chantamu2005 (@chantamu2005) 's Twitter Profile
chantamu2005

@chantamu2005

ID: 1470459175616589828

calendar_today13-12-2021 18:23:09

1,1K Tweet

34 Followers

148 Following

Agriculture Value Chain Group LTD (@agricultur65831) 's Twitter Profile Photo

Kugirango umuhinzi abone umusaruro mwiza Kandi mwinshi guhingira igihe biri mubyatuma abigeraho kuko bimufasha guhangana n'ikibazo cy'imihindagurikire y'ibihe. Indashyikirwa za Nyaruguru tugeze kure mugihembwe cy'ihinga 2025B.

Kugirango umuhinzi abone umusaruro mwiza Kandi mwinshi guhingira igihe biri mubyatuma abigeraho kuko bimufasha guhangana n'ikibazo cy'imihindagurikire y'ibihe. Indashyikirwa za Nyaruguru tugeze kure mugihembwe cy'ihinga 2025B.
City of Kigali (@cityofkigali) 's Twitter Profile Photo

Ni umunsi w'ibyishimo aho abaturage baturutse hirya no hino mu Gihugu biganjemo aba #KigaliYacu bahuriye muri #BKArena muri gahunda ya Perezida wacu yo #KwegeraAbaturage. Iyi gahunda iranyura kuri Rwanda Television guhera 11h30. 🔗youtube.com/live/lkC1jiVwc…

Ni umunsi w'ibyishimo aho abaturage baturutse hirya no hino mu Gihugu biganjemo aba #KigaliYacu bahuriye muri #BKArena muri gahunda ya Perezida wacu yo #KwegeraAbaturage. 

Iyi gahunda iranyura kuri <a href="/RwandaTV/">Rwanda Television</a> guhera 11h30.

🔗youtube.com/live/lkC1jiVwc…
Nyaruguru District (@nyarugurudistr) 's Twitter Profile Photo

Mu gusoza amarushanwa ya Kagame Cup ku rwego rwa Southern Province | Rwanda, Ntirenganya Fidele wo mu murenge wa Muganza muri Nyaruguru District yegukanye umudari wa mbere mu kwiruka km 15 naho Niyimbonera Francoise wo mu murenge wa Ruheru nawe yegukana umwanya wa mbere mu kwiruka muri km 10.

Mu gusoza  amarushanwa ya Kagame Cup ku rwego rwa <a href="/RwandaSouth/">Southern Province | Rwanda</a>, Ntirenganya Fidele wo mu murenge wa Muganza muri <a href="/NyaruguruDistr/">Nyaruguru District</a>  yegukanye umudari wa mbere mu kwiruka km 15 naho Niyimbonera Francoise wo mu murenge wa Ruheru nawe yegukana umwanya wa mbere mu kwiruka  muri km 10.
PL Rwanda (@pl_rwanda) 's Twitter Profile Photo

Mu gihe Abanyarwanda n'isi yose twibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri Muntu /PL ryifatanyije n'Abanyarwanda bose n'abacitse ku icumu rya jenoside by'umwihariko, mu #Kwibuka31 Twibuke twiyubaka.

Mu gihe Abanyarwanda n'isi yose twibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri Muntu /PL ryifatanyije n'Abanyarwanda bose n'abacitse ku icumu rya jenoside by'umwihariko, mu #Kwibuka31 
Twibuke twiyubaka.
Unity Club (@unityclubrw) 's Twitter Profile Photo

Ubutumwa bw’Umuyobozi Mukuru wa Unity Club Intwararumuri, Nyakubahwa Madamu First Lady of Rwanda , yageneye Abanyarwanda muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. “Kwibuka ni intango y’Ubumwe n’Ubudaheranwa bw’Abanyarwanda! Ku barokotse Jenoside

Ubutumwa bw’Umuyobozi Mukuru wa Unity Club Intwararumuri, Nyakubahwa Madamu <a href="/FirstLadyRwanda/">First Lady of Rwanda</a> , yageneye Abanyarwanda muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

“Kwibuka ni intango y’Ubumwe n’Ubudaheranwa bw’Abanyarwanda!

Ku barokotse Jenoside
PL Rwanda (@pl_rwanda) 's Twitter Profile Photo

Ishyaka riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri Muntu/PL ryibutse abari abayobozi n'abayoboke baryo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu banyapolitiki 21 bibukwa ku rwego rw'Igihugu bari mu mashyaka atandukanye bashyinguye ku rwibutso rwa Rebero, 9 bakomoka muri PL.

Ishyaka riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri Muntu/PL ryibutse abari abayobozi n'abayoboke baryo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Mu banyapolitiki 21 bibukwa ku rwego rw'Igihugu bari mu mashyaka atandukanye bashyinguye ku rwibutso rwa Rebero, 9 bakomoka muri PL.
Umurenge wa Mayange - Akarere ka Bugesera (@mayangebugesera) 's Twitter Profile Photo

#Kwibuka31 Jenoside yakorewe Abatutsi biciwe ku musozi wa Rebero, byabimburiwe no gutura indabo imibiri y’abishwe muri Jenoside ishyinguye mu Rwibutso rwa Nyamata. Hon.Senateri Mukabalisa Donatille, Intumwa za Rubanda, Vice Mayor UMWALI Angelique, abihayimana,n’abandi, bitabiriye iki gikorwa.

#Kwibuka31 Jenoside yakorewe Abatutsi biciwe ku musozi wa Rebero, byabimburiwe no gutura indabo imibiri y’abishwe muri Jenoside ishyinguye mu Rwibutso rwa Nyamata.
Hon.Senateri <a href="/MukabalisaD/">Mukabalisa Donatille</a>, Intumwa za Rubanda, Vice Mayor <a href="/umwalia9/">UMWALI Angelique</a>, abihayimana,n’abandi, bitabiriye iki gikorwa.
Nyaruguru District (@nyarugurudistr) 's Twitter Profile Photo

Kuri iki gicamunsi,Umuyobozi w'Akarere Dr. Murwanashyaka Emmanuel yayoboye umuhango w'ihererekanyabubasha hagati y'Umunyamabanga Nshingwabikorwa mushya Bwana Makuza Theogene n'Uwari Umunyamabanga Nshingabikorwa w'Agateganyo Madamu Uwamariya Placidie

Kuri iki gicamunsi,Umuyobozi w'Akarere   Dr. Murwanashyaka Emmanuel  yayoboye umuhango w'ihererekanyabubasha hagati y'Umunyamabanga Nshingwabikorwa  mushya Bwana Makuza Theogene n'Uwari Umunyamabanga Nshingabikorwa w'Agateganyo Madamu Uwamariya Placidie
Nyaruguru District (@nyarugurudistr) 's Twitter Profile Photo

Mu kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, abaturage ba #Cyahinda bifatanije na Komite Nyobozi y'Akarere ka Nyaruguru, Inama Njyanama y'Akarere, Ibuka, Inzego z'umutekano n'abafatanyabikorwa #Kwibuka31.

Mu kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, abaturage ba #Cyahinda  bifatanije na Komite Nyobozi y'Akarere ka Nyaruguru, Inama Njyanama y'Akarere, Ibuka, Inzego z'umutekano n'abafatanyabikorwa  #Kwibuka31.
MUNINI HOSPITAL (@muninih) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa Mbere nibwo ku bitaro hatangiye igikorwa cy'ubuvuzi bwegerejwe abaturage. Umuyobozi w'ibitaro Lt Col(RTD) Dr. Valence MURENGEZI n'umuyobozi w'akarere ka Nyaruguru Dr. Murwanashyaka Emmanuel bashimiye itsinda ry'abaganga baje kuvura abaturage.

Kuri uyu wa Mbere nibwo ku bitaro hatangiye igikorwa cy'ubuvuzi bwegerejwe abaturage. Umuyobozi w'ibitaro Lt Col(RTD) Dr. Valence MURENGEZI  n'umuyobozi w'akarere ka Nyaruguru Dr. Murwanashyaka Emmanuel bashimiye itsinda ry'abaganga baje kuvura abaturage.
Presidency | Rwanda (@urugwirovillage) 's Twitter Profile Photo

“We have the knowledge, we have the vision, we have everything. We have resources, and we have organizations. Africa should be far ahead of where we are now and we shouldn't take any comfort that some progress has been made here or there. We just need to do what we have to do.

Nyaruguru District (@nyarugurudistr) 's Twitter Profile Photo

Hon. Depite DeBonheur Jeanne d'Arc ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere, National Women's Council muri Nyaruguru District, Inzego z'umutekano bifatanije n'umurenge wa Ngoma mu kwibuka abagore n'abana 104 bazize Jenoside yakorewe Abatutsimu 1994 batwikiwe mu nzu.

Hon. Depite  DeBonheur Jeanne d'Arc ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere, <a href="/RwandaWomen/">National Women's Council</a> muri <a href="/NyaruguruDistr/">Nyaruguru District</a>, Inzego z'umutekano bifatanije n'umurenge wa Ngoma mu kwibuka  abagore n'abana 104 bazize Jenoside yakorewe Abatutsimu 1994 batwikiwe  mu nzu.
Nyaruguru District (@nyarugurudistr) 's Twitter Profile Photo

Depite Debohneur Jeanne d'Arc yagaye abanyepoliki babi bacuze bakabashyira mubikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi,asaba abaturage kuba umwe, gutekereza byagutse,guhangana n'abapfobya bakanahakana Jenoside yakorewe Abatutsi anizeza abaturage ko Jenoside itazongera kubaho ukundi.

Depite Debohneur Jeanne  d'Arc yagaye  abanyepoliki babi bacuze bakabashyira mubikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi,asaba abaturage kuba umwe, gutekereza byagutse,guhangana n'abapfobya bakanahakana Jenoside yakorewe Abatutsi anizeza  abaturage ko Jenoside itazongera kubaho ukundi.
IBUKA Rwanda (@ibuka_rwanda) 's Twitter Profile Photo

Birushaho kubabaza no kwibaza kurushaho iyo utekereje aba twibuka bazize Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994. Bishwe urw'agashinyaguro, bavutswa uburenganzira bwabo, bwo gukundwa no gukunda, bateshwa icyubahiro, bikagera n'aho imiryango izima. Nta bisobanuro twabibonera. 🎙️

Nyaruguru District (@nyarugurudistr) 's Twitter Profile Photo

Kivu: Hon. Depite Muhakwa Valens ari kumwe n'umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akarere MAJ_Nyaruguru bari kuganira n'ibyiciro bitandukanye ku mitangire ya serivisi hifashishijwe ikoranabuhanga ndetse nyuma harakirwa ibyifuzo n'ibitekerezo by'abaturage mu murenge wa Kivu.

Kivu: Hon. Depite Muhakwa Valens ari kumwe n'umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akarere <a href="/MajNyaruguru/">MAJ_Nyaruguru</a>  bari kuganira n'ibyiciro bitandukanye  ku mitangire ya serivisi hifashishijwe ikoranabuhanga ndetse nyuma harakirwa ibyifuzo n'ibitekerezo by'abaturage mu  murenge wa Kivu.
𝐄𝐚𝐬𝐭𝐞𝐫𝐧 𝐏𝐫𝐨𝐯𝐢𝐧𝐜𝐞 | 𝐑𝐰𝐚𝐧𝐝𝐚 (@rwandaeast) 's Twitter Profile Photo

Imiryango yishwe ikazima muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 mu gihugu cyose ni 15,593 yari igizwe n’abantu 68,871. Imiryango yishwe ikazima mu Ntara y’Iburasirazuba ni 2,246 igizwe n’abantu 9,979. #NtukazimeNdiho #Kwibuka31

Imiryango yishwe ikazima muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 mu gihugu cyose ni 15,593 yari igizwe n’abantu 68,871.

Imiryango yishwe ikazima mu Ntara y’Iburasirazuba ni 2,246 igizwe n’abantu 9,979. 
#NtukazimeNdiho
#Kwibuka31
Nyaruguru District (@nyarugurudistr) 's Twitter Profile Photo

Uyu munsi mu Karere ka Nyaruguru hatangijwe icyumweru cy'Umujyanama n'umufatanyabikorwa hagamijwe guvugutira umuti urambye ibibazo bibangamiye imibereho myiza y'abaturage no kumurika ibyagezweho ku bufatanye bw'Akarere n'abafatanyabikorwa mu 2024/2025

Uyu  munsi mu Karere ka  Nyaruguru hatangijwe icyumweru  cy'Umujyanama n'umufatanyabikorwa   hagamijwe  guvugutira umuti urambye ibibazo bibangamiye imibereho myiza y'abaturage no   kumurika ibyagezweho ku bufatanye bw'Akarere  n'abafatanyabikorwa  mu 2024/2025
Nyaruguru District (@nyarugurudistr) 's Twitter Profile Photo

Abaturage ba Ruheru,Nyabimata na Busanze bagaragaje ibyo bagezeho mu bukungu, imibereho myiza muri uyu mwaka w'imihigo ndetse baniyemeza gukomeza kubisigasira. Muri iki gikorwa haratangwa ibikoresho bifasha abaturage guhashya ibibazo bibangamiye imibereho myiza yabo.

Abaturage ba Ruheru,Nyabimata na Busanze   bagaragaje ibyo  bagezeho  mu bukungu, imibereho myiza muri uyu mwaka w'imihigo  ndetse baniyemeza gukomeza  kubisigasira. Muri iki gikorwa  haratangwa ibikoresho bifasha abaturage guhashya ibibazo bibangamiye imibereho myiza yabo.