BUSHOKI TSS
@bushokitvet
Your skills,Your capital
ID: 1247224192363384833
06-04-2020 18:06:55
54 Tweet
41 Followers
32 Following
#Kwibuka29:Muri Aya masaha ku kigo cya BUSHOKI TSS Harimo kubera igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 jenoside yakorewe abatutsi mu wa 1994 Rulindo District Ministry of Education | Rwanda Rwanda TVET Board
Partners were very proud to see sufficient and standard tools and equipment.we thank AFD_en 🇫🇷 🇪🇺 through AFTER PROJECT for the support .Rwanda TVET Board Rwanda Polytechnic Русана
Public relations Officers from Rwanda Polytechnic colleges, Rwanda TVET Board, Rulindo District and 4 TSS schools supported by AFTER project, are attending a five-day training on video production and graphic design. AFD_en 🇫🇷 🇪🇺, Arthur Germond, Ministry of Education | Rwanda
BUSHOKI TSS Yifurije abanyarwanda Bose isabukuru nziza y'imyaka 29 yo kwibohora.#Kwibohora29
Kuri uyu wagatanu mukigo cya BUSHOKI TSS habaye umuhango wo guhemba no gushimira abanyeshuri bakoze imishinga myiza kurusha abandi aho hahembwe imishinga ine yambere yahize indi.Byumwihariko turashimira AFD_en 🇫🇷 🇪🇺 binyuze muri AFTER PROJECT kubwo gutera inkunga icyo gikorwa.
Uyu munsi Umuyobozi Mukuru wa RTB, Paul Umukunzi yatangiye uruzinduko rw'akazi Rulindo District , mu rwego rwo kureba uko itangira ry'umwaka w'amashuri wa 2023-2024 rihagaze, by'umwihariko ubwitabire bw'abanyeshuri n'ishyirwa mu bikorwa rya gahunda yo kugaburira abana ku Ishuri.
.Paul Umukunzi yakomereje mu mashuri ya APEKI-TUMBA TSS na BUSHOKI TSS ziherereye mu murenge wa Tumba, aho yasuye ibice bitandukanye birimo n'ahigishirizwa amasomo ngiro (workshops).
Muri BUSHOKI TSS habaye igikorwa cya Open day aho abanyeshuri biga mukigo cya G.S Nyirabirori basobanuriwe ibyo abanyeshuri biga mumashami ya Food processing ndetse na Fashion design biga ndetse n'ibyiza byo kugana amashuri y'imyuga n'ubumenyi ngiro.Rwanda TVET Board Rulindo District
Uyu munsi mu kigo cya BUSHOKI TSS habaye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 jenoside yakorewe abatutsi mu wa 1994. Ni igikorwa kitabiriwe n'ubuyobozi bw'umurenge wa TUMBA ,abanyeshuri ndetse n'abarezi bo mu kigo cya@BushokiTVET . #Kwibuka30 Rulindo District Rwanda TVET Board