RadioTv10 Rwanda
@Radiotv10rwanda
Official Account of Radio/TV10. Rwanda's Number One Private Radio&TV Station! Simply Rwandaful, Customer Care: +250784444444
[87.6 FM, 99.0 FM, 93.6 FM]
ID:308347416
http://www.radiotv10.rw 31-05-2011 07:45:52
57,5K Tweets
361,4K Followers
338 Following
Ese aho Arteta urwego rwe si urwo kuba mu ikipe 4 zizakina UEFA CL?
Nihanganishe Oswald Oswakim n’abandi benshi ku Isi bafana Arsenal, Abarashi ba London.
Gutsindirwa mu rugo n’ikipe nto kandi urimo gusatira gutwara igikombe biraryana kugeza mu Magufwa ndabizi.
✍️ KAZUNGU CLAVER
FT: Bayer Leverkusen 5-0 Werder Bremen
Xabi Alonso na Bayer Leverkusen batwaye igikombe cya Shampiyona #Bundesliga bwa mbere mu mateka yayo.
📸 AMAFOTO 📸
Kuri iki Cyumweru, Umuyobozi wa Ruhango District , Habarurema Valens, yifatanyije n’imbaga y'Abakirisitu bitabiriye Isengesho ry’Umunsi Mukuru w'Impuhwe z'Imana , ryabereye ahazwi nko ku Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe mu Ruhango.
Xabi Alonso umutoza wa #Leverkusen yabanje gusuhuza abafana mbere y’umukino wa Werder starts.
Leverkusen nitsinda umukino w’uyu munsi iregukana igikombe cya Bundesliga.
Leverkusen mu mikino iheruka gukira:
Yatsinze 24 ✅
Inganya 4 ☑️
Itsindwa 0 ❌
Amashusho: Kuri uyu wa Gatandatu, nibwo Icyumweru cy’Icyunamo cyasozwaga ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero.
Ibikorwa byo kwibuka bizakomeza kugeza ku wa 19 Kamena 2024.
#Kwibuka30
Igikombe cy’Amahoro “Peace Cup” ikipe ya Rayon Sports irahabwa amahirwe yo kugisubirana.
Amakuru ahari aravuga ko Rayon Sports Official ishobora gukuramo Bugesera FC, ikajyera ku mukino wanyuma ariko nayo ikazatsindwa na Bugesera umukino wa Shampiyona bafitanye.
Nyuma y’Icyumweru cyo #Kwibuka30 Abazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, kuri uyu wa mbere harakinwa umukino w’ikirarane.
Ese APR FC iratwarira igikombe cya Shampiyona kuri AS Kigali yayinaniye? APR iheruka gutsinda iyi kipe y’Umujyi wa Kigali muri Shampiyona ya 2018.
Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascene BIZIMANA yasobanuye bimwe mu byaranze abanyapolitiki icyenda (9) biyongereye kuri 12 bishwe bazira kurwanya Jenoside, bari basanzwe bazirikanwa, ubu bakaba babaye 21.
#Kwibuka30