Rushyashya News (@rushyashyanews) 's Twitter Profile
Rushyashya News

@rushyashyanews

Tubagezaho amakuru k'u #Rwanda ndetse n'amahanga

ID: 927433797259399168

linkhttp://www.rushyashya.net calendar_today06-11-2017 07:13:42

7,7K Tweet

7,7K Followers

3,3K Following

Rushyashya News (@rushyashyanews) 's Twitter Profile Photo

Umuhungu wa Ayatollah Ali Khamenei, Mojtaba Khamenei, yatorewe kuba Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran asimbuye se uherutse kwicwa. Amakuru avuga ko yatowe n’abayobozi bakuru b’iki gihugu nyuma y’igitutu cyashyizweho n’Umutwe w’Ingabo za Islamic Revolutionary Guard Corps (IRGC)

Umuhungu wa Ayatollah Ali Khamenei, Mojtaba Khamenei, yatorewe kuba Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran asimbuye se uherutse kwicwa.

Amakuru avuga ko yatowe n’abayobozi bakuru b’iki gihugu nyuma y’igitutu cyashyizweho n’Umutwe w’Ingabo za Islamic Revolutionary Guard Corps (IRGC)
Rushyashya News (@rushyashyanews) 's Twitter Profile Photo

U Rwanda rwasinyanye na CAVB amasezerano yo kwakira Shampiyona Nyafurika y’Amakipe y’Abagabo 2026 - RUSHYASHYA rushyashya.net/u-rwanda-rwasi…

U Rwanda rwasinyanye na CAVB amasezerano yo kwakira Shampiyona Nyafurika y’Amakipe y’Abagabo 2026 - RUSHYASHYA 

rushyashya.net/u-rwanda-rwasi…
Rushyashya News (@rushyashyanews) 's Twitter Profile Photo

Igisubizo cy’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yahaye DRC ku Kinya cy’Ibihano Amerika yashyize ku Rwanda kirasobanutse rushyashya.net/igisubizo-cyum…

Igisubizo cy’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yahaye DRC ku Kinya cy’Ibihano Amerika yashyize ku Rwanda kirasobanutse

rushyashya.net/igisubizo-cyum…
Rushyashya News (@rushyashyanews) 's Twitter Profile Photo

Impungenge z’umutekano wacu zishingiye ku gukomeza kubaho kwa FDLR n’ingengabitekerezo yayo y’ubutagondwa bw’urugomo, ari na yo ngengabitekerezo ya Jenoside, Birababaje kubona bigaragara ko hari abayishyigikira no mu karere n’ahandi rushyashya.net/impungenge-zum…

Impungenge z’umutekano wacu zishingiye ku gukomeza kubaho kwa FDLR n’ingengabitekerezo yayo y’ubutagondwa bw’urugomo, ari na yo ngengabitekerezo ya Jenoside, Birababaje kubona bigaragara ko hari abayishyigikira no mu karere n’ahandi

rushyashya.net/impungenge-zum…
Rushyashya News (@rushyashyanews) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa Gatandatu, muri Groupe Scolaire Officiel de Butare (GSOB), hatangiye irushanwa Memorial Abbé Kayumba Emmanuel 2026, riri kuba ku nshuro ya 16. Ni irushanwa ritegurwa buri mwaka mu rwego rwo kuzirikana uruhare Kayumba yagize mu guteza imbere umukino wa volleyball.

Kuri uyu wa Gatandatu, muri Groupe Scolaire Officiel de Butare (GSOB), hatangiye irushanwa Memorial Abbé Kayumba Emmanuel 2026, riri kuba ku nshuro ya 16. 

Ni irushanwa ritegurwa buri mwaka mu rwego rwo kuzirikana uruhare Kayumba yagize mu guteza imbere umukino wa volleyball.
Rushyashya News (@rushyashyanews) 's Twitter Profile Photo

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 8 Werurwe 2026, Madame Jeannette Kagame yitabiriye siporo rusange izwi nka #CarFreeDay yahujwe no kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore.

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 8 Werurwe 2026, Madame Jeannette Kagame yitabiriye siporo rusange izwi nka #CarFreeDay yahujwe no kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore.
Rushyashya News (@rushyashyanews) 's Twitter Profile Photo

Police WFC yegukanye igikombe cy’Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore 2026 itsinze Rayon Sports kuri Penaliti - RUSHYASHYA rushyashya.net/police-wfc-yeg…

Police WFC yegukanye igikombe cy’Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore 2026 itsinze Rayon Sports kuri Penaliti - RUSHYASHYA 

rushyashya.net/police-wfc-yeg…
Rushyashya News (@rushyashyanews) 's Twitter Profile Photo

AS Kigali yatangaje Kalisa Rachid nk’umukinnyi wayo mushya mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda. Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati wasubiye muri AS Kigali, yanakiniye amakipe akomeye mu Rwanda nka Rayon Sports, Kiyovu Sports na Police FC.

AS Kigali yatangaje Kalisa Rachid nk’umukinnyi wayo mushya mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda.

Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati wasubiye muri AS Kigali, yanakiniye amakipe akomeye mu Rwanda nka Rayon Sports, Kiyovu Sports na Police FC.
Rushyashya News (@rushyashyanews) 's Twitter Profile Photo

Ikipe y’u Rwanda ya Sitting Volleyball mu bagore yisanze mu Itsinda A mu Irushanwa ry’igikombe cy’isi 2026. U Rwanda rwisanze mu itsinda rimwe n’u Bushinwa bwakiriye, Iran ndetse na Kenya. Ni irushanwa riteganyijwe kubera i Hangzhou guhera ku tariki 10 - 17 Nyakanga 2026.

Ikipe y’u Rwanda ya Sitting Volleyball mu bagore yisanze mu Itsinda A mu Irushanwa ry’igikombe cy’isi 2026.

U Rwanda rwisanze mu itsinda rimwe n’u Bushinwa bwakiriye, Iran ndetse na Kenya. 

Ni irushanwa riteganyijwe kubera i Hangzhou guhera ku tariki 10 - 17 Nyakanga 2026.
Rushyashya News (@rushyashyanews) 's Twitter Profile Photo

Mu mukino ubanza wa 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro 2026, Gasogi United itsinze APR FC igitego kimwe ku busa. Mu wundi mukino, AS Kigali yanganyije na Gorilla FC ubusa ku busa. Kuri uyu wa Kane, Police FC irakira Rayon Sports. Imikino yo kwishyura ya 1/4 izakinwa mu cyumweru gitaha.

Mu mukino ubanza wa 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro 2026, Gasogi United itsinze APR FC igitego kimwe ku busa. Mu wundi mukino, AS Kigali yanganyije na Gorilla FC ubusa ku busa.

Kuri uyu wa Kane, Police FC irakira Rayon Sports.

Imikino yo kwishyura ya 1/4 izakinwa mu cyumweru gitaha.
Rushyashya News (@rushyashyanews) 's Twitter Profile Photo

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Champions League, Paris Saint-Germain yatsinzemo Chelsea FC ibitego 5-2. Wabereye kuri Stade Parc des Princes i Paris. Paris Saint-Germain ni umufatanyabikorwa wa Visit Rwanda.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Champions League, Paris Saint-Germain yatsinzemo Chelsea FC ibitego 5-2. Wabereye kuri Stade Parc des Princes i Paris.

Paris Saint-Germain ni umufatanyabikorwa wa Visit Rwanda.
Rushyashya News (@rushyashyanews) 's Twitter Profile Photo

Ku bufatanye bwa FERWAFA na CAF, Abatoza 25 b’abanyarwanda barimo abagore 5 batangiye amasomo ya ‘License A CAF’ - RUSHYASHYA rushyashya.net/ku-bufatanye-b…

Ku bufatanye bwa FERWAFA na CAF, Abatoza 25 b’abanyarwanda barimo abagore 5 batangiye amasomo ya ‘License A CAF’ - RUSHYASHYA 

rushyashya.net/ku-bufatanye-b…
Rushyashya News (@rushyashyanews) 's Twitter Profile Photo

FERWAFA yemeje Stephane Constantine nk’umutoza mushya w’Amavubi mu gihe cy’imyaka 2 iri imbere, akazabifatanya no gutoza abatarengeje imyaka 23. Constantine wigeze gutoza Amavubi, 2014-2015 azatangira imirimo tariki ya 16 Werurwe yitegura imikino ya FIFA Series izabera i Kigali.

FERWAFA yemeje Stephane Constantine nk’umutoza mushya w’Amavubi mu gihe cy’imyaka 2 iri imbere, akazabifatanya no gutoza abatarengeje imyaka 23.

Constantine wigeze gutoza Amavubi, 2014-2015 azatangira imirimo tariki ya 16 Werurwe yitegura imikino ya FIFA Series izabera i Kigali.