwicaza mu ntebe umwepisikopi mushya The Rt. Rev. KABAYIZA Louis Pasteur (Umwepiskopi wa 3 wa Diyoseze). Live:youtube.com/live/VSev4BGfF…

<a href="/EarButare250/">EAR Butare Diocese</a>,twifatanije na EAR Diyoseze ya #SHYOGWE mu byishimo by'umuhango wo kurobanura no kwicaza mu ntebe umwepisikopi mushya The Rt. Rev. KABAYIZA Louis Pasteur
(Umwepiskopi wa 3 wa Diyoseze).

Live:youtube.com/live/VSev4BGfF…
EAR Butare Diocese (@earbutare250) 's Twitter Profile Photo

Mu rwego rwo kwizihiza umunsi w'umwari Mariya, Madam Bishop #CyizaGoretti yifatanije na Mother's Union yo muri Paruwasi ya #Bugina yongera kwibutsa abagize uyu muryango Gukora neza badaseta ibirenge kdi baharanira igihe cyose gushakashaka uko bamenya ibyo Umwami ashima (Ef 5:10)

EAR Butare Diocese (@earbutare250) 's Twitter Profile Photo

Mu ijambo rye yagize Ati "Ndagirango mbibutse ko turi itorero rimwe tutari amatorero 13, turi itorero Anglican ry'u Rwanda". Arch Bishop Dr Laurent Mbanda, Umwepiskopi mukuru w'itorero Anglican ry'u Rwanda mu mwiherero w'abapasitori n'abepisikopi babo i Muhanga. Christophe Nshimyimana

Mu ijambo rye yagize Ati "Ndagirango mbibutse ko turi itorero rimwe tutari amatorero 13, turi itorero Anglican ry'u Rwanda". Arch Bishop Dr <a href="/MbandaLaurent/">Laurent Mbanda</a>, Umwepiskopi mukuru w'itorero Anglican ry'u Rwanda mu mwiherero w'abapasitori n'abepisikopi babo i Muhanga.
<a href="/CNshimyimana/">Christophe Nshimyimana</a>
EAR Butare Diocese (@earbutare250) 's Twitter Profile Photo

"Ibanga nta handi riri ni hahandi Yesu yavuze ati ntacyo mushobora gukora mutamfite"Bishop Christophe Nshimyimana wa EARButare yasabye abapasitori n'abepisikopi guharanira gukuraho isura mbi ikunze kuvugwa ku bakozi b'Imana hagendewe ku bikorwa byiza anasaba ko barushaho guhuza imbaraga.

"Ibanga nta handi riri ni hahandi Yesu yavuze ati ntacyo mushobora gukora mutamfite"Bishop <a href="/CNshimyimana/">Christophe Nshimyimana</a> wa EARButare yasabye abapasitori n'abepisikopi guharanira gukuraho isura mbi ikunze kuvugwa ku bakozi b'Imana hagendewe ku bikorwa byiza anasaba ko barushaho guhuza imbaraga.
Christophe Nshimyimana (@cnshimyimana) 's Twitter Profile Photo

During our visit to Saar-ost protestant Church in Germany, we had the privilege of meeting the Lord Mayor of Saarbrücken, the capital of the Saarland region

During our visit to Saar-ost protestant Church in  Germany, we had the privilege of meeting the Lord Mayor of Saarbrücken, the capital of the Saarland region
Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) 's Twitter Profile Photo

Mu Karere ka Huye hari kubera igikorwa cyo #Kwibuka31 abakirisitu, abakozi n'abapasiteri bazize Jenoside yakorewe Abatutsi basengeraga muri za paruwasi za EAR Diyosezi ya Butare. Muri iki gikorwa hanenzwe abapasiteri barenze ku ijambo ry'Imana bakijandika muri Jenoside

Mu Karere ka Huye hari kubera igikorwa cyo #Kwibuka31 abakirisitu, abakozi n'abapasiteri bazize Jenoside yakorewe Abatutsi basengeraga muri za paruwasi za EAR Diyosezi ya Butare.

Muri iki gikorwa hanenzwe abapasiteri barenze ku ijambo ry'Imana bakijandika muri Jenoside
EAR Butare Diocese (@earbutare250) 's Twitter Profile Photo

None kuwa 15/6/2025, ku cyicaro cya Diyosezi ya EAR Butare habereye igikorwa cyo kwibuka abakristo,abapasiteri,abakozi n'abahahungiye bazize Genocide yakorewe Abatutsi 1994. Ni umuhango witabiriwe n'abakristo, abahaburiye ababo ndetse n'ubuyobozi bw'akarere ka Huye. #Kwibuka31

None kuwa 15/6/2025, ku cyicaro cya Diyosezi ya EAR Butare habereye igikorwa cyo kwibuka abakristo,abapasiteri,abakozi n'abahahungiye bazize Genocide yakorewe Abatutsi 1994. Ni umuhango witabiriwe n'abakristo, abahaburiye ababo ndetse n'ubuyobozi bw'akarere ka Huye. #Kwibuka31
RDIS Organisation (@rdisforrwanda) 's Twitter Profile Photo

How Churches Sow Hope 🌿 We thank Sarah Neputh, Assistant in the Africa Division at VEM (Vereinte Evangelische Mission), for highlighting how the RDIS initiatives in transforming rural communities through ecological responsibility and social justice. Read the full article: vemission.org/en/details/how…

EAR Butare Diocese (@earbutare250) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa Gatanu tariki 15/8/2025,Umwepisikopi wa EAR Butare, Musenyeri Christophe Nshimyimana yagiriye uruzinduko mu bucidikoni bwa Nyanza hanakomezwa abakristo 100 baturutse mu maparuwasi agize ubu Bucidikoni. Ubu bucidikoni bufite ikicaro mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza.

Kuri uyu wa Gatanu tariki 15/8/2025,Umwepisikopi wa EAR Butare, Musenyeri <a href="/CNshimyimana/">Christophe Nshimyimana</a> yagiriye uruzinduko mu bucidikoni bwa Nyanza hanakomezwa abakristo 100 baturutse mu maparuwasi agize ubu Bucidikoni.
Ubu bucidikoni bufite ikicaro mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza.
EAR Butare Diocese (@earbutare250) 's Twitter Profile Photo

Abakristo 100 bo muri Paruwasi ya EAR #Gafumba barambitsweho ibiganza nk'ikimenyetso cyo gukomezwa mu bukristo Kugirango bakore umurimo w'Imana. Ni mu ruzinduko Umwepisiko na Madam bagiriye muri iyi Paruwasi iherereye mu murenge wa Rusatira mu karerere ka Huye! #Evangism

Abakristo 100 bo muri Paruwasi ya EAR #Gafumba barambitsweho ibiganza nk'ikimenyetso cyo gukomezwa mu bukristo Kugirango bakore umurimo w'Imana.
Ni mu ruzinduko Umwepisiko na Madam bagiriye muri iyi Paruwasi iherereye mu murenge wa Rusatira mu karerere ka Huye!
#Evangism
EAR Butare Diocese (@earbutare250) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa 3 tariki 27/8/2025, Umwepisikopi wa EAR D/Butare, Musenyeri Christophe Nshimyimana yagiriye uruzinduko mu bucidikoni bwa #Gikonko hanakomezwa abakristo 82 baturutse mu maparuwasi agize ubu bucidikoni. Ubu bucidikoni bufite ikicaro mu murenge wa Gikonko mu karere ka Gisagara.

Kuri uyu wa 3 tariki 27/8/2025, Umwepisikopi wa EAR D/Butare, Musenyeri <a href="/CNshimyimana/">Christophe Nshimyimana</a> yagiriye uruzinduko mu bucidikoni bwa #Gikonko hanakomezwa abakristo 82 baturutse mu maparuwasi agize ubu bucidikoni.
Ubu bucidikoni bufite ikicaro mu murenge wa Gikonko mu karere ka Gisagara.