CNF RUTSIRO (@crutsiro) 's Twitter Profile
CNF RUTSIRO

@crutsiro

This is official account of CNF Rutsiro District

ID: 1490669626979721219

calendar_today07-02-2022 12:53:14

1,1K Tweet

1,1K Takipçi

1,1K Takip Edilen

Ministry of Gender & Family Promotion | Rwanda (@rwandagender) 's Twitter Profile Photo

Minisitiri Uwimana Consolee yatangije amahugurwa y'abazahugura abandi ku kwimakaza ihame ry'uburinganire hagamijwe kubaka Umuryango Ushoboye kandi Utekanye. Abahugurwa ni 450 barimo 300 baturutse mu turere twose, abahagarariye ibyiciro byihariye, n'abanyeshuri 150 ba za kaminuza.

Minisitiri <a href="/U_Consolee/">Uwimana Consolee</a> yatangije amahugurwa y'abazahugura abandi ku kwimakaza ihame ry'uburinganire hagamijwe kubaka Umuryango Ushoboye kandi Utekanye.
Abahugurwa ni 450 barimo 300 baturutse mu turere twose, abahagarariye ibyiciro byihariye, n'abanyeshuri 150 ba za kaminuza.
Ministry of Gender & Family Promotion | Rwanda (@rwandagender) 's Twitter Profile Photo

.Uwimana Consolee yavuze ko Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda rishimangira ko uburinganire n’ubwuzuzanye ari kimwe mu mahame remezo 6 Igihugu cyiyemeje kubakiraho imiyoborere yacyo, agaragaza byatumye ubu u Rwanda rufite umwanya w’icyubahiro ku isi mu guteza imbere umugore.

.<a href="/U_Consolee/">Uwimana Consolee</a> yavuze ko Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda rishimangira ko uburinganire n’ubwuzuzanye ari kimwe mu mahame remezo 6 Igihugu cyiyemeje kubakiraho imiyoborere yacyo, agaragaza byatumye ubu u Rwanda rufite umwanya w’icyubahiro ku isi mu guteza imbere umugore.
Ministry of Gender & Family Promotion | Rwanda (@rwandagender) 's Twitter Profile Photo

Minisitiri Uwimana Consolee yibukije abahugurwa ko Igihugu kibategerejeho kuba umusemburo w’impinduka, bityo bakaba basabwa kugira umwete n’ubushake mu kumva ibijyanye n’uburinganire n’ubwuzuzanye cyane ko Igihugu kibufata nk'inkingi y’iterambere rirambye.

Minisitiri <a href="/U_Consolee/">Uwimana Consolee</a> yibukije abahugurwa ko Igihugu kibategerejeho kuba umusemburo w’impinduka, bityo bakaba basabwa kugira umwete n’ubushake mu kumva ibijyanye n’uburinganire n’ubwuzuzanye cyane ko Igihugu kibufata  nk'inkingi y’iterambere rirambye.
Ministry of Gender & Family Promotion | Rwanda (@rwandagender) 's Twitter Profile Photo

Minisitiri Uwimana Consolee yasuye abari guhugurirwa kuzahugura abandi ku kwimakaza ihame ry'uburinganire ashima uko atangwa,asaba abahugurwa kuyiga neza bakazafasha abandi gusenya inkuta z’imyumvire ibangamira amahitamo y'u Rwanda yo kwimakaza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye.

Minisitiri <a href="/U_Consolee/">Uwimana Consolee</a> yasuye abari guhugurirwa kuzahugura abandi ku kwimakaza ihame ry'uburinganire ashima uko atangwa,asaba abahugurwa kuyiga neza bakazafasha abandi gusenya inkuta z’imyumvire ibangamira amahitamo y'u Rwanda yo kwimakaza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye.
Ministry of Gender & Family Promotion | Rwanda (@rwandagender) 's Twitter Profile Photo

A bitabiriye amahugurwa ku kwimakaza ihame ry'uburinganire, bagejejwe no Hon. Mupenzi George ikiganiro ku bumwe bw’Abanyarwanda mbere y’ubukoni, isenyuka ry’ubumwe bw’Abanyarwanda n'urugendo rwo kongera kubaka ubumwe bw’Abanyarwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.

A bitabiriye amahugurwa ku kwimakaza ihame ry'uburinganire, bagejejwe no Hon. Mupenzi George ikiganiro ku bumwe bw’Abanyarwanda mbere y’ubukoni, isenyuka ry’ubumwe bw’Abanyarwanda n'urugendo rwo kongera kubaka ubumwe bw’Abanyarwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ministry of Gender & Family Promotion | Rwanda (@rwandagender) 's Twitter Profile Photo

Abitabiriye amahugurwa y'abazahugura abandi ku guteza imbere uburinganire bahawe ikiganiro na Mukamana Monique ukorera National Child Development Agency | Rwanda,ku iterambere ry‘Umwana,baganira ku ihohotera rikorerwa umwana n'ingamba zo kurikumira, basabwa kumenya uburenganzira bwe no kurushaho kumurengera.

Abitabiriye amahugurwa y'abazahugura abandi ku guteza imbere uburinganire bahawe ikiganiro na Mukamana Monique ukorera <a href="/Rwanda_Child/">National Child Development Agency | Rwanda</a>,ku iterambere ry‘Umwana,baganira ku ihohotera rikorerwa umwana n'ingamba zo kurikumira, basabwa kumenya uburenganzira bwe no kurushaho kumurengera.
Ministry of Gender & Family Promotion | Rwanda (@rwandagender) 's Twitter Profile Photo

.Mafeza Faustin Umushakashatsi muri Ministry of National Unity and Civic Engagement yaganirije abitabiriye amahugurwa uko ingengabitekerezo ya Jenoside yagiye yihinduranya kuri Repubulika ya 1 n'iya 2 kugeza kuri Jenoside yakorewe Abatutsi,asaba buri wese kugira guhangana n'ibibangamira ubumwe bw'Abanyarwanda.

.<a href="/MafezaFaustin4/">Mafeza Faustin</a> Umushakashatsi muri <a href="/Unity_MemoryRw/">Ministry of National Unity and Civic Engagement</a> yaganirije abitabiriye amahugurwa uko ingengabitekerezo ya Jenoside yagiye yihinduranya kuri Repubulika ya 1 n'iya 2 kugeza kuri Jenoside yakorewe Abatutsi,asaba buri wese kugira guhangana n'ibibangamira ubumwe bw'Abanyarwanda.
Ministry of Gender & Family Promotion | Rwanda (@rwandagender) 's Twitter Profile Photo

Minisitiri Uwimana Consolee yababwiye ko uburyo mpinduramyumvire bwakoreshejwe mu kubahugura bugaragaza uruhare rw’amakimbirane mu gusenya umuryango, agasanduku ka ‘Jenda ‘, kwamburana ububasha hagati y’abagabo n’abagore…bufasha kugera ku isoko y’ikibazo no kugikemura uhereye mu mizi

Minisitiri <a href="/U_Consolee/">Uwimana Consolee</a> yababwiye ko uburyo mpinduramyumvire bwakoreshejwe mu kubahugura bugaragaza uruhare rw’amakimbirane mu gusenya umuryango, agasanduku ka ‘Jenda ‘, kwamburana ububasha hagati y’abagabo n’abagore…bufasha kugera ku isoko y’ikibazo no kugikemura uhereye mu mizi
Ministry of Gender & Family Promotion | Rwanda (@rwandagender) 's Twitter Profile Photo

Minisitiri Uwimana Consolee yavuze ko kugira ngo tugire Umuryango Ushoboye kandi Utekanye wifuzwa mu cyerekezo 2050 hakenewe abafasha abandi kumva uburinganire "Gender Champions" bahindura imyumvire y'abaturage bose, batanga umusanzu mu guteza imbere uburinganire mu nkingi zose.

Minisitiri <a href="/U_Consolee/">Uwimana Consolee</a> yavuze ko kugira ngo tugire Umuryango Ushoboye kandi Utekanye wifuzwa mu cyerekezo 2050 hakenewe abafasha abandi kumva uburinganire "Gender Champions" bahindura imyumvire y'abaturage bose, batanga umusanzu mu guteza imbere uburinganire mu nkingi zose.
Rutsiro District (@rutsirodistrict) 's Twitter Profile Photo

#Rutsiro: kuri hotel Ubumwe hateraniye inama y'Ihuriro ry'Ubumwe n'Ubudaheranwa mu Karere iba 1 mu mwaka igahuza abayobozi n'abari abayobozi mu Karere kuva 1994, abayobozi b'inzego z'umutekano mu Karere, n'abandi mu byiciro bitandukanye. Inama iyoborwa n'Umuyobozi w'Akarere.

#Rutsiro: kuri hotel Ubumwe hateraniye inama y'Ihuriro ry'Ubumwe n'Ubudaheranwa mu Karere iba 1 mu mwaka igahuza abayobozi n'abari abayobozi mu Karere kuva 1994, abayobozi b'inzego z'umutekano mu Karere, n'abandi mu byiciro bitandukanye. Inama iyoborwa n'Umuyobozi w'Akarere.
Rutsiro District (@rutsirodistrict) 's Twitter Profile Photo

Afungura inama, Madamu Kayitesi Dative, yashimiye Ubuyobozi bushyira imbere ubumwe bw'Abanyarwanda aho yagize ati: "ni amahirwe akomeye kuba Leta y'Ubumwe bw'Abanyarwanda yarashyizeho IHURIRO RY'UBUMWE N'UBUDAHERANWA ku rwego rw'Akarere."

Afungura inama, Madamu Kayitesi Dative, yashimiye Ubuyobozi bushyira imbere ubumwe bw'Abanyarwanda aho yagize ati: "ni amahirwe akomeye kuba Leta y'Ubumwe bw'Abanyarwanda yarashyizeho IHURIRO RY'UBUMWE N'UBUDAHERANWA ku rwego rw'Akarere."
Rutsiro District (@rutsirodistrict) 's Twitter Profile Photo

Iyi nama isuzuma aho urugendo rw'ubumwe n'ubudaheranwa bihagaze mu Karere, imbogamizi zikigaragara n'icyakorwa kugira ngo ihame ry'ubumwe n'ubudaheranwa bigere ku kigero 100% mu Karere.

Iyi nama isuzuma aho urugendo rw'ubumwe n'ubudaheranwa bihagaze mu Karere, imbogamizi zikigaragara n'icyakorwa kugira ngo ihame ry'ubumwe n'ubudaheranwa bigere ku kigero 100% mu Karere.
Rutsiro District (@rutsirodistrict) 's Twitter Profile Photo

#Rutsiro: Akarere kifatanyije n'isi yose muri rusange mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'ibiribwa hazirikanwa insanganyamatsiko igira iti: "duhuze imbaraga, duteze imbere imirire myiza n'ejo heza." Umushyitsi Mukuru yari Meya Kayitesi Dative aho wizihirijwe mu murenge wa Musasa.

#Rutsiro: Akarere kifatanyije n'isi yose muri rusange mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'ibiribwa hazirikanwa insanganyamatsiko igira iti: "duhuze imbaraga, duteze imbere imirire myiza n'ejo heza." Umushyitsi Mukuru yari Meya <a href="/dative_kayitesi/">Kayitesi Dative</a> aho wizihirijwe mu murenge wa Musasa.
Rutsiro District (@rutsirodistrict) 's Twitter Profile Photo

Mu butumwa bwatanzwe, abaturage bibukijwe guharanira kwihaza mu biribwa bahinga neza kandi bakibuka gufata indyo yuzuye. Basabwe kutajya basarura ngo bagurishe umusaruro wose bakibagirwa gusagurira umuryango. Madamu Kayitesi yibukije abaturage gushyira imyaka yabo mu bwishingizi.

Mu butumwa bwatanzwe, abaturage bibukijwe guharanira kwihaza mu biribwa bahinga neza kandi bakibuka gufata indyo yuzuye. Basabwe kutajya basarura ngo bagurishe umusaruro wose bakibagirwa gusagurira umuryango. Madamu Kayitesi yibukije abaturage gushyira imyaka yabo mu bwishingizi.
𝕁𝕦𝕤𝕥𝕚𝕟 𝕨'𝕀 𝕂𝕚𝕟𝕘𝕠𝕘𝕠 (@justinnsengima) 's Twitter Profile Photo

#Rutsiro: Akarere kifatanyije n'isi yose muri rusange mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'ibiribwa hazirikanwa insanganyamatsiko igira iti: "duhuze imbaraga, duteze imbere imirire myiza n'ejo heza." Umushyitsi Mukuru yari Meya Kayitesi Dative aho wizihirijwe mu murenge wa Musasa.