Nonaha.com (@nonahanews) 's Twitter Profile
Nonaha.com

@nonahanews

We are the source of digital news in Rwanda since 2013

ID: 1296691958

linkhttp://nonaha.com calendar_today24-03-2013 21:24:15

5,5K Tweet

671 Takipçi

303 Takip Edilen

Nonaha.com (@nonahanews) 's Twitter Profile Photo

Mu bice bitandukanye by’Akarere ka Nyanza, Huye, Rwamagana, Gatsibo n’ahandi mu Rwanda, abaturage barataka inzara batewe n’amapfa yakuruwe n’imvura yaguye nabi. nonaha.com/inzara-iravuza…

Nonaha.com (@nonahanews) 's Twitter Profile Photo

Rubavu:Barasaba ubuyobozi kuganira na Congo ku kibazo cy’imyanda ijugunywa mu kiyaga cya Kivu nonaha.com/rubavu-barasab…

Nonaha.com (@nonahanews) 's Twitter Profile Photo

Igihe ni iki cyo kwihahira ibyiza ku biciro byiza. Iri murikagurisha rirarangira ku wa mbere tariki 5/12/2022. Ntimucikwe! Bimwe mu bicuruzwa wasangamo wabireba hano mu mafoto: nonaha.com/ibidakwiriye-k…

Igihe ni iki cyo kwihahira ibyiza ku biciro byiza. Iri murikagurisha rirarangira ku wa mbere tariki 5/12/2022. 

Ntimucikwe!

Bimwe mu bicuruzwa wasangamo wabireba hano mu mafoto: nonaha.com/ibidakwiriye-k…
Nonaha.com (@nonahanews) 's Twitter Profile Photo

Ku munsi wa nyuma w'Imurikagurisha Egypt & Middle East Expo ibiciro babigabanyije bidasanzwe! Nyaruka wihahire ni i Remera ahazwi nko kwa Rwahama, mu nyubako iri ku muhanda w'amabuye umanuka mu Giporoso. Hurry-up! Today is the last day!

Ku munsi wa nyuma w'Imurikagurisha Egypt & Middle East Expo ibiciro babigabanyije bidasanzwe! Nyaruka wihahire ni i Remera ahazwi nko kwa Rwahama, mu nyubako iri ku muhanda w'amabuye umanuka mu Giporoso. 

Hurry-up! Today is the last day!
Nonaha.com (@nonahanews) 's Twitter Profile Photo

Abanyarwanda bibukijwe ko rukarakara yemewe kubakishwa mu gihugu hose uretse ku nzu zigeretse, iz’ubucuruzi, insengero n’ahakomwe n’inama njyanama ya buri karere. Ni ibyagarutsweho mu bukangurambaga ku mabwiriza y'ubuziranenge arebana n'iyubakishwa ry'amatafari ya rukarakara.

Abanyarwanda bibukijwe ko rukarakara yemewe kubakishwa mu gihugu hose uretse ku nzu zigeretse, iz’ubucuruzi, insengero n’ahakomwe n’inama njyanama ya buri karere. Ni ibyagarutsweho mu bukangurambaga ku mabwiriza y'ubuziranenge arebana n'iyubakishwa ry'amatafari ya rukarakara.
International Alert Rwanda (@intalert_rwanda) 's Twitter Profile Photo

Today,we've received a delegation of USAID led by @tbeckelm. Right now, the members of delegation are interacting on the journey of trauma healing with the beneficiaries of the USAID Rwanda funded project Dufatanye Urumuri implemented by ARCT RUHUKA in Kigali Sector, Nyarugenge District

Today,we've received a delegation of <a href="/USAID/">USAID</a> led by @tbeckelm. Right now, the members of delegation are interacting on the journey of trauma healing with the beneficiaries of the <a href="/USAIDRwanda/">USAID Rwanda</a> funded project Dufatanye Urumuri implemented by <a href="/ARuhuka/">ARCT RUHUKA</a> in Kigali Sector, <a href="/Nyarugenge/">Nyarugenge District</a>
Nonaha.com (@nonahanews) 's Twitter Profile Photo

Ryoherwa n’ibiciro byiza muri iyi week-end ya nyuma y’imurikagurisha Egypt and Middle East Expo riri kubera mu mujyi wa Kigali mu nyubako ya MIC. Murahasanga imyambaro, ibikoresho byo mu gikoni, imitako, amatapi, intebe zigezweho n’ibindi byinshi biva mu bihugu bitandukanye.

Ryoherwa n’ibiciro byiza muri iyi week-end ya nyuma y’imurikagurisha Egypt and Middle East Expo riri kubera mu mujyi wa Kigali mu nyubako ya MIC. Murahasanga imyambaro, ibikoresho byo mu gikoni, imitako, amatapi, intebe zigezweho n’ibindi byinshi biva mu bihugu bitandukanye.
Nonaha.com (@nonahanews) 's Twitter Profile Photo

Ntucikwe no kwihahira ku biciro byiza mu imurikagurisha rya Egypt & Middle East Expo riri kubera mu mujyi wa Kigali mu nyubako y'ubucuruzi izwi nka MIC. Rirasozwa kuri uyu wa 17 Gicurasi 2023. Ibiciro byiza by'umunsi wa nyuma ntibikwiye kugucika ukihahira ibyiza udahenzwe.

Ntucikwe no kwihahira ku biciro byiza mu imurikagurisha rya Egypt &amp; Middle East Expo riri kubera mu mujyi wa Kigali mu nyubako y'ubucuruzi izwi nka MIC. Rirasozwa kuri uyu wa 17 Gicurasi 2023.

Ibiciro byiza by'umunsi wa nyuma ntibikwiye kugucika ukihahira  ibyiza udahenzwe.
Sam Kabera (@sam_kabera) 's Twitter Profile Photo

Huye District itsinda ry'abanyamakuru basuye GSOB Indatwa hagamijwe kureba niba NESA Rwanda hari impinduka mu gihe imaze yazanye mu burezi. Bamwe mu banyeshuri bashima imitegurirwe y'ibizamini bitegurwa n'iki kigo ndetse n'ubuyobozi bukavugako impinduka zihari.

<a href="/HuyeDistrict/">Huye District</a> itsinda ry'abanyamakuru basuye <a href="/GSOBIndatwa/">GSOB Indatwa</a> hagamijwe kureba niba <a href="/NESA_Rwanda/">NESA Rwanda</a> hari impinduka mu gihe imaze yazanye mu burezi. Bamwe mu banyeshuri bashima imitegurirwe y'ibizamini bitegurwa n'iki kigo ndetse n'ubuyobozi bukavugako impinduka zihari.