Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profileg
Inyarwanda.com

@Inyarwandacom

https://t.co/tMGskU9pNF is a social website which aims at promoting Rwandan social life through Music, Culture, Sports, and other forms of Entertainment.

ID:994614511

linkhttp://www.inyarwanda.com calendar_today07-12-2012 08:18:29

55,9K Tweets

29,6K Followers

761 Following

Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

AMASHUSHO: Mu gihugu cya Uganda mu mujyi wa Kampala haguye imvura nyinshi yateje umwuzure mu mujyi wa Kampala aho amazi yuzuye mu muhanda imodoka zikajya ziyacamo nk'ubwato.

Cc: Geovanie

trends

account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Aya mahirwe ntagucike! Nawe waba umwe mu abanyamahirwe 2 bazeguka ibihembo birimo iPhone 12 pro max muri Tech Heaven hakiyongeraho no kuba Brand Ambassador

Icyo usabwa ni ugukora follow kuri Tech Heaven Rwanda ( instagram , tiktok) no kutwandikira kuri WhatsApp yacu.

account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Umunyarwenya Dogiteri Nsabii na mugenzi we Bijiyobija Geregwari bamaze gusezererwa mu bitaro nyuma yo gukora impanuka.

Ni impanuka ikomeye mu mpera z’icyumweru gishize ubwo aba bombi bari bageze mu Kivuruga nava i Musanze berekeza i Kigali.

Cc: Geovanie

Umunyarwenya Dogiteri Nsabii na mugenzi we Bijiyobija Geregwari bamaze gusezererwa mu bitaro nyuma yo gukora impanuka. Ni impanuka ikomeye mu mpera z’icyumweru gishize ubwo aba bombi bari bageze mu Kivuruga nava i Musanze berekeza i Kigali. Cc: Geovanie #inyarwanda
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Producer Pakkage yaciye amarenga yo guhanganira na Element Eleéeh ku njyana ya Afro Gako

Nyuma y’uko Element avugiye mu gihugu cya Kenya ko muri iyi mpeshyi agiye gushyira hanze injyana ye ya Afro Gako, Producer Pakkage wo muri Country Records usanzwe ukora izi njyana yatangaje

Producer Pakkage yaciye amarenga yo guhanganira na Element Eleéeh ku njyana ya Afro Gako Nyuma y’uko Element avugiye mu gihugu cya Kenya ko muri iyi mpeshyi agiye gushyira hanze injyana ye ya Afro Gako, Producer Pakkage wo muri Country Records usanzwe ukora izi njyana yatangaje
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

🔥BIRASHYUSHYE🔥 Wari uziko ushobora gutsindira itike yo kwirebera match live 🤔 Kanda kuri iyi link startim.es/RPL Udownloadinge apurikasiyo ya StarTimes ON,😊 hanyuma wishyure abonoma ya 4000Rwf biguheshe amahirwe yo gutsindira itike yo kureba match Live🥳

🔥BIRASHYUSHYE🔥 Wari uziko ushobora gutsindira itike yo kwirebera match live 🤔 Kanda kuri iyi link startim.es/RPL Udownloadinge apurikasiyo ya StarTimes ON,😊 hanyuma wishyure abonoma ya 4000Rwf biguheshe amahirwe yo gutsindira itike yo kureba match Live🥳
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

'Wiswe umwaka w'ipfunwe' ikipe ya Rayon Sports isezerewe muri ½ cy'igikombe cy'Amahoro nyuma yo gutsindwa igitego kimwe ku busa gisanga ikindi gitego cyatsinzwe mu mukino ubanza.

Final y'igikombe cy'Amahoro izakinwa n'amakipe atari APR FC cg Rayon Sports bikaba inshuro ya 4 kuva

'Wiswe umwaka w'ipfunwe' ikipe ya Rayon Sports isezerewe muri ½ cy'igikombe cy'Amahoro nyuma yo gutsindwa igitego kimwe ku busa gisanga ikindi gitego cyatsinzwe mu mukino ubanza. Final y'igikombe cy'Amahoro izakinwa n'amakipe atari APR FC cg Rayon Sports bikaba inshuro ya 4 kuva
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Nyuma y’imyaka 30 u Rwanda ruvuye mu icuraburindi nta witaye ku burezi bw’u Rwanda, intambwe imaze guterwa mu burezi igeze aho ishimishije kuko buri wese mu kazi kose ashobora guhagararira u Rwanda neza.

Ibi bigaragarira mu mashusho akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga

account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

AMAFOTO: Umunyabigwi Snopp Dogg wamamaye isi yose, yasangije kuri Instagram ye amashusho ya The Trainer agaragaza uyu musore ari muri Gym imwe mu zikorera i Kigali.

trends

AMAFOTO: Umunyabigwi Snopp Dogg wamamaye isi yose, yasangije kuri Instagram ye amashusho ya The Trainer agaragaza uyu musore ari muri Gym imwe mu zikorera i Kigali. #inyarwanda #inyarwandatrends #nonehoevents
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

AMAFOTO: Nyuma ya yemi Alade na Wiz Khalifa, Kanyombya yongeye kwishimirwa n’umunyabigwi Will Smith

Imvugo z’urwenya za Kanyombya zimaze kuzonga ibyamamare bikomeye ku Isi bikomeje kugenda bigaragaza ko byishimiye urwenya rwa Kanyombya.

Ku ikubitiro, umunya-Nigeria Yemi Alade

AMAFOTO: Nyuma ya yemi Alade na Wiz Khalifa, Kanyombya yongeye kwishimirwa n’umunyabigwi Will Smith Imvugo z’urwenya za Kanyombya zimaze kuzonga ibyamamare bikomeye ku Isi bikomeje kugenda bigaragaza ko byishimiye urwenya rwa Kanyombya. Ku ikubitiro, umunya-Nigeria Yemi Alade
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

50 Cent yiyemeje kuba inkomamashyi mu makimbirane ya Chris Brown na Quavo bapfa inkumi

Nyuma y’uko Quavo ashyize hanze indirimbo yibasira Chris Brown, 50 Cent yashyize iyo ndirimbo ya Quavo kuri Instagrm ye hanyuma avuga ko yumva akunze iyo ntambara y’amagambo ndetse avuga ko

50 Cent yiyemeje kuba inkomamashyi mu makimbirane ya Chris Brown na Quavo bapfa inkumi Nyuma y’uko Quavo ashyize hanze indirimbo yibasira Chris Brown, 50 Cent yashyize iyo ndirimbo ya Quavo kuri Instagrm ye hanyuma avuga ko yumva akunze iyo ntambara y’amagambo ndetse avuga ko
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Doctall Kingsley, Tricky na Rusine bagiye guhurira mu iserukiramuro ry’urwenya - Inyarwanda.com inyarwanda.com/inkuru/142200/…

Doctall Kingsley, Tricky na Rusine bagiye guhurira mu iserukiramuro ry’urwenya - Inyarwanda.com inyarwanda.com/inkuru/142200/…
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Myugariro wa Chelsea, Thiago Silver yamaze gutangaza ko uyu mwaka w'imikino nurangira atazakomezanya na Chelsea nyuma yo kuhubakira amateka menshi no kuhatwarira ibikombe bitandukanye harimo Champions league.

Cc: Geovanie

trends sports

Myugariro wa Chelsea, Thiago Silver yamaze gutangaza ko uyu mwaka w'imikino nurangira atazakomezanya na Chelsea nyuma yo kuhubakira amateka menshi no kuhatwarira ibikombe bitandukanye harimo Champions league. Cc: Geovanie #inyarwanda #inyarwandatrends #inyarwandasports
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Perezida wa FC Barcelona, Joan Laporta yatangaje ko azasaba umukino wa Real Madrid ugasubirwamo mu gihe byakwemezwa ko igitego cya Lamin Yamal cyinjiye mu izamu.

Cc: Geovanie

trends sports

Perezida wa FC Barcelona, Joan Laporta yatangaje ko azasaba umukino wa Real Madrid ugasubirwamo mu gihe byakwemezwa ko igitego cya Lamin Yamal cyinjiye mu izamu. Cc: Geovanie #inyarwanda #inyarwandatrends #inyarwandasports
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

AMASHUSHO: “Ndimo ndahangana n’umukaritasi w’umupasiteri” Mama Sava yigaramye ubuhanuzi bwo kurongorwa na Papa Sava.

Mu kiganiro Sunday Choice, Mama Sava yavuze ko atazasubira gusenga kubera ubuhanuzi yahawe avuga ko ari ubuhanuzi bw’ibinyoma ndetse ko ubuhanuzi yahanuriwe

account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Abahanzi barimo Pamanento, Sicha One, Fifi Raya, Oxygen ndetse na Nadiya Nana bagiye guhurira mu ndirimbo bise 'Kora'.

Aba bahanzi bari mu bahesha ishema umuziki nyarwanda, bahurijwe hamwe na Mr Reality Present naho iyi ndirimbo ikazashyirwa kuri YouTube channel ya Umurimo TV

Abahanzi barimo Pamanento, Sicha One, Fifi Raya, Oxygen ndetse na Nadiya Nana bagiye guhurira mu ndirimbo bise 'Kora'. Aba bahanzi bari mu bahesha ishema umuziki nyarwanda, bahurijwe hamwe na Mr Reality Present naho iyi ndirimbo ikazashyirwa kuri YouTube channel ya Umurimo TV
account_circle
Ministry of Youth and Arts | Rwanda(@RwandaYouthArts) 's Twitter Profile Photo

🚨Itangazo!

Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, iramagana ubujura bushukana bukomeje gukorerwa ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko WhatsApp groups.

Turamenyesha urubyiruko rwose ko amahirwe abagenewe anyuzwa ku mbuga nkoranyambaga za Minisiteri.

🚨Itangazo! Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, iramagana ubujura bushukana bukomeje gukorerwa ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko WhatsApp groups. Turamenyesha urubyiruko rwose ko amahirwe abagenewe anyuzwa ku mbuga nkoranyambaga za Minisiteri.
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Chairman Pang Xinxing of StarTimes Group Invited to Attend the 2024 Harvard Kennedy School China Conference

On April 20-21, the 5th Harvard Kennedy School China Conference was held at the Harvard Kennedy School. On the evening of the 21st, Pang Xinxing, the Chairman of

Chairman Pang Xinxing of StarTimes Group Invited to Attend the 2024 Harvard Kennedy School China Conference On April 20-21, the 5th Harvard Kennedy School China Conference was held at the Harvard Kennedy School. On the evening of the 21st, Pang Xinxing, the Chairman of
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Ku isabukuru y’umugabo we, Isimbi Model yashimiye Imana yamuhaye umugabo mwiza ndetse yibutsa umugabo we urwo amukunda ndetse amusabira umugisha ku mana.

Yagize ati 'Isabukuru nziza rukundo rwanjye. Uyu ni umunsi wawe udasanzwe rukundo rwanjye. Ndashima Imana yakuremye ariko

Ku isabukuru y’umugabo we, Isimbi Model yashimiye Imana yamuhaye umugabo mwiza ndetse yibutsa umugabo we urwo amukunda ndetse amusabira umugisha ku mana. Yagize ati 'Isabukuru nziza rukundo rwanjye. Uyu ni umunsi wawe udasanzwe rukundo rwanjye. Ndashima Imana yakuremye ariko
account_circle
Inyarwanda.com(@Inyarwandacom) 's Twitter Profile Photo

Shampiyona y'icyiciro cya kabiri mu bagabo yakomezaga hakinwa umukino w'umunsi wa 22 mu itsinda rya A na 21 mu itsinda rya B.

Ikipe ya Ivoire Olympic yatewe mpa ya 3 muri uyu mwaka w'imikino, itegeko rivuga ko ikipe itewe mpaga ihita ikurwa mu irushanwa, gusa mpaga ziri mu

Shampiyona y'icyiciro cya kabiri mu bagabo yakomezaga hakinwa umukino w'umunsi wa 22 mu itsinda rya A na 21 mu itsinda rya B. Ikipe ya Ivoire Olympic yatewe mpa ya 3 muri uyu mwaka w'imikino, itegeko rivuga ko ikipe itewe mpaga ihita ikurwa mu irushanwa, gusa mpaga ziri mu
account_circle