Evode Wa Ndemezo
@evodewa
Politics , Patriotism ,Business Advisor and Analyst, Humble one
ID: 1150347076435349505
14-07-2019 10:11:30
1,1K Tweet
849 Followers
1,1K Following
Birikuba: Inzego z'urubyiruko muri Gasabo District ziri mu mwiherero aho zirebera hamwe uko umwaka wa 2023-2024 wagenze no gufata ingamba kumwaka wa 2024-2025.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ka Gasabo Bwana Bernard Bayasese arimo kuganiriza Urubyiruko rw'Abakorerabushake rwitabiriye inama, aho adusabye gukorera ubushake ariko tunatekereza natwe icyo twakora ngo twiteze imbere. Arangije atwizeza ubufatanye mubyo dukora. City of Kigali
@Gasabo_Distric Youth Volunteers Rusororo Sector (Gasabo) RUSORORO SECTOR Youth Volunteers Remera Sector (GASABO) REMERA SECTOR Kimironko Sector Kimironko Youth Council Kacyiru Sector KACYIRU YOUTH VOLUNTEERS Kimihurura Sector Gatsata Sector Gisozi Sector Kinyinya Sector Gikomero Sector Nduba Sector Rutunga Sector Bumbogo Sector Jabana Sector
Abagize komite ya Rwanda Youth Council muri Gasabo District uyumunsi bakoze Inama y'Igihembwe yo kureberahamwe ibikorwa byagezweho mugihembwe cya mbere no gutegura igihembwe cya kabiri.
Kuva taliki ya 1/10-30,31/10 buri mwaka, ni ukwezi kwahariwe Ibikorwa by'ubukorerabushake. Insanganyamatsiko y'uyu mwaka iragira iti: "Youth Volunteers: Ntakudohoka mu bikorwa bishyira umuturage ku isonga." Rwanda Youth Volunteers muri Gasabo District #Nakudohoka Ministry of Local Government | Rwanda
Aka kanya: Mu Murenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo, harimo gutangizwa ukwezi kwahariwe ibikorwa by'Ubukorerabushake. Bimwe mu bikorwa biteganyijwe gukorwa harimo: Gusibura imiferege y'amazi mu rwego rwo Kurwanya isuri, gutegura indyo yuzuye n'ibindi. Ministry of Local Government | Rwanda
Ku munsi w'ejo, muri Gasabo District nibwo hatangijweku mugaragaro ukwezi kwahariwe ibikorwa by'Ubukorerabushake. Turashira izindi nzego z'urubyiruko dukorana umunsi ku munsi (Urugaga, NYC) zaje kwifatanya natwe. Ministry of Local Government | Rwanda Rwanda National Police Ngabo Brave Olivier, DMS @rwanday@EvodeWa
“Mu gihe tuzirikana ubuzima bwo mu mutwe, reka duharanire kugira umuco wo gufashanya no gutega amatwi abandi mu kuba umusemburo w’ubuzima bwiza bwo mu mutwe” Perezida wa GAERG Jean Pierre NKURANGA mu kiganiro kuri X-space kibanda ku kubungabunga ubuzima bwo mu mutwe aho dukorera.
“Umukozi yakoze neza, nk'umukoresha, biba byiza iyo umushimiye kuko bimufasha kugira imbaraga ndetse no kumva ko ashoboye. Ni byiza ko hakoreshwa communication nziza itabangamira uburenganzira bw' umukozi” MUGWANEZA Odree , Inzobere mu bijyane n'ubuzima bwo mu mutwe. #WMHD2024
Uyumunsi Urubyiruko rwa Gasabo District m'utugari twose harimo gukorwa #UMUGANDA wihariye haterwa ibiti by’imbuto no kubaka imirima y'igikoni, kurwego rw'Akarere wakorewe muri Jali Sector.
Celebrating the African of the Year! This esteemed individual embodies the spirit of growth & resilience that is driving Africa forward. Their commitment to excellence & transformative leadership inspires us all to embrace the potential of our continent. #AABLA2024 Paul Kagame