Gahanga Sector (@gahanga_sector) 's Twitter Profile
Gahanga Sector

@gahanga_sector

Official Twitter handle of Gahanga Sector. Follow for news & Updates Umuyoboro w’amakuru y’Umurenge wa Gahanga. Dukurikire umenye Amakuru agezweho.

ID: 1385715546763800576

calendar_today23-04-2021 22:02:25

2,2K Tweet

485 Followers

218 Following

City of Kigali (@cityofkigali) 's Twitter Profile Photo

Ibintu 10 dusabwa kuzirikana igihe twitegura imvura y'igihembwe cy'imvura y'umuhindo (Nzeri-Ukuboza) 2024 mu rwego rwo gukumira hakiri kare ibiza bituruka ku mvura. #DukumireIbiza

Kicukiro District (@kicukirodistr) 's Twitter Profile Photo

Tujyane mu gishanga cya Nyarugunga ahazwi nko kuri 15 cyahoze gihingwa mu buryo bw’akajagari ariko kuri ubu hakaba harimo gukorerwa ubuhinzi bugezweho bw’imboga ndetse n’urusenda bihingwa n’ikigo cya “SOUK Farms” . (1)

Tujyane mu gishanga cya Nyarugunga ahazwi nko kuri 15 cyahoze gihingwa mu buryo bw’akajagari ariko kuri ubu hakaba harimo gukorerwa ubuhinzi bugezweho bw’imboga ndetse n’urusenda bihingwa n’ikigo cya “SOUK Farms” . (1)
Kicukiro District (@kicukirodistr) 's Twitter Profile Photo

Imboga zihingwa muri iki gishanga ni imiteja , urusenda na “Broccoli”, bihingwa ku buso bungana na Hegitari 48 ku ruhande rw’Akarere ka Kicukiro ariko hari ubundi buso buhingwa buri ku ruhande rw’Akarere ka Gasabo . (2)

Imboga zihingwa muri iki gishanga ni imiteja , urusenda na “Broccoli”, bihingwa ku buso bungana na Hegitari 48 ku ruhande rw’Akarere ka Kicukiro ariko hari ubundi buso buhingwa buri ku ruhande rw’Akarere ka Gasabo . (2)
Nunga Cell (@nungacell) 's Twitter Profile Photo

Murigahunda yo kwegereza abaturage serivisi abaturange umukozi ushinzwe irangamimere mu murenge wa Gahanga Sector yatanze serivisi kubaturage batuye mu kagari ka Nunga Cell ,muribimwe bishimiye harimo kwandukuza abantu,kwandikisha abana, noguhabwa code zo kwifotoza, nibindiiii.

Murigahunda yo kwegereza abaturage serivisi abaturange umukozi ushinzwe irangamimere mu murenge wa <a href="/gahanga_sector/">Gahanga Sector</a> yatanze serivisi kubaturage batuye mu kagari ka <a href="/NungaCell/">Nunga Cell</a> ,muribimwe bishimiye harimo kwandukuza abantu,kwandikisha abana, noguhabwa code zo kwifotoza, nibindiiii.
Kicukiro District (@kicukirodistr) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa Gatanu , Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere Antoine MUTSINZI yayoboye inama nyunguranabitekerezo ku bikorwa by'abagize Urwego rwa "DASSO" , iyi nama ikaba yanitabiriwe n’Umuhuzabikorwa wa DASSO ku rwego rw'Igihugu CSP Christian SAFARI.

Kuri uyu wa Gatanu , Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere <a href="/a_mutsinzi/">Antoine MUTSINZI</a>  yayoboye inama nyunguranabitekerezo ku bikorwa by'abagize Urwego rwa "DASSO" , iyi nama ikaba yanitabiriwe n’Umuhuzabikorwa wa DASSO ku rwego rw'Igihugu  CSP Christian SAFARI.
Kicukiro District (@kicukirodistr) 's Twitter Profile Photo

Muri aka kanya, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere Antoine MUTSINZI ayoboye inama y’uburezi , zimwe mu ngingo zirimo kuganirwaho harimo: ➡️Imyiteguro y’itangira ry’amashuri hibandwa ku isuku mu bigo by’amashuri; ➡️Gushyiraho ingamba zo gukumira indwara y’ubushita bw’inkende.(1)

Muri aka kanya, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere <a href="/a_mutsinzi/">Antoine MUTSINZI</a>  ayoboye inama y’uburezi , zimwe mu ngingo  zirimo kuganirwaho harimo:
➡️Imyiteguro y’itangira ry’amashuri hibandwa ku isuku mu bigo by’amashuri;
➡️Gushyiraho ingamba zo gukumira indwara y’ubushita bw’inkende.(1)
Kicukiro District (@kicukirodistr) 's Twitter Profile Photo

Mu nama y'uburezi yo kuri uyu wa Kane , Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere Antoine MUTSINZI yasinyanye imihigo y'isuku n'Abanyamabanga Nshingwabikorwa b'Imirenge ndetse n'Abayobozi b'ibigo by'Amashuri.

Mu nama y'uburezi yo kuri uyu wa Kane , Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere <a href="/a_mutsinzi/">Antoine MUTSINZI</a> yasinyanye imihigo y'isuku n'Abanyamabanga Nshingwabikorwa b'Imirenge ndetse n'Abayobozi b'ibigo by'Amashuri.
Kicukiro District (@kicukirodistr) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa Gatandatu ,Abayobozi b’Imidugudu bagera kuri 327 barasinyana imihigo y’isuku n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere Antoine MUTSINZI , iki gikorwa kikaba cyabanjirijwe n’inama irebera hamwe uko ubukangurambaga bw’isuku burimo gukorwa mu Midugudu bayobora. (1)

Kuri uyu wa Gatandatu ,Abayobozi b’Imidugudu bagera kuri 327 barasinyana imihigo y’isuku n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere <a href="/a_mutsinzi/">Antoine MUTSINZI</a>  , iki gikorwa kikaba  cyabanjirijwe n’inama irebera hamwe uko ubukangurambaga bw’isuku burimo gukorwa mu Midugudu bayobora. (1)
Kicukiro District (@kicukirodistr) 's Twitter Profile Photo

Baranarebera hamwe kandi ubwitabire bw’abaturage mu gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ndetse no kwizigamira muri gahunda ya Ejo Heza.(2)

Baranarebera hamwe kandi ubwitabire bw’abaturage mu gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ndetse no kwizigamira muri gahunda ya Ejo Heza.(2)
Kicukiro District (@kicukirodistr) 's Twitter Profile Photo

Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Samuel DUSENGIYUMVA witabiriye umuhango wo gusinya imihigo y’isuku ku bayobozi b’Imidugudu yabashimiye uruhare bakomeje kugira mu bikorwa byo kubungabunga isuku abibutsa ko kugira ngo tugire #KigaliIcyeye bisaba ubufatanye bw'inzego zose .(1) #IsukuHose

Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali <a href="/dusengiyumvas/">Samuel DUSENGIYUMVA</a>  witabiriye umuhango wo gusinya imihigo y’isuku ku bayobozi b’Imidugudu yabashimiye  uruhare bakomeje kugira mu bikorwa byo kubungabunga isuku abibutsa ko kugira ngo tugire #KigaliIcyeye bisaba ubufatanye bw'inzego zose .(1)

#IsukuHose
Kicukiro District (@kicukirodistr) 's Twitter Profile Photo

By'umwihariko hagakorwa ubugenzuzi bw'isuku buhoraho kuva mu Isibo ndetse ibibazo byagaragaye bikamenyeshwa inzego bireba mu buryo bwihuse kugira ngo bikemurwe. (2)

By'umwihariko hagakorwa ubugenzuzi bw'isuku buhoraho kuva mu Isibo ndetse ibibazo byagaragaye bikamenyeshwa inzego bireba mu buryo bwihuse kugira ngo bikemurwe. (2)
Kicukiro District (@kicukirodistr) 's Twitter Profile Photo

Yasabye kandi Abayobozi b'Imidugudu gushyira imbaraga mu kurwanya abangiza ubusitani, abajugunya amacupa n'ibindi bikoresho bikoze muri parasitiki mu nzira ndetse n'abashyira ibimoteri aho bitagenewe kuko biteza umwanda bikanangiza ibidukikije.(3)

Yasabye kandi Abayobozi b'Imidugudu gushyira imbaraga mu kurwanya abangiza ubusitani, abajugunya amacupa n'ibindi bikoresho bikoze muri parasitiki mu nzira ndetse n'abashyira ibimoteri aho bitagenewe kuko biteza umwanda bikanangiza ibidukikije.(3)
Kicukiro District (@kicukirodistr) 's Twitter Profile Photo

Yibukije ko muri iki gihe cy'umuhindo , Umujyi wa Kigali ufite gahunda yo gutera ibiti bigera kuri Miliyoni 3 mu rwego rwo gusigasira Kigali itoshye kandi icyeye abaturage bashaka ibiti byo gutera bakaba bakwegera ubuyobozi bubegereye bukabafasha kubibona.(4)

Yibukije ko muri iki gihe cy'umuhindo , Umujyi wa Kigali ufite gahunda yo gutera ibiti bigera kuri Miliyoni 3 mu rwego rwo gusigasira Kigali itoshye kandi icyeye abaturage bashaka ibiti byo gutera bakaba bakwegera ubuyobozi bubegereye bukabafasha kubibona.(4)
Gahanga Sector (@gahanga_sector) 's Twitter Profile Photo

𝗠𝗨𝗭𝗔𝗚𝗜𝗥𝗘 𝗔𝗠𝗔𝗦𝗢𝗠𝗢 𝗠𝗘𝗭𝗔 𝗕𝗔𝗡𝗔 𝗕𝗔𝗖𝗨. Ni ubutumwa bwatanzwe na Madamu Huss Anny Monique Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere wungirije, aho yatangije igihembwe cy'amashuri mu bigo bikorera mu Murenge wa Gahanga yanifurije abanyeshuri kuzagira amasomo meza.

𝗠𝗨𝗭𝗔𝗚𝗜𝗥𝗘 𝗔𝗠𝗔𝗦𝗢𝗠𝗢 𝗠𝗘𝗭𝗔 𝗕𝗔𝗡𝗔 𝗕𝗔𝗖𝗨.
Ni ubutumwa bwatanzwe na Madamu <a href="/HussAnnyMonique/">Huss Anny Monique</a> Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere wungirije, aho yatangije igihembwe cy'amashuri mu bigo bikorera mu Murenge wa Gahanga yanifurije abanyeshuri kuzagira amasomo meza.
Kicukiro District (@kicukirodistr) 's Twitter Profile Photo

Kuri uyu wa Kabiri twatangiye ubukangurambaga ku mazi ,isuku n’isukura buzamara amezi ane, ubu bukangurambaga bukaba bwatangirijwe mu Murenge wa Kigarama.(1)

Kuri uyu wa Kabiri twatangiye ubukangurambaga ku mazi ,isuku n’isukura buzamara amezi ane, ubu bukangurambaga bukaba bwatangirijwe mu Murenge wa Kigarama.(1)