🇷🇼Theoneste Nsengimana Gasore🇷🇼 (@gasoretheoneste) 's Twitter Profile
🇷🇼Theoneste Nsengimana Gasore🇷🇼

@gasoretheoneste

Ndi Umunyarwanda ishema ryanjye niratira abatazi agaciro ko kuba umunyarwanda🇷🇼Gusigasira ibyagezweho no guharanira kubyongera niyo ntego nshyize imbere🇷🇼

ID: 1305081834481557505

calendar_today13-09-2020 09:52:49

304,304K Tweet

4,4K Followers

1,1K Following

Rusizi District (@rusizidistrict) 's Twitter Profile Photo

Biri kuba. Mu Cyumba cy’inama cy’Akarere hari kubera inama ya #TAC irebera hamwe uko akarere ka #Rusizi kinjije imisoro mu mwaka wa 2024-2025 n'ingamba zafatwa ngo harusheho kongera imisoro yinjira mu karere.

Biri kuba. Mu Cyumba cy’inama cy’Akarere hari kubera inama ya #TAC  irebera hamwe uko akarere ka #Rusizi kinjije imisoro mu mwaka wa 2024-2025 n'ingamba zafatwa ngo harusheho kongera imisoro yinjira mu karere.
Rwanda Parliament (@rwandaparliamnt) 's Twitter Profile Photo

Komisiyo kandi yaganiriye na Rwanda Development Board, uko ubukerarugendo bukorerwa ku birwa bufasha guteza imbere abahatuye. Umuyobozi mukuru wungirije wa RDB, Juliana Muganza yabwiye Abasenateri ko hari ishoramari rikorerwa mu biyaga no ku birwa kandi ko ritanga akazi ku baturage, agaragaza

Komisiyo kandi yaganiriye na <a href="/RDBrwanda/">Rwanda Development Board</a>, uko ubukerarugendo bukorerwa ku birwa bufasha guteza imbere abahatuye.
Umuyobozi mukuru wungirije wa RDB, Juliana Muganza yabwiye Abasenateri ko hari ishoramari rikorerwa mu biyaga no ku birwa kandi ko ritanga akazi ku baturage, agaragaza
Rubavu District (@rubavudistrict) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa Kabiri, mu Mirenge yose hateranye inteko z'abaturage aho Umuyobozi w'Akarere MULINDWA Prosper yitabiriye inteko mu Murenge wa Cyanzarwe, mu gihe Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza ISHIMWE Pacifique yayitabiriye mu Murenge wa Rugerero.

Kuri uyu wa Kabiri, mu Mirenge yose hateranye inteko z'abaturage aho Umuyobozi w'Akarere <a href="/promulindwa/">MULINDWA Prosper</a> yitabiriye inteko mu Murenge wa Cyanzarwe, mu gihe Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza <a href="/Ishi_pacy/">ISHIMWE Pacifique</a> yayitabiriye mu Murenge wa Rugerero.
Rubavu District (@rubavudistrict) 's Twitter Profile Photo

Nyuma yo kuganiriza abaturage kuri gahunda zo kwiteza imbere n'imibereho myiza, gukangurirwa kugira isuku, kwirindira umutekano, kurwanya magendu, Kwirinda ibyaha bwambukiranya imipaka. Abaturage bibukijwe kandi kwishyura ubwisungane mu kwivuza, no kwizigamira muri Ejo Heza.

Nyuma yo kuganiriza abaturage kuri gahunda zo kwiteza imbere n'imibereho myiza, gukangurirwa kugira isuku, kwirindira umutekano, kurwanya magendu, Kwirinda ibyaha bwambukiranya imipaka. Abaturage bibukijwe kandi kwishyura ubwisungane mu kwivuza, no kwizigamira muri Ejo Heza.
Nyagatare District (@nyagataredistr) 's Twitter Profile Photo

Mu Mirenge yose y'Akarere hateraniye inteko rusange z'abaturage. Visi Meya Matsiko Gonzague ari kumwe n'inzego z'umutekano bifatanyije n'abaturage b'Umurenge wa Rwempasha ,Akagari ka Mishenyi, Umudugudu wa Kinungu.

Mu Mirenge yose y'Akarere hateraniye inteko rusange z'abaturage. Visi Meya <a href="/MatsikoGonzague/">Matsiko Gonzague</a> ari kumwe n'inzego z'umutekano bifatanyije n'abaturage b'Umurenge wa Rwempasha ,Akagari ka Mishenyi,
Umudugudu wa Kinungu.
Bugesera District (@bugeseradistr) 's Twitter Profile Photo

Vice Mayor yibukije abaturage b’Umurenge wa Rilima baturiye ikibuga cy’indege kwirinda kugurisha ubutaka bwabo. Ati: “Imitungo yanyu muyifate neza kuko ni imari irimo zahabu.” Yongeraho ati: “Buba ubwawe iyo ubufitiye icyangombwa. Niyo mbamvu mbashishikariza kwandikisha ubutaka”

Vice Mayor yibukije abaturage b’Umurenge wa Rilima baturiye ikibuga cy’indege kwirinda kugurisha ubutaka bwabo.
Ati: “Imitungo yanyu muyifate neza kuko ni imari irimo zahabu.”
Yongeraho ati: “Buba ubwawe iyo ubufitiye icyangombwa. Niyo mbamvu mbashishikariza kwandikisha ubutaka”
Musanze District (@musanzedistrict) 's Twitter Profile Photo

Umuyobozi w'Akarere NSENGIMANA Claudien ari kumwe n'umuyobozi wa Polisi mu Karere SSP Bagabo James bitabiriye inteko y'Abaturage yabereye mu kagari ka Kibirizi mu murenge wa Gacaca.

Umuyobozi w'Akarere <a href="/NsengClaudien/">NSENGIMANA Claudien</a> ari kumwe n'umuyobozi wa Polisi mu Karere SSP Bagabo James bitabiriye inteko y'Abaturage yabereye mu kagari ka Kibirizi mu murenge wa Gacaca.
Musanze District (@musanzedistrict) 's Twitter Profile Photo

Umuyobozi w'Akarere NSENGIMANA Claudien yashimiye abaturage uruhare bagira mu kwiteza imbere. Yabibukije ibikubiye mu itegeko rigenga umutungo kamere w'amabuye y'agaciro, abasaba kuryubahiriza kuko urirenzeho abihanirwa.

Umuyobozi w'Akarere <a href="/NsengClaudien/">NSENGIMANA Claudien</a> yashimiye abaturage uruhare bagira mu kwiteza imbere. Yabibukije ibikubiye mu itegeko rigenga umutungo kamere w'amabuye y'agaciro, abasaba kuryubahiriza kuko urirenzeho abihanirwa.
Tito Hare (@harerimana_tito) 's Twitter Profile Photo

Murabona ntaberewe no kuba umunyamakuru wa RADIO RWANDA? Thank you, Rwanda Broadcasting Agency (RBA) for hosting me, I truly appreciate the opportunity. It was a pleasure to share my experience with other young people. I don’t take it for granted.

Murabona ntaberewe no kuba umunyamakuru wa <a href="/Radiorwanda_RBA/">RADIO RWANDA</a>? 

Thank you, <a href="/rbarwanda/">Rwanda Broadcasting Agency (RBA)</a> for hosting me, I truly appreciate the opportunity. It was a pleasure to share my experience with other young people. I don’t take it for granted.
Munyakazi Sadate (@sadatemunyakazi) 's Twitter Profile Photo

Tariki 16 /06 / 2025 nibwo Iran yarashe kandi isenya bidasubirwaho uruganda rutunganya amashanyarazi rwa Haifa muri Israël. Nubwo itangazamakuru ry'abazungu ribaha ibyo rishaka kubaha, iyi ntambara nta ruhande yoroheye.

Kayinamura Joseph (@kayinamurajose8) 's Twitter Profile Photo

Victoire Ingabire Umuhoza ni umugore w'umugome cyane kuko ibyo avuga bigaragaza urwango rukabije yanga Leta y'Ubumwe bw'Abanyarwanda ndetse n'abayobozi bwayo. Iteka uzasanga yitwikira umutaka w'icyiswe demokarasi ariko mu by'ukuri agamije gushaka kugirira nabi Abanyarwanda. Ikindi kandi