
🇷🇼Theoneste Nsengimana Gasore🇷🇼
@gasoretheoneste
Ndi Umunyarwanda ishema ryanjye niratira abatazi agaciro ko kuba umunyarwanda🇷🇼Gusigasira ibyagezweho no guharanira kubyongera niyo ntego nshyize imbere🇷🇼
ID: 1305081834481557505
13-09-2020 09:52:49
304,304K Tweet
4,4K Followers
1,1K Following


Komisiyo kandi yaganiriye na Rwanda Development Board, uko ubukerarugendo bukorerwa ku birwa bufasha guteza imbere abahatuye. Umuyobozi mukuru wungirije wa RDB, Juliana Muganza yabwiye Abasenateri ko hari ishoramari rikorerwa mu biyaga no ku birwa kandi ko ritanga akazi ku baturage, agaragaza


Kuri uyu wa Kabiri, mu Mirenge yose hateranye inteko z'abaturage aho Umuyobozi w'Akarere MULINDWA Prosper yitabiriye inteko mu Murenge wa Cyanzarwe, mu gihe Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza ISHIMWE Pacifique yayitabiriye mu Murenge wa Rugerero.







Mu Mirenge yose y'Akarere hateraniye inteko rusange z'abaturage. Visi Meya Matsiko Gonzague ari kumwe n'inzego z'umutekano bifatanyije n'abaturage b'Umurenge wa Rwempasha ,Akagari ka Mishenyi, Umudugudu wa Kinungu.



Muri GS Cyahafi ya Nyarugenge District ,ubu abarimu gukoresha ingwa babisezeyeho bakoresha Marker bandika ku kibaho ,ibi bifasha umwarimu n'abanyeshuri mu isuku yo mu ishuri Ministry of Education | Rwanda NESA Rwanda Rwanda Basic Education Board Claudette Irere


Umuyobozi w'Akarere NSENGIMANA Claudien ari kumwe n'umuyobozi wa Polisi mu Karere SSP Bagabo James bitabiriye inteko y'Abaturage yabereye mu kagari ka Kibirizi mu murenge wa Gacaca.


Umuyobozi w'Akarere NSENGIMANA Claudien yashimiye abaturage uruhare bagira mu kwiteza imbere. Yabibukije ibikubiye mu itegeko rigenga umutungo kamere w'amabuye y'agaciro, abasaba kuryubahiriza kuko urirenzeho abihanirwa.


Murabona ntaberewe no kuba umunyamakuru wa RADIO RWANDA? Thank you, Rwanda Broadcasting Agency (RBA) for hosting me, I truly appreciate the opportunity. It was a pleasure to share my experience with other young people. I don’t take it for granted.




Victoire Ingabire Umuhoza ni umugore w'umugome cyane kuko ibyo avuga bigaragaza urwango rukabije yanga Leta y'Ubumwe bw'Abanyarwanda ndetse n'abayobozi bwayo. Iteka uzasanga yitwikira umutaka w'icyiswe demokarasi ariko mu by'ukuri agamije gushaka kugirira nabi Abanyarwanda. Ikindi kandi